Ubushakashatsi: Ubwoya bwâimbwa bugira udukoko duke ku twâubwanwa bwâumuntu
Mu bushakashatsi bwakozwe nâabahanga mu byâubumenyi bushingiye ku buzima mu Busuwisi, bakoze basanze ubwanwa bwâumuntu buba bubitse udukoko twinshi kuruta utwâubwoya bwâimbwa bubika. Ni ubushakashatsi bwari bugamije kureba niba imbwa zidashobora kwanduza umuntu indwara bitewe nâudukoko tuba mu bwoya bwazo, batungurwa no gusanga umuntu ufite ubwanwa bwinshi ari we kibazo kurusha. Andreas Gutzeit, umwe mu […]
Kenya: Ubwo abapolisi barebaga Barà §a na Man. U, amabandi yabibye imbunda
Kenya-Ubwo abapolisi barebaga umupira wa FC Barcelona na Manchester United mu mikino ya UEFA Champions League, amabandi yabaciye mu rihumye yiba imbunda eshatu. Amakuru dukesha Nile Post aravuga ko ubu bujura bwabereye ku kigo cyâabapolisi cya Kobujoi mu gace ka Nandi. âAbapolisi bose bari bavuye ku kigo bagiye kureba umupira ku isoko rihegereye, bagarutse bageze […]
Hahishuwe ukuntu Moise Katumbi yafashije Kabila kugera ku butegetsi nâuko yahemukiwe nyuma
Uwahoze akuriye inzego zâubutasi za Zambia, Xavier Chungu, aremeza ko umunyapolitiki Moise Katumbi wahoze ari Guverineri wâIntara ya Katanga, yatanze inkunga yâasaga miliyoni 20 zâamadolari mu rugamba rwo gukura Congo mu butegetsi bwa Mobutu Sese Seko yari amazeho imyaka 32. Mu kiganiro cyatambutse kuri Diamond Tv, Chungu (uri ku ifoto na Katumbi) yavuze ko Katumbi, […]
Burundi: Umupolisi yarashe umuturage wari wanze kumugurira inzoga
Umupolisi uzwi ku izina rya Mwarabu wakoraga kuri sitasiyo ya polisi muri Komini Mugina, Intara ya Cibitoke, yishe arashe mu ijoro ryo ku wa 16 Mata 2019, umugabo witwa Didace Nsanze, uri mu kigero cyâimyaka 30, amusanze mu kabari. Uyu mugabo yarasiwe i Rugajo, abari bahari bakavuga ko uwishwe yinjiye mu kabari umupolisi aza amukurikiye, […]
Birangiye Omar al-Bashir ashyizwe mu gihome
Omar al-Bashir wahoze ari Perezida wa Sudani yajyanywe muri gereza irinzwe bikomeye ya Kobar yo muri icyo gihugu, nyuma y’iminsi ahiritswe ku butegetsi n’igisirikare ku gitutu cy’abigaragambya. Abo mu muryango we batangaza ko yatwawe ku wa kabiri nijoro tariki ya 16 Mata 2019, akajyanwa muri iyo gereza iri mu murwa mukuru Khartoum – gereza yahoze […]
Davido yasobanuye impamvu agiye kumara ukwezi adakora kuri telefoni
David Adedeji Adeleke uzwi ku izina rya Davido yavuze ko agiye kumara ukwezi kose adakora kuri telefoni ze cyangwa ngo agire ibiganiro yari asanzwe agirana nâinshuti ze ku mbuga nkoranyambaga. Ashimangira ko agiye guhugira ku mushinga wo gushyira hanze album. Davido yabitangaje ibinyujije ku rukuta rwe wa Instagram aho avuga ko agiye kuba ahuze cyane. […]
Gen. Iyamuremye ukuriye FDLR arakekwaho kuba inyuma yâifatwa rya Bazeye na Abega
Vuba bidatinze ngo mushobora kumva gucikamo ibice gukomeye mu buyobozi bwa FDLR , aho amakuru avuga ko umuyobozi wayo, Gen Iyamuremye Gaston uzwi nka Byiringiro ngo yaba ari mu mazi abira ashinjwa kugambanira bagenzi be bigatuma batabwa muri yombi. Mu mwaka ushize wa 2018, abayobozi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bataye muri yombi Lt […]
Umugore nâumugabo batawe muri yombi ku bwo guterera akabariro muri pisine abana barebera
