Rihanna yahunze

Umuhanzikazi wâicyamamare ku isi Rihanna yagaragaye ava mu mujyi wa Los Angeles ku wa Mbere nyuma yâigikorwa cyateye ubwoba cyabaye ku rugo rwe aho umuntu yarashe amasasu menshi agana ku nzu ye. Amafoto yafashwe nâabanyamakuru agaragaza imifuka nâimizigo ishyirwa mu modoka, nyuma ijyanwa ku kibuga cyâindege cya Van Nuys Airport, mbere yâuko indege itwara uyu […]
Urugo rwa Rihanna rwagabweho igitero

Urugo rwâicyamamare mu muziki Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri Leta ya California muri United States rwagabweho igitero cy’amasasu ku Cyumweru nyuma ya saa sita, nkâuko byatangajwe na polisi. Polisi ya Los Angeles Police Department yatangaje ko yakiriye amakuru yâamasasu yarashwe ahagana saa saba nâiminota 15 zâigitondo ku isaha yaho. Nyuma yâikorwa ryâiperereza […]
Yatanze amakarita 23 atukura mu mukino umwe

Abari baje kureba umupira wâamaguru hagati yâamakipe yâamakeba, Cruzeiro na AtlĂ©tico Mineiro, batahanye amatsiko nâurujijo nyuma yâaho umukino wahindutse imvururu zikomeye, bigatuma umusifuzi atanga amakarita atukura agera kuri 23 mu mukino umwe. Uyu mukino wari utegerejwe nâabafana benshi muri Brazil, watangiye ari umukino wâishiraniro ariko uza kurangira nabi cyane ubwo amakimbirane yatangiraga hagati yâabakinnyi. Byatangiye […]
Prince Salomon yibukije abantu ko Imana ari Data

Umuhanzi Prince Salomon yashyize hanze amashusho yâindirimbo ye nshya yise âBABAâ, indirimbo igaruka ku buhamya bwâubuzima bwe no gushimira Imana ku mirimo yamukoreye mu bihe bitandukanye. Iyi ndirimbo irimo ubutumwa bwo gushimira no guhimbaza Imana yamubaye hafi mu rugendo rwe rwâubuzima. Prince Salomon avuga ko yayihimbye nyuma yo gusubiza amaso inyuma akareba ibihe byinshi yanyuzemo, […]
Platini yavuze kuri Prophet Joshua waguze album âVibraniumâ ntayishyure

Umuhanzi Platini yatangaje ko atagifite byinshi avuga ku kibazo cya Prophet Joshua wigeze kwemerera kugura album Vibranium amafaranga angana na miliyoni 5 Frw ariko ntayishyure. Ibi byabereye mu birori byo kumurika iyi album ya Platini na Nel Ngabo byabaye ku wa 29 Kanama 2025 muri Zaria Court. Muri uwo muhango, Prophet Joshua yahagurutse imbere yâabari […]
Kwamamaza Congo muri Monaco bishobora gutuma Minisitiri wa Siporo yeguzwa

Minisitiri wa Siporo nâImyidagaduro wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu Ntubuanga, ari mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma yâuko hafunguwe iperereza ku masezerano igihugu cye cyagiranye nâikipe yâumupira wâamaguru ya AS Monaco. Aya masezerano yashyizweho umukono mu mwaka ushize, aho Leta ya RDC yemeye gutanga miliyoni 4.8 zâamayero mu gihe cyâimyaka itatu, mu […]
Abagore babiri bâAbanya-Uganda bafatiwe muri Thailand bakekwaho uburaya

