Ngoma: Baratabaza basaba kwishyurwa ibyangijwe hakorwa umuhanda Kayonza-Rusumo
Abaturage bo mu Murenge wa Kibungo, mu Kagari ka Mahango, Imidugudu ya Rebezo na Gisaka barasaba Leta kubarenganura bakishyurwa ibyangijwe hakorwa umuhanda Kayonza/ Rusumo. Aba baturage bavuga ko bamaze igihe basiragira basaba kwishyurwa ibyangijwe hakorwa uyu muhanda wa Kaburimbo watangiye gukorwa muri Kamena 2017 ariko na n’ubu bakaba batarabona ubakemurira ikibazo. Umuturage utuye mu Mudugudu […]
Ngoma : Barasaba gukemurirwa ibibazo by’imirongo ya telefoni ibangamirwa n’iminara y’i Burundi
Abaturage batuye mu mirenge yegereye ibiyaga bya Mugesera na Sake bemeza ko itumanaho rya telefoni ibibazo rifite bidakemutse byabatera igihombo, aho bavuga ko imirongo ya telefoni zigendanwa bakoresha ifite ibibazo biterwa n’iminara yo mu gihugu cy’u Burundi ituma batabasha kuvugana n’ababahamagara kuri telefoni zabo. Mazimpaka utuye mu Murenge wa Sake avuga ko ibigo by’itumanaho byanze […]
Gatsibo/Kiziguro : Abakora irondo ry’umwuga barataka kumara amezi atatu badahembwa
Abakora irondo ry’umwuga mu kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro barinubira gucunga umutekano badahembwa bityo ko bikomeje gutyo bashobora guhagarika aka kazi. Bavuga ko bamaze amezi 3 badahembwa umushahara bagomba guhabwa buri kwezi. Umwe muri bo ukorera mu kagari ka Ndatemwa avuga ko n’ubundi bagenerwa umushahara udahagije hakiyongeraho no kutawubahera igihe. Yagize ati “Buri kwezi […]
Gatsibo/Kiziguro : Abakora irondo barataka kumara amezi atatu badahembwa
Abakora irondo ry’umwuga mu kagari ka Ndatemwa barinubira gucunga umutekano badahembwa bakavuga ko badahawe amafaranga yabo bashobora guhagarika akazi bakoraga ko gucunga umutekano . Abanyerondo bavuga ko bamaze amezi 3 badahebwa umushahara wabo bemerewe bagomba guhabwa buri kwezi . Umwe mu banyerondo ukorera mu kagari ka Ndatemwa avuga ko bagenerwa umushahara udahagije nabwo bakaba bakora […]
Kirehe: Abafundi bubatse amashuri barataka kutishyurwa amafaranga bakoreye
Abafundi n’abayede bubatse ibyumba 12 by’amashuri mu murenge wa Gatore mu Karere ka Kirehe, Intara y’Iburasirazuba, barinubira kumara igihe bishyuza amafaranga bakorewe ntibishyurwe. Abafundi n’abayede babwiye bwiza.com ko bahawe akazi n’umurenge wa Gatore bakubaka amashuri ndese bakaba bamaze umwaka bishyuza ariko ntibishyurwe . Umwe mu bafundi avuga ko yakoraga ibirometero 10 agiye kubaka ibyumba by’amashuri […]