Umugore witwa Dawn Danielle Klein nâumugabo we, Aaron Hayes Miller batuye mu gace ka Montana muri Amerika kuwa Gatanu batawe muri yombi nyuma yo gukorera imibonano mpuzabitsina muri pisine, iruhande rwâabana. Ikinyamakuru New York Daily News dukesha iyi nkuru kivuga ko aba bombi bifashe bagatera akabariro ku karubanda ndetse nâabagerageje kubabuza bakabima amatwi. Polisi yaje […]
ADEPR/Nyarugenge: Umugabo yatanze ubuhamya bwâinzira yâumusaraba yaciyemo muri jenoside bukora benshi ku mutima
Ukundayesu J.M.V ni umugabo utuye mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali, ubwo yatangaga ubuhamya bwâubuzima yanyuzemo muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, benshi mu bari bamuhanze amaso ndetse banamuteze amatwi, bwabakoze ku mutima. Ni ubuhamya Ukundayesu warokotse jenoside, yatangiye mu rusengero rwa ADEPR/Muhima, ubwo iri torero mu rwego rwâAkarere ka Nyarugenge ryibukaga abari abayoboke […]
Impamvu toni 90 za sima zivuye muri Uganda zangiwe gucuruzwa mu Rwanda
Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Ubuziranenge mu Rwanda ( RSB) gitangaza ko mu kwezi gushize cyanze ko toni 90 za sima zivuye muri Uganda zicuruzwa mu Rwanda ku bwo gukemanga bimwe mu bigize ubuziranenge bwazo. Iki kigo gitangaza ko izi sima zâuruganda rwa Hima rwo muri Uganda zitari zujuje ubuziranenge ku buryo zakoreshwa mu Rwanda. Umuyobozi wa […]
Perezida Tshisekedi yahishuriye abaturage be icyo yaganiriye na Perezida Kagame na Museveni
Mu mpera zâukwezi gushize nibwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasuye u Rwanda anagirana ibiganiro na Perezida Kagame akubutse muri Uganda, aho naho yari yahuye na Perezida Museveni. Uyu muperezida mushya wa Congo akaba yatangarije abaturage be ko ibiganiro yagiranye n’abaturanyi be, bigamije gushakira amahoro n’umutekano akarere muri rusange. Mu ruzinduko […]
Somalia: Amerika iremeza ko yivuganye numero ya 2 mu ishami rya Islamic State
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko zivuganye uwari wungirije umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Somalia mu bitero zikomeje kugaba ntagondwa zo muri iki gihugu zitwaza Idini ya Isilamu. Abdulhakim Dhoqob, wari wungirije umuyobozi mukuru wa Islamic State akaba yarishwe ku Cyumweru, itariki 14 Mata mu gitero cyâindege cyagabwe mu majyaruguru ya Somalia nkâuko […]
Leta ya Uganda yiteguye guha Omar al- Bashir ubuhungiro
Leta ya Uganda kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko ifite ubushake bwo guha ubuhungiro Omar al- Bashir uherutse guhirikwa ku butegetsi nâingabo zâigihugu. Uganda ivuga ko uyu mugabo aramutse asabye ubuhungiro yabuhabwa bitewe nâuruhare yagize mu mishyikirano yâamahoro mu gihugu cya Sudani yâAmajyepfo. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga wa Uganda, Henry Okello Oryem […]
RDC: Perezida Tshisekedi i Beni yijeje kurangiza ibikorwa by'umutwe wa ADF
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mata yatangiye uruzinduko rwâakazi mu burasirazuba bwâigihugu bwabaye isibaniro yâimitwe yâinyeshyamba itandukanye ndetse nâIgisirikare cya leta. Yageze mu Mujyi wa Beni, ahishwe abantu amagana kuva mu 2014. Muri ubu bwicanyi, Leta ya Congo irega umutwe wâinyeshyamba zâAbagande, ADF, kuba inyuma […]
Rubavu: Hafatiwe ubwato bupakiye ibicuruzwa bya magendu