Abagore babiri bakomoka muri Uganda batawe muri yombi ku kirwa cya Koh Phangan muri Thailand, bakekwaho gukora ibikorwa byâuburaya mu buryo bunyuranyije nâamategeko yâicyo gihugu. Nkâuko byatangajwe na polisi, hateguwe igikorwa cyihariye (sting operation) hifashishijwe WhatsApp, aho abapolisi bumvikanye nâabakekwaho ibyo bikorwa ko bazishyurwa amafaranga 5,000 baht ku nshuro ebyiri. Nyuma yâuko umupolisi wari wiyoberanyije […]
Netanyahu agereranya ubutegetsi bwa Iran nâumwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya

Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ku Cyumweru yifashishije amagambo yo muri Torah agereranya ubutegetsi bwa Iran nââAmalekiâ, umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya yâAbaheburayo. Nkâuko byatangajwe na Middle East Monitor, ayo magambo yayavugiye aho igisasu cya misile bivugwa ko cyaturutse muri Iran cyaguye. Yagize ati: âMu isomo rya Torah ryo muri iki cyumweru, dusoma […]
Haruna Niyonzima yasezeye burundu ku mupira wâamaguru

Uwahoze ari kapiteni wâIkipe yâIgihugu yâu Rwanda âAmavubiâ, Haruna Niyonzima, yatangaje ku mugaragaro ko asoje burundu umwuga we wâumupira wâamaguru nkâuwabigize umwuga, nyuma yâimyaka hafi 20 awukina ku rwego rwo hejuru. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru rya Times Sport, Niyonzima yavuze ko hari ibiganiro biri kugirana nâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda, Rwanda Football Federation (FERWAFA), bigamije […]
Rutahizamu w’umunya-Iran yasezeye ikipe ye ajya kurwanira igihugu

Rutahizamu wâikipe yâigihugu ya Iran, Mehdi Taremi, usanzwe akinira ikipe ya Olympiakos F.C. yo mu Bugereki, yatangaje ko yifuza gusubira iwabo muri Iran kugira ngo yinjire mu gisirikare, nyuma yâibitero bivugwa ko byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel kuri icyo gihugu. Uyu mukinnyi wâimyaka 33 yâamavuko, bivugwa ko yamaze kumenyesha ubuyobozi bwâikipe […]
Polisi y’u Rwanda yafunze abasore bakubise umukobwa i Musanze

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga bakubita ndetse banakurura umukobwa mu muhanda. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu Mujyi wa Musanze mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 1 Werurwe 2026, aho uwo mukobwa yakubitiwe mu muhanda rwagati. Mu mashusho, abo basore bagaragara […]
Koffi OlomidĂ© yasezeranye n’umugore we – Amafoto

Nyuma yâimyaka irenga 20 babana nkâumugabo nâumugore ndetse nâimyaka 15 bakoze ubukwe bwa gakondo, icyamamare mu njyana ya lumba muri Congo, Koffi OlomidĂ©, nâumuhanzikazi Cyndi Le CĆur, basezeranye ku mugaragaro imbere yâamategeko ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Gashyantare, mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa. Uyu muhango wabereye mu murenge wa […]
Kinshasha: Umusirikare yarashe umukinnyi bateretanaga umukobwa umwe

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Kinshasa, mu gace ka Camp Kokolo, habereye inkuru ibabaje yâumusore wâumukinnyi wâumupira wâamaguru witwa Dan Ngwengwa warashwe agahita apfa. Amakuru aturuka aho byabereye avuga ko uwamurashe ari umusirikare witwa Patrick Mabele. Ibi byabaye mu ijoro ahagana saa saba, aho bivugwa ko uyu musirikare yagiye mu rugo […]
Amasasu yumvikanye hafi yâibiro bya Perezida Captain Ibrahim TraorĂ©

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, humvikanye amasasu menshi hafi yâibiro byâUmukuru wâIgihugu cya Burkina Faso, i Ouagadougou, aho atuye kandi akorera Perezida Ibrahim TraorĂ©. Amakuru arambuye ku byabaye ntaramenyekana neza. Radiyo Radio France Internationale (RFI) yatangaje ko bishoboka ko ibyo byabaye bifitanye isano nâukutumvikana mu basirikare ku bijyanye nâimicungire yâumutekano, cyane […]
Rubavu: Impanuka yâikamyo yahitanye abantu 11