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu umurenge wa Nyamyumba kuri uyu wa 15 Mata yafashe ubwato bwari bupakiye magendu Chief Inspector of Police (CIP) Innocent Gasasira Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba yavuze ko kubufatanye nâabaturage Polisi ikorera mu murenge wa Nyamyumba yafatiye mu kiyaga cya Kivu abantu bane binjizaga ibicuruzwa byiganjemo inkweto nâimyenda bya […]
Umuyobozi mukuru wa FDLR yitabye Imana
Amakuru aturuka mu Budage kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mata 2019, aravuga urupfu rwâumuyobozi mukuru wa FDLR, Dr Ignace Murwanashyaka, witabye Imana kubera ikibazo cyâuburwayi yari afite Dr. Ignace Murwanashyaka yitabye Imana tariki ya 16 Mata 2019, azize uburwayi ubwo yari mu bitaro, bamaze kumubaga mu gihugu cyâu Budage, igihugu atuyemo kuva mu […]
Uganda irimo gushaka uburyo ikibazo ifitanye nâ u Rwanda cyakemukira mu biganiro
Minisitiri wâububanyi nâamahanga muri Uganda yatangaje ko barimo kwifashisha ibiganiro kugira ngo bakemure ibibazo biri ku mipaka yâibihugu byombi. Ibyo yabivugiye mu kiganiro ubwo yagezaga ingengo yâimari ikenewe mu mwaka wâ2019/20, ku kanama gafite mu nshingano ububanyi nâamahanga uyu munsi Ku wa 16 Mata 2019. Minisitiriwâububanyi nâamahanga Okello Oryem, yavuze ko bafitanye ikibazo na Leta […]
Me Ntaganda avuga ko ari impamvu za politiki zituma ashinjwa kugira uruhare muri jenoside
Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda avuga ko hari umugambi uhari wo kumwangisha rubanda binyuze mu kuvuga ko yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku mbuga nkoranyambaga byâumwihariko kuri facebook hari ubutumwa buvuga ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango basaba ko Me Ntaganda yatabwa muri yombi agashyikirizwa […]
Ikigo cyâubucuruzi bukorerwa kuri âInternetâ cyo mu Bushinwa kigiye gufungura ishuri ku Banyarwanda.
Ikigo gikomeye cyâubucuruzi bukorerwa kuri ââInternetâ cyo mu Bushinwa , Alibaba, kizatangiza ku mugaragaro ishuri ryâicyiciro cya mbere cya kaminuza ku banyeshuri bâAbanyarwanda muri Nzeri 2019. Amakuru aturuka mu kigo cya Alibaba, ishuri ryâubucurizi, avuga ko abanyeshuri mirongo 30 baziga mu ishuri ryabo ryigisha ubucuruzi mpuzamahanga bwambukiranya imipaka hifashishijwe murandasi. Abo banyeshuri bakaziga imyaka ine […]
Bill Weld wahoze ari Guverineri yiyemeje kuzahangana na Perezida Trump mu matora
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye guhura n’ihatana rikomeye mu ishyaka rye ry’abarepubulikani mbere yuko amatora ya Perezida wa Amerika aba mu mwaka utaha. Bill Weld w’imyaka 73 y’amavuko wahoze ari guverineri wa leta ya Massachusetts, yabaye uwa mbere wo mu ishyaka ry’abarepubulikani utangaje ko azahatana na Bwana Trump mu mwaka […]
RDC: Impunzi zâAbarundi zitaraka kurya rimwe ku munsi nâindi mibereho mibi
Impunzi zâAbarundi zibarirwa muri 200 ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zitangaza ko zibayeho mu buzima bubi bwiyongeraho kurya rimwe ku munsi. Izi mpunzi ziganjemo abagore nâabana, ni izahunze mu Burundi mu byumweru bibiri bishize, zikaba zicumbikiwe mu nkambi ya Sange na Kavimviri, muri Teritwari ya Uvira, Intara ya Kivu yâAmajyepfo. Izi mpunzi zitangaza […]
Uganda/ Kisoro: Umunyarwanda yarashwe ahita apfa
Umuturage witwaga Sabaho Lambert wari ufite imyaka 52 yâamavuko, nâ ubwenegihugu bwâu Rwanda, yarasiwe mu Karere ka Kisoro muri Uganda ahita apfa. Lambert yari asanzwe ari umuyobozi mukuru wâuruganda rukora imitobe rwa Isimbi Wines, yarashwe nâumuntu utaramenyekana ubwo yatahaga iwe mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 15 Mata 2019. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Chimpreports […]
U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana
Ubwo mu Murenge wa Kiyumba, mu cyahoze ari Komini Nyabikenke bibukaga ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,  umuyobozi wâIntara yâAmajyepfo, Gasana K.Emmanuel yahumurije abarokotse jenoside ababwira ko imbaraga zakoreshejwe nâingabo za FPR- Inkotanyi zirokora U Rwanda ntaho zagiye ahubwo ngo zikubye kabiri. Guverineri Gasana avuga ko U Rwanda rurinzwe kandi rufite umutekano […]
Umugore nâumugabo batawe muri yombi ku bwâurusaku bateje mu gihe cyâakabariro
Umugore nâumugabo bo mu gace ka Meru batawe muri yombi banacirwa urubanza mu rukiko baryozwa guteza induru mu gihe cyâakabariro. Chacha Mwiti wâimyaka 24 na Joan Makokha wâimyaka 31 bagejejwe mu rukiko bashinjwa guteza urusaku. Ni nyuma yâaho umupfumu witwa Magoola Twaha yageragezaga kubatandukanya. Nyuma yâibi byose polisi yaje kugera kuri âlodgeâ yitwa Palm Guest […]
Amb. Nduhungirehe ntiyatunguwe nâicyemezo cyâishyaka ryâAbasosiyalisiti mu Bufaransa
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje kudatungurwa nâicyemezo cyâishyaka ryâAbasosiyalisiti mu Bufaransa (Parti Socialiste) cyo kutifatanya nâandi mashyaka mu gusaba Perezida Emmanuel Macron kuzitabira imihango yo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi akazanafata ijambo akavugisha ukuri ku ruhare rwâu Bufaransa . Ni nyuma kuri uyu wa Mbere, itariki 15 […]
Chameleone: Muzabona inkubi muri politiki itazasiga nâibyatsi bigihagaze
Umuhanzi wamamaye mu Bugande, Joseph Mayanja uzwi nka Chameleone yasabye abamushyigikiye kuba maso ngo kuko mu 2021 azakura ku ntebe umuyobozi wâumugi wa Kampala, Erias Lukwango, ayicareho. Chameleone yakomeje ashimangira ku umwaka wâ2021 uzatorwamo umukuru wâigihugu cyâ Ubugande uzamubera mwiza, haba ku bafana nâabakunzi be. Yakomeje abwira aba baturage bo mu gace ka Kawempe yavukiyemo […]
Bujumbura: Umuyobozi wâImbonerakure yishwe akubiswe ubuhiri
Ndihokubwayo Jean Claude wari umuyobozi wâImbonerakure zâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, mu gace ka Rohero, Komini Mukaza yishwe nâabantu bataramenyekana. Jean Claude yiciwe mu mujyi wa Bujumbura ahagana saa moya zâijoro (19:00), ryo ku Cyumweru tariki ya 15 Mata 2019, hafi yâikicaro gikuru cya Banki ya Bancobu, akubiswe impiri mu mutwe nâumuntu […]
Gicumbi: Bazesa umuhigo wo gukurikirana umugoroba wâababyeyi batawitabira
Nyobozi yâAkarere ka Gicumbi ivuga ko umuhigo wo gukurikirana ibikorwa byâumugoroba wâababyeyi ugeze kuri 75% weswa, nyamara abajyanama bo bakayisaba guhuza imibare nâubwitabirwe bwabo bukiri hasi. Ubwo inama njyanama ya Gicumbi yateranaga kuri iki cyumweru tariki 14 Mata 2019, komite nyobozi yerekanye ko mu mihigo 65 yiyemeje harimo uwo gukurikirana uko umugoroba wâababyeyi ukorwa, bikaba […]
Perezida Tshisekedi yasabwe kwimura umurambo wa Mzee Kabila no kubura urubanza rwâabamwishe
Ishyaka CRDD (Conscience RĂ©publicaine pour la DĂ©mocratie et le DĂ©veloppement) niryo risaba Perezida Tshisekedi Felix umaze amezi ane atorewe kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gusubirishamo vuba urubanza nâabahamwe nâicyaha cyo kwica Perezida Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila.  Iri shyaka ryagejeje ubusabe bwaryo kuri Perezida ribicishije mu itangazo ryasohoye rishyirwaho umukono na Perezida waryo, Huit Mulongo, unasaba […]