Ku wa 27 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, habereye impanuka ikomeye yâikamyo yahitanye abantu 11, abandi barakomereka. Iyi mpanuka yabaye ahagana Saa Munani zâigicamunsi, mu Kagari ka Nengo, Umudugudu wa Nyaburanga. Ikamyo yo mu bwoko bwa BENZ yagonze moto yari itwaye abantu babiri bahita bitaba Imana, nyuma igonga abanyamaguru babiri […]
Hip Hop nyarwanda yungutse igihangano gishya: âImirimoâ ihamagarira urubyiruko gukora cyane no kutacika intege

Ados Muzika yashyize hanze indirimbo nshya yise âImirimo ya Big Boyâ yakoranye na Skilibombe, atangiza umwaka wa 2026 nâumushinga mushya wâumuziki. Iyi ndirimbo yasohotse ku wa 28 Gashyantare 2026, ikaba ari yo ya mbere asohoye muri uyu mwaka ndetse iri no kuri album ye nshya yitwa âMa Vie.â Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, Ados Muzika yasobanuye […]
Shakib Lutaaya yahakanye gutandukana na Zari Hassan

Shakib Lutaaya yatangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yatandukanye nâumugore we Zari Hassan atari ukuri. Yasobanuye ko urugo rwabo ruhagaze neza, nta kibazo na kimwe kiri hagati yabo, anashimangira ko bagikundana nkâuko byahoze. Yavuze ko abantu bamwe bakunda guhanga inkuru zidafite gihamya kugira ngo bakurure amarangamutima yâababakurikira. Shakib yongeyeho ko […]
Theo Bosebabireba yahakanye gusenya urugo rwâumugore babyaranye

Umuhanzi wâindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba yahakanye amakuru aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga amushinja kuba yaragize uruhare mu gusenya urugo rwâumugore babyaranye. Ibi byakurikiye amashusho yâikiganiro cyatanzwe na Ruth Muhayimana, aho yavuze ko gutandukana nâuwari umugabo we byatewe nâamakimbirane akomeye mu rugo, akavuga ko uwo muhanzi yabigizemo uruhare. Yagaragaje ko ubuzima arimo […]
Ukuntu Umukobwa wa Pasiteri Antoine Rutayisire yaretse kujya mu tubyiniro kubera izina rya se

Umukobwa wa Pasiteri Antoine Rutayisire, Isimbi Deborah, yavuze ko kuba yarakuranye izina rikomeye rya se byamushyizeho igitutu gikomeye mu mibereho ye, bituma aza gufata umwanzuro wo kureka kujya mu tubyiniro nubwo yabikundaga. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyahuje abubatse ingo, cyateguwe nâUmushumba Mukuru wa Noble Family Church, Mignonne Kabera, kigamije gufasha ingo gukomera no gusangira ubuhamya […]
Umunyamakuru Bianca yarokotse impanuka

Umunyamakuru Uwamwezi Mugire Adelphine uzwi nka Bianca Baby yatangaje ko mu kwezi gushize yarokotse impanuka ikomeye cyane yashoboraga guhitana ubuzima bwe, ashimira Imana yamurinze. Mu ijoro ryo ku wa 26 rishyira ku wa 27, Bianca yashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaza uko yari ari kwitabwaho nâabaganga nyuma yâiyo mpanuka, nubwo atasobanuye neza icyayiteye. Yavuze ko […]
Pariki yâAkagera: Intare 5 zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro

Ubuyobozi bwa Pariki yâAkagera bwatangaje ko intare eshanu zâingore zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro hagamijwe gukomeza kubungabunga urusobe rwâibinyabuzima no kugenzura neza ubwiyongere bwâizi nyamaswa. Ibi byamenyekanye binyuze ku butumwa pariki yashyize ku mbuga nkoranyambaga, igaragaza ko iki gikorwa kiri muri gahunda rusange yo gucunga umubare wâintare kugira ngo zidahindura uburinganire bwâibinyabuzima. Mu kwezi […]
Umurundi wishe ababikira banze kuvura abasirikare bari muri Congo yafatiwe mu Butaliyani

Ubutaliyani bwatangaje ko bwafashe umugabo wâUmurundi wâimyaka 50 ukekwaho kugira uruhare mu iyicwa ryâababikira batatu bâAbataliyani bishwe mu 2014 mu mujyi wa Bujumbura, umurwa mukuru wâubucuruzi w’u Burundi. Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Parma buvuga ko uwo mugabo witwa Guillaume Harushimana akekwaho gutegura, gufasha no gutanga ibikoresho byakoreshejwe muri ubwo bwicanyi bwabaye ku matariki ya […]
Ibice 9 byâUmubiri Utagomba Gukoraho

Abahanga mu byâubuzima bagaragaza ko hari ibice byâumubiri dukoraho kenshi ariko bitagomba gukorwaho nâamaboko yacu, cyane cyane iyo adasukuye neza. Amaboko ni yo akunze kuba yanduye kurusha ibindi bice byâumubiri, kuko akora kuri telefoni, ku miryango, kuri mudasobwa nâahandi henshi. Iyo duhise tuyashyira ku bice byâumubiri byoroshye, tworohereza mikorobi kwinjira mu mubiri. Dore ibice […]
Burundi: Abanyeshuri birukanwe maze banga gutaha bahita babafungirana mu ishuri

Abanyeshuri birukanwe ku ishuri rya LycĂ©e Don Divin de Mweya banze gutaha, biba ngombwa ko bafungiranwa mu ishuri ndetse banacungiwe umutekano. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, ku ishuri rya LycĂ©e Don Divin de Mweya riherereye mu Ntara ya Gitega, habaye igisa nâimvururu nyuma yâuko hari abanyeshuri birukanwe kubera imyitwarire mibi, bakanga gutaha iwabo bagahitamo […]
Ukuntu Samusure yinjije Sekaganda muri sinema

Hari impano zimurika kare, ariko nyirazo akazibona bitinze. Hari nâigihe umuntu umwe abona kure kurusha abandi, akamenya agaciro kâiyo mpano mbere yâuko iyifite abyiyumvamo. Ibi ni byo byaranze urugendo rwa Niyitegeka Gratien wamamaye nka Papa Sava na Seburikoko, winjiye muri sinema atabishaka, ariko nyuma akaza kuba umwe mu bayigize inkingi ikomeye. Mu kiganiro Karisa Erneste […]
Cira birarura – Willy Ndahiro kuri Bad Rama

Umukinnyi wa filime akaba nâumuyobozi wazo, Willy Ndahiro, yanyomoje amakuru yavuzwe na Mupenda Ramadhan uzwi nka Bad Rama, amushinja kumuhimbira ubutumwa agamije kumugaragaza nkâushyigikiye ibitekerezo bye byo kunenga u Rwanda nâubuyobozi bwarwo. Ibi byatangiye nyuma yâuko Bad Rama, uherutse kugaragara mu bavuga nabi ubuyobozi bwâu Rwanda, ashyize hanze ubutumwa agaragaza ko Willy Ndahiro amushyigikiye. Ndahiro […]
RIB yafunze wa mugabo wakubise umugore ukubura ku muhanda

Urwego rwâIgihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo wâimyaka 58 yâamavuko ukekwaho gukubita umugore ukora akazi ko gusukura umuhanda mu Karere ka Bugesera. Uwo mugabo witwa Jean Bosco Rutikanga akurikiranyweho icyaha bivugwa ko yakoze ku wa 22 Gashyantare 2026, mu Mudugudu wa Kayenzi, Akagari ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama. Amakuru atangwa na Polisi […]
Uganda: Abagore bafunzwe bazira gusomanira mu ruhame