Kwibuka25: Hibutswe Abatutsi biciwe I Ruhanga
Kuwa mbere tariki ya 15 Mata 2019, Abanyarwanda baturutse hirya no hino baje kwibukira ku rwibutso rwâI Ruhanga (i Rusororo) mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa mbere tariki 15 Mata 2019, hibukwa Abatutsi basaga 15000 biciwe ku rusengero rwâAbangilikani rwa EAR Ruhanga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Uru rusengero ubu ni […]
Umunyarwanda Kayihura Modeste wiyita umuhanuzi yirukanwe mu Burundi
Umunyarwanda, Kayihura Modeste wiyita Umuhanuzi yirukanwe mu gihugu cyâu Burundi ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo gufata ku ngufu. Igipolisi cyâu Burundi kikaba cyatangaje ko kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Mata, hafashwe icyemezo cyo gusubiza Kayihura Modeste mu Rwanda kuko ari ho akomoka. Uyu mugabo uvuga ko abona ibyo abandi batabasha kubona nkâuko urubuga Ubmnews rwo […]
Bamwe mu bakora mu rwego rw'ubuzima mu Rwanda batangiye gukingirwa Ebola
Leta y’U Rwanda yatangiye gukingira indwara ya Ebola bamwe mu bakozi bo mu rwego rw’ubuzima bikekwa ko bashobora kuba bahura n’abarwayi mu gihe iyi ndwara imaze igihe ivugwa muri Kongo bituranye, yaba igeze mu Rwanda. Uru rukingo rukiri mu rwego rw’igeragezwa ngo ruzahabwa abakozi bo ku rwego rw’ubuzima bakorera imirimo inyuranye mu bitaro n’amavuriro matoya. […]
Nyamagabe: Hafashwe imodoka ipakiye ibiro 67 by'urumogi
Ibi Polisi ibitangaje kuri uyu wa 14 Mata nyuma yaho mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Kitabi hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Toyota corolla RAA 388 N ipakiye ibiro 67 byâurumogi. Iyi modoka yavaga mu karere ka Rusizi yerekeza mu karere ka Huye, yari itwawe na Sibomana wâimyaka 28 ari kumwe na Nkurunziza […]
USA: Pete Buttigieg arashaka kuba perezida wa mbere wemera ko ari umutinganyi
Umuyobozi wâumugi wa South Bend muri Indiana, Pete Buttigieg wiyemereye ko ari umutinganyi mu 2015, yatangiye kwiyamamariza umwanya wo kuba umukandida uzahagararira ishyaka ryâabademukarate mu matora yâumukuru wâigihugu yo mu 2020. Pete afite iturufu yo kuzana politiki ihabanye nâiyo umukuru wâigihugu, Donald afite yo avuga ko itakigezweho. Aramutse abaye perezida, ngo yagabanya intwaro mu baturage, […]
Kiliziya ya Notre Dame de Paris yahiye, Macron asubika gahunda ye
Kiliziya ya Notre Dame de Paris iherereye mu mugi wa Paris mu Bufaransa ifashwe nâinkongi yâumuriro ku mugoroba wâuyu wa 15 Mata, ituma Perezida Emmanuel Macron asubika imbwirwaruhame ye. Inzego zâumutekano muri uyu mugi zivuga ko iyi nkongi yaje ari impanuka(nta muntu uri inyuma yayo) ahubwo ishobora kuba yatewe nâibikorwa byo gusana iyi kiliziya. Iyi […]
Irobo rizwi nka Sophia rizitabira inama mpuzamahanga yita ku ikoranabuhanga i Kigali
Umunyamabanya wâikigo gitegura inama mpuzamahanga yita ku ikoranabuhnaga muri Afrika,Transform Afurika, yatangaje ko banejejwe no gutangaza ko irobo rimeze nkâumuntu rizwi nka Sophia rizitabira inama iteganyijwe ku wa 14 kugeza ku wa 17 Gicurasi, i Kigali. Sophia ni Robot imeze nkâumuntu neza neza. Ifite ibice byâumubiri bimeze nkâibyâumuntu. Ifite umutwe, amaso abiri,amaboko abiri,amaguru abiri,umunwa nâibindi […]