Polisi yo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda yatangaje ko yafashe abagore babiri bari mu kigero cyâimyaka 20, nyuma yâuko abaturanyi babo babareze bavuga ko bababonye basomana mu ruhame. Aba bombi bafunzwe kuva ku wa 18 Gashyantare, kandi bivugwa ko badafite ubunganizi mu mategeko, hashingiwe ku itegeko rya 2023 rikumira ubutinganyi rizwi nka Anti-Homosexuality Act, […]
Perezida wa UCI yihanganishije imiryango yâabaguye mu mpanuka muri Tour du Rwanda i Gatsibo

Perezida wâImpuzamashyirahamwe Mpuzamahanga yâUmukino wâAmagare (UCI), David Lappartient, yihanganishije imiryango yâabantu babiri bahitanywe nâimpanuka yâimodoka ya karavani yabaye mu irushanwa rya Tour du Rwanda, inakomerekeramo abandi batandatu. Iyi mpanuka yabaye ku Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Rwimbogo, Akarere ka Gatsibo, ubwo imodoka ya karavani yamamazaga irushanwa yataga umuhanda bitewe nâimvura nyinshi, […]
Umunya-Espagne Pau Marti yegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026

Umukinnyi wâUmunya-Espagne Pau Marti ukinira ikipe ya NSN Development Team ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026, akoresheje amasaha 3, iminota 10 nâamasegonda 10 ku ntera ya kilometero 134,6. Iri siganwa ryabaye ku wa Mbere tariki ya 23 Gashyantare 2026, abasiganwa bahagurukira i Nyamata basoreza i Huye. Mu ntangiriro, abakinnyi bagendeye […]
Abafana bitwikiyeho Sitade nyuma y’uko ikipe yabo itsinzwe 3-0

Umukino ukomeye wahuzaga amakipe abiri akomeye yo muri Serbia, Red Star Belgrade na Partizan Belgrade, waranzwe nâimvururu zikomeye nyuma yâuko abafana bâikipe yasuye batwitse igice cya stade, bituma umukino uhagarikwa byâagateganyo. Ibi byabereye kuri stade ya Rajko MitiÄ Stadium mu mukino uzwi nka âEternal Derby,â umwe mu mikino irangwa nâishyaka rikomeye muri Serbia. Abafana ba […]
Kyra Nkezabera ntiyahiriwe muri Miss Belgique 2026

Mu mpera zâicyumweru gishize mu Bubiligi habaye irushanwa rya Miss Belgique 2026, ryitabiriwe nâabakobwa 32 bageze mu cyiciro cya nyuma. Ikamba ryegukanywe na Olga Lombard wâimyaka 22, usanzwe ari umunyeshuri wiga ibijyanye na Pharmacie muri Kaminuza ya Louvain. Muri aba bakobwa bahatanaga harimo na Kyra Nkezabera wâimyaka 21, ufite inkomoko mu Rwanda kuko se ari […]
CSP Richard Kamanzi yishwe n’inkangu

Umupolisi mukuru wari mu kiruhuko cy’izabukuru, Chief Superintendent of Police (CSP) Richard Kamanzi wâimyaka 57, yapfuye ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, nyuma yâuko urukuta rugwiriye inzu ye nyuma yâimvura nyinshi. Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ahagana saa saba zâamanywa. Amakuru atangwa na Polisi yâu […]
Cardi B agiye kwikuzaho amabuno

Umuraperikazi Cardi B yatangaje ko ateganya kugabanya amabuno nyuma yo gusoza urugendo rwe rwa muzika (tour), mu rwego rwo kongera kumva yorohewe nâumubiri we. Uyu muhanzikazi yavuze ko nyuma yâimyaka myinshi akoresheje uburyo bwo kongera imiterere yâikibuno, ageze igihe yumva hari igice cyabyo kigomba gukurwamo kuko kimutera uburemere no kutoroherwa cyane cyane mu bitaramo. Cardi […]
Inkumi yapfuye yagiye kwibagisha ngo ibe nziza

Inkumi yari izwi ku mbuga nkoranyambaga wo muri Brazil, Bianca Dias, yapfuye ku wa 19 Gashyantare 2026, nyuma yâigihe gito abazwe nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru People magazine. Bianca Dias yari azwi cyane ku rubuga rwa Instagram aho yakurikirwaga nâabantu hafi ibihumbi 60, asangiza abafana be amafoto nâamashusho ajyanye nâimideli, ubuzima bwa buri munsi ndetse nâingendo yakoraga […]
Gereza 10 ziteye ubwoba

Mu bihugu bitandukanye ku isi, imikorere ya gereza iratandukanye cyane bitewe nâamategeko, ubushobozi bwâibihugu, nâintego za sisitemu yâubutabera. Hari aho gereza zubakwa zigamije gufasha abagororwa kwisubiraho, ariko ahandi zikavugwaho ubuzima bubi, ihohoterwa rikabije nâibura ryâibikoresho byâibanze. Raporo zitandukanye zerekana ko hari gereza zimwe zamenyekanye kubera ubukana bwâibihe abagororwa babamo: ubucucike bukabije, indwara, inzara, ihohoterwa nâikorwa […]
Ese koko TikTok yabaye Monetize mu Rwanda?

Ku munsi w’ejo hashize ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hagiye hasakara igipapuro cyigaragaza ko mu Rwanda hatangiye guhembwa abakoresha urubuga rwa TikTok binyuze mu buryo bwa monetize. Minisiteri yâIkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo mu Rwanda (MINICT) yatangaje ko amakuru yavugaga ko urubuga rwa TikTok rwatangiye kwemerera Abanyarwanda kwinjiza amafaranga (monĂ©tisation) atari yo, ahubwo ari ibihuha. […]
Eric Dane yapfuye

Umunyamerika Eric Dane, wamamaye cyane nka Dr. Mark âMcSteamyâ Sloan muri serial ya Grey’s Anatomy, yapfuye ku wa Kane azize indwara ya ALS (Amyotrophic Lateral Sclerosis). Yari afite imyaka 53. Dane yari yatangaje mu mwaka ushize ko arwaye ALS, indwara ifata uturemangingo twâimyakura mu bwonko no mu mugongo, igatuma umurwayi agenda atakaza ubushobozi bwo kugenda, […]
Maroc yakatiye abanya-Senegal bateje akavuyo ku mukino wa nyuma wa Afcon

Urukiko rwo mu Murwa Mukuru wa Maroc, Rabat, rwakatiye igifungo abafana 19 ba ruhago bazira urugomo rwabaye ku mukino wa nyuma wâIgikombe cya Afurika (CAN 2025) wahuje Maroc na SĂ©nĂ©gal. Aba bafana barimo AbanyasĂ©nĂ©gal 18 nâUmufaransa umwe, bakurikiranyweho ibyaha birimo kwangiza ibikorwaremezo bya siporo no guteza urugomo mu gihe cyâumukino. Nyuma yâurubanza rwatwaye amasaha arenga […]
Uwabaye umujyanama wa Bruce Melody arafunzwe

Mike Habinshuti, wamenyekanye cyane mu myidagaduro nyarwanda nkâumujyanama wa Bruce Melodie, yatawe muri yombi ku wa 18 Gashyantare 2026. Amakuru yemejwe nâUmuvugizi wâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, agaragaza ko Habinshuti akurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza ibiyobyabwenge, nyuma yâiperereza ryari rimaze iminsi rikorwa. Kugeza ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Habinshuti yamamaye […]
Banki yibwe arenga miliyari ijana mu masaha 4