Afrika yâ Epfo: Abimukira bagabweho ibitero habura ubiryozwa
Umuryango wita ku burenganzira bwa muntu, Human Right Watch, kuri uyu wa 15 Mata 2019, wasabye Leta yâAfurika yâEpfo kugeza imbere yâubushinjacaha abagize uruhare mu bitero byagabwe ku bimukira mu byumweru bitatu byashize. Ibyo bitero bishingiye ku ivangura byasize abimukira bo muri Malawi basaga 300 bakuwe mu byabo, bihitana abimukira 6 abandi benshi barakomereka. Nkâuko […]
Ngoma: Basabwe gutanga amakuru yâahari imibiri yâabishwe muri jenoside itarashyingurwa mu cyubahiro
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 14 Mata 2019 mu Karere ka Ngoma habaye umugoroba wo kwibuka Abatutsi 25.000 bashyinguwe mu Rwibutso rwa Kibungo ruherereye mu Murenge wa Kibungo. Mu butumwa umuyobozi wâIntara yâIburasirazuba yagejeje ku baturage bitabiriye uwo mugoroba wo kwibuka yabasabye gutanga amakuru bakavuga ahari imibiri yâAbatutsi bishwe muri jenoside kugirango nayo […]
Umugore wari mu bâimbere mu myigaragambyo yahiritse Omar Bashir arahigwa bukware
Umugore wari mu bâimbere mu myigaragambyo yahiritse ubutegetsi bwa Omar El Bashir, Alaa Salah arashakiswa bikomeye nâabari bashyigikiye uyu muperezida. Mu gihe cyâimyigaragambyo karundura, Salah yagaragaye ari hejuru yâimodoka mu Mujyi wa Khartoum ari nako avuga ubutumwa bukubita ahababaza ubutegetsi bwa Bashir byâumwihariko ku ibura rya demukarasi nâimiyoborere myiza mu gihugu cye. Nyuma yâiyi myigaragambyo, […]
Amb. Eugene Gasana mu bukangurambaga bwa RNC kuva mu 2016
Ambasaderi Eugene Gasana, wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni mbere yo kwanga kugaruka mu gihugu asimbuwe kuri uyu mwanya mu 2016, ngo yaba yaratangiye gukorera RNC kuva icyo gihe aho agenda akora ingendo zitandukanye hirya no hino ku Isi mu bukangurambuga bwa RNC akoresheje ibyangombwa bya Uganda nyuma yo kubeshya inzego zishinzwe abinjira nâabasohoka muri […]
Kwibuka no kunamira abacu bazize Jenoside ni inshingano dufite twese nk'Abanyarwanda- Hon. Mukabalisa
Perezida wâInteko Nshingamategeko, umutwe wâAbadepite, Mukabalisa Donatile avuga ko kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ari ugusubiza abambuwe agaciro kabo ubwo bicwaga, bityo ko ntawe ukwiye kubiharirwa ahubwo ko ari ibyâAbanyarwanda bose. Yabitangarije i Nyamata mu Karere ka Bugesera, ahabereye umuhango wo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe muri aka Karere. Akavuga ko n’ubwo hari […]
Nyamasheke: Abarokotse Jenoside bashimiye umupasiteri wabarokoye
Kwibuka abari abashumba bâamaparuwasi, nâabandi bayoboke  bâitorero ADEPR ku rwego rwâakarere ka Nyamasheke bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi byaranzwe no gushimira byâumwihariko RĂ©v.pasiteri Nzabagurira Fabien, umushumba wa paruwasi ya Buhinga warokoye abagera ku 10 barimo abo mu muryango wâumushumba wari umwungirije, bayoboranaga muri Paruwasi ya Korwe, mu murenge wa Kanjongo wâubum RĂ©v.pasiteri Murekezi Thomas. Nkâuko […]
Burundi: Umuturage wari uvuye gusura umugore we mu bitaro yagizwe intere nâImbonerakure
Umuturage witwa Gatera Ernest wo mu gace ka Kavugangoma, Komini Mwakiro, Intara ya Muyinga, arembye bikomeye nyuma yo gukubitwa akagirwa intere nâImbonerakure zigizwe nâurubyiruko rwâIshyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. Gatera Ernest yakubiswe ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2019, ubwo yari avuye ku kigo nderabuzima cya Rugabano, gusura umugore we wari ku […]