Mu mpera zâicyumweru nyuma ya Noheli, banki imwe iri mu mujyi wa Gelsenkirchen mu Burengerazuba bwâUbudage yibwe mu buryo butangaje, aho abajura bakekwaho kwiba asaga miliyoni 100 zâamayero (miliyari 173 Frw) mu gihe cyâamasaha make gusa. Bivugwa ko abo bajura bacukuye umwobo mu rukuta rwa banki bakoresheje ibikoresho byo mu nganda, banyura mu cyumba cyari […]
Uwari Perezida wa Korea y’Epfo yakatiwe igifungo cya burunduÂ

Urukiko rukuru rwa Seoul Central District Court rwahamije icyaha cyo kugambanira igihugu uwahoze ari Perezida wa South Korea, Yoon Suk Yeol, rumukatira igifungo cya burundu nyuma yo gusanga yaragize uruhare mu mugambi wo guhungabanya inzego zâubutegetsi. Urubanza rwasomwe ku wa Kane, rugaragaza ko icyemezo Yoon yafashe mu Ukuboza 2024 cyo gutangaza ibihe bidasanzwe bya gisirikare […]
Miss Uwicyeza Pamela yapfushije sekuru

Miss Uwicyeza Pamela, umugore wâumuhanzi The Ben, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura sekuru wamureraga hafi. Ibi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ubwo we nâumugabo we bari bavuye mu gitaramo cya Saint Valentin cyabereye i Kampala bagaruka mu Rwanda. Pamela yasangije abantu amafoto ari kumwe na sekuru, ayaherekeza amagambo agaragaza uko yari amukundira nâuko […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zanze gutaha ziri kumeneshwa

Imibereho yâimpunzi zâAbarundi ziba muri Tanzania ikomeje kuba mibi, cyane cyane mu nkambi ya Nyarugusu. Amakuru atangwa nâimpunzi nâimiryango iharanira uburenganzira bwa muntu aravuga ko hari ifatwa ryâabapasiteri, iyicarubozo ndetse no gusenywa kwâinzu zâabaturage. Abatangabuhamya bavuga ko bamwe mu bayobozi bâamadini bashinjwa kubuza abayoboke babo gutaha mu Burundi. Umwe mu batanze amakuru yavuze ko pasiteri […]
Umukinnyi yatandukanye n’umukunzi we ahita amwiba impeta yari yamwambitse

Uwahoze ari umukinnyi wâicyamamare muri shampiyona ya Basketball muri Amerika (NBA), Gilbert Arenas, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza uburyo yisubije impeta yâagaciro kanini yari yambitse uwahoze ari umukunzi we Laura Govan. Nkâuko yabitangaje mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, Arenas yavuze ko yari yambitse Govan impeta yâisezerano ifite agaciro ka hafi ibihumbi 400 byâamadolari yâAmerika ($400,000). […]
RWIBA igiye kwizihiza imyaka 5 itangiza âMale Allyship in Actionâ Summit 2026

Ku wa Gatanu tariki ya 27 Werurwe 2026, muri Lemigo Hotel i Kigali, hazabera ibirori byo kwizihiza imyaka itanu ya Rwanda Women in Business Awards (RWIBA), bihujwe nâinama idasanzwe yiswe âMale Allyship in Actionâ, kuva saa saba zâamanywa kugeza saa tatu zâijoro. RWIBA ni urubuga ngarukamwaka rushimira abagore bayoboye abandi, abashoramari nâabudushya bagira uruhare mu […]
Irimbi rya Rusororo ririmo kuzura

Irimbi rusange rya Rusororo riherereye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rikomeje kugenda ryuzura uko iminsi ishira indi igataha. Uko umubare wâabahashyingurwa wiyongera, ni ko nâimpungenge ku hazaza hâaho gushyingura mu murwa mukuru zigenda ziyongera. Rusororo ni ryo rimaze imyaka myinshi rikoreshwa nkâiryo gushyinguramo abaturage benshi ba Kigali, cyane cyane nyuma yo gufungwa […]
Kwitaba “Yee” byamwimishije ikamba rya Miss Rwanda 2017