Iburasirazuba: Abayobozi basabwe kwirinda kuvangura abo bayobora bakababonamo ubunyarwanda
Mu muhango wo kwibuka abari abakozi nâabayobozi ba perefegitura nâamasuperefegitura, Umuyobozi wâIntara yâIburasirazuba yasabye abayobozi nâabakozi kwirinda ivangura abo bayobora bakababonamo ubunyarwanda aho kubabonamo amoko . Guverineri Mufulukye Fred yabwiye abayobozi ko bakwiye gutandukana nâabayobozi ba mbere ya jenoside baranzwe nâamacakubiri bakica abo bakoranaga ndetse nâabaturage bari bashinzwe kuyobora. Yagize ati: âHari generation yaranzwe nâivangura iza […]
U Bufaransa bwafatiriye imitungo yâabantu bane begereye ubutegetsi mu Burundi
U Bufaransa bwatangaje ko bwafatiriye imitungo yâabayobozi bane bâu Burundi bushinja kubangamira demokarasi cyangwa uruhare mu bikorwa byâubugizi bwa nabi byakozwe mu 2015 nyuma yâaho Perezida Nkurunziza atangarije ko aziyamamariza iyi manda yenda gusoza nkâuko iteka ryagiye ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki 14 Mata mu Igazeti ya Leta rivuga. Abantu imitungo yabo iri mu Bufaransa […]
Sudani: Abari bagize Guverinoma ya Omar Al-Bashir batawe muri yombi
Abari bagize guverinoma ya Perezida Omar Al-Bashir uherutse guhirikwa ku gitutu cy’abigaragambya muri Sudani, batawe muri yombi nâAkanama k’inzibacyuho ka gisirikare kayoboye igihugu Aka kanama kanasezeranyije ko nta uzongera gutatanya abigaragambya. Umuvugizi w’aka kanama yasabye abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta guhitamo Minisitiri w’intebe kandi ko bazubahiriza ibyifuzo byabo. Kuva mu kwa 12 umwaka […]
Karongi: Baragaya abiyitaga abakozi b'Imana bijanditse muri Jenoside
Ubuyobozi nâabakristo bâitorero ADEPR mu karere ka Karongi  bagaya byimazeyo abiyitaga abakozi bâImana bijanditse muri Jenoside yakorewe abatutsi bakica abo basenganaga nâababayoboraga muri uwo murimo. Babigaragaje mu muhango wo kwibuka abari abapasiteri, abadiyakoni nâabandi bakristo bâiri torero bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi, abamaze kumenyekana ubu bakaba ari 703, amazina yabo yanditse ku kimenyetso cyâamateka ya […]
Ubuhamya bwa Munyanshoza Dieudonné wajombywe icumu mu rubavu anajugunywa muri Nyabarongo
Munyanshoza DieudonnĂ© warokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, atanga ubuhamya bwâibihe bigoye yanyuzemo muri jenoside, avuga ko yamugizeho ingaruka mu buryo butandukanye burimo kuba yarabuze bamwe bo mu muryango we, kutiga kandi yari afite ubwenge nâibindi bikomere bitandukanye. Ni umugabo, arubatse, afite abana nâumugore, akaba atuye mu Kagari ka Rutonde, Umurenge wa Shyorongi, […]
Libya: Loni iratabariza abimukira nâimpunzi bafunze mu gihe imirwano ikomeje gufata intera
Amashami yâUmuryango wâAbibumbye ashinzwe ubutabazi aratabariza ibihumbi byâimpunzi nâabimukira bafungiwe mu magereza yo muri Libiya ari hafi yâahabera imirwano, aho ubuzima bwabo busa nâuburi mu kaga. Mu gihe umutekano mu murwa mukuru Tripoli ukomeje kugenda wangirika kubera imirwano irimo kubera mu nkengero zawo isatira mu mujyi rwagati, Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima, OMS, riratangaza […]
Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!
Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bwâiyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe nâibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru. Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda nâamarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire nâushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe […]
Musanze: Inka zâabayobozi bakomeye ziragirwa mu birayi byâabaturage uvuze agakubitwa
Abaturage bo mu Murenge wa Cyuve barataka ihohoterwa bakorerwa nâabashumba biyita abâabayobozi bakomeye baragira inka mu birayi byabo, bagira icyo bavuga bagakubitwa. Bamwe muri aba baturage babwiye RBA dukesha iyi nkuru bavuze ko aba bashumba bavuga ko ibyo bakora nta kibazo kirimo kuko ngo abo ba Afande bahemba abadaso icumi ku munsi naho âhome guardsâbagahemba […]
Namaze amasaha abiri nseka- Mushiki wa Diamond amaze kubona indirimbo ya se
Mushiki wâumuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, Queen Darleen avuga ko yamaze amasaha abiri arimo guseka nyuma yo kubona indirimbo se, Mzee Juma, yaririmbyemo. Juma yakoranye indirimbo nâabahanzi bo muri Tanzania, Sungura Madini na  Blod Gaza, bise âUmenikamataâ, Darleen avuga ko iteye ibitwenge. Queen Darleen avuga ko amaze kuyibona, yasetse cyane kugera ubwo umutwe umurya, […]
Kunanirwa kwihangana ni ko gutsindwa intambara- Gandhi
Nkâuko twabibizeje gukomeza tubagezaho amagambo atagira uko asa yavuze nâimpirimbanyi yâamahoro wagejeje u Buhundi ku ubwigenge bigobotora ingoma yâubukoloni yâAbongereza , intambara Gandhi yarwanye ntiyigeze irangwamo ibikorwa byâurugomo nko kumena amaraso ahubwo yahamagariraga abene gihugu kutumvira no kutubaha ubutegetsi bwâubukoloni. Ubu buryo bwatumye bagera ku ntsinzi kandi ibihugu bitari bike ku isi byigana ubu buryo […]
Umusirikare wa FARDC ushinjwa kwica umunyeshuri yakatiwe igihano cyâurupfu
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakatiwe igihano cyâurupfu nâurukiko rwa gisirikare, ashinjwa kwica umunyeshuri wigaga muri Kaminuza. Uyu musirikare yakatiwe nâurukiko ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2019, nâurukiko rwa gisirikare rwa Butembo muri Teritwari ya Beni, nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwica umunyeshuri wo muri kaminuza ya Butembo, mu Ntara […]
#Kwibuka25: Ubuhamya bwa Past. Rwamarara wahatiwe na Col. Nsekarije gukinira Etincelles F.C cyangwa akajya mu 1930
Past. Rwamarara yavuze uburyo yahatiwe na Col. Nsekarije hamwe na Col. Buregeya gukinira ikipe ya Etincelles F.C cyangwa agahitamo kujya muri gereza ya 1930. Yanavuze uburyo yakorerwaga ivangura n’uburyo yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 binyuze mu nzira y’umusaraba. Reba video yose
VIDEO : ADEPR yasabye abakirisito bayo kwibohora ingoyi z'ibyaha bifitanye isano na Jenoside
Ntabwo ari buri Muhutu wifuzaga ko dupfa â Uwimana utaribagirwa ko yari atwite imvutsi muri jenoside
Nyuma yâimyaka 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, Denise Uwimana arakibuka ukuntu muri Mata 1994 yari atwite inda yâimvutsi kuko yari yujuje amezi acyenda, yihishe munsi yâigitanda mu kizenga cyâamaraso yâabo mu muryango we bari bishwe nta hantu hatekanye afite ho kubyarira mu gihe umuhungu we mukuru yamubazaga niba ari ryo herezo ryâIsi. Gusa […]
The Ben mu iserukiramuco rizamuhuza nâibyamamare byinshi by'Afurika
Mugisha Benjamin cyangwa se The Ben, ku izina ryo mu muziki, agiye guhurira nâibyamamare byinshi by’Afurika muri kamwe mu duce tw’iserukiramuco kazabera i New York ku wa 10 Kanama. Muri aba bahanzi harimo Diamond Platinumz wo muri Tanzania, Harmonize wa Tanzania, Wyclef Jean wo muri Haiti, Burna Boy wa Nigeria, 2Face, Tekno wa Nigeria, Tiwa […]
Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo
Mu Karere ka Muhanga hari abagore bavuga ko bagifite impungenge zâubuzima bwabo bitewe nâabagabo babo bakibakubita bitwaje umuco wa cyera wo kumva ko umugore yakubitwaga ,intandaro yâaya makimbirane ngo ni ukumva ko umugabo ari we ufite ijambo rya nyuma ku mikoreshereze yâumutungo wâurugo . Mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Cyeza ni hamwe mu […]
Kiliziya yandikiye Abanyarwanda ibaruwa isaba imbabazi ku bw'itangazo yatanze mu cyunamo
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Mata, Kiliziya Gatulika yandikiye Abanyarwanda ibasaba imbabazi ku bw’ubusabe yatanze mu gihe cy’icyunamo bugakomeretsa benshi. Muri iyi baruwa yashyizweho umukono na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Myr Filipo Rukamba yafunguye igira iti: “Muri iyi minsi Abepiskopi Gatolika twandikiye abakirisitu tubashishikariza gukomeza guharanira ubumwe n’ubwiyunge, gusaba imbabazi no kuzitanga […]