Mu bakunzi bâimyidagaduro hakunze kuvugwa ko mu irushanwa rya Miss Rwanda 2017, Kalimpinya Queen yari mu bakobwa bari bafite amahirwe menshi yo kwegukana ikamba. Hari nâabavuga ko bamwe mu bari bagize akanama nkemuramaka bamubonagamo ubushobozi bwo kuba Nyampinga wâu Rwanda. Bivugwa ko mbere gato yâuko hatangazwa uwatsinze, umwe mu bagize akanama nkemuramaka, Mike Karangwa, yahamagaye […]
Ikibuga cyuzuyemo ibyondo cyo mu Bwongereza kiri gutangaza benshi – Amafoto

Ku Cyumweru, mu mukino wâirushanwa rya FA Cup, ikipe ya Wolverhampton Wanderers F.C. yatsinze inasezerera Grimsby Town F.C., ibona itike ya 1/8 (round of 16). Icyakora, ibyavugishije benshi si ibyavuye mu mukino, ahubwo ni imiterere yâikibuga cya Brundell Park cyari cyuzuyeho ibyondo. Amafoto nâamashusho byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga bigaragaza ibice byinshi byâikibuga byari byuzuye ibyondo, […]
Kigali: Yaguwe gitumo ari gusambana n’indi nkumi kuri Saint Valentin

Umusore wâimyaka 35 witwa Byiringiro Alain, utuye mu Murenge wa Mageragere, yatahuwe nâumukunzi we basanzwe bakundana igihe yari ari kumwe nâindi nkumi mu nzu, ku munsi wahariwe abakundana. Ibi byabereye mu Kagari ka Mumena, Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, tariki ya 14 Gashyantare 2026. Amakuru atangwa nâabaturage bavuga ko uwo musore yari amaze […]
Ibisobanuro byâamateka yâumunsi wa Saint Valentin

Umunsi wa Saint Valentin wizihizwa buri mwaka tariki 14 Gashyantare ku Isi hose, aho ufatwa nkâumunsi wahariwe abakundana. Uyu munsi uhuzwa nâikorwa rya Kiliziya Gatolika ryo kwibuka Mutagatifu Valentin. Kuri uwo munsi, abakundana bakunze guhana impano zitandukanye zirimo indabo zâamaroza atukura nâamakarita arimo amagambo yâurukundo. Bivugwa ko buri mwaka hoherezwa amakarita arenga miliyari imwe nâigice, […]
Marina ukiri isugi yambitswe impeta

Umuhanzi Yvan Muziki yakoze igikorwa cyashimishije benshi mu ijoro ryo ku wa 14 Gashyantare 2026, ubwo yasabaga umukunzi we Marina ko yazamubera umugore, mu gitaramo cyo kumurika album ye nshya yise âInganzo Ntahangarwaâ. Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Universe, kikitabirwa nâabahanzi batandukanye barimo Massamba Intore, Jules Sentore, Yvanny Mpano na Kidum, hamwe nâabandi benshi. Mu […]
Kigali: Abageni baraye mu Kagali nyuma yo kubura aho kurara

Mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, abageni bashya baraye ku biro byâAkagari ka Rwampara nyuma yo kubura aho bataha ku munsi wâubukwe bwabo. Byaje kugaragara ko umugabo yari yarabwiye umugore ko afite inzu i Nyamirambo bazabamo, ariko nyuma bikaza kumenyekana ko atari byo. Ibi byabaye ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare 2026. […]
Kuki Bruce Melodie na The Ben bahisemo ubufatanye aho guhangana?

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben, batangaje ko bahisemo inzira yâubufatanye aho gukomeza inkuru zâihangana zari zimaze igihe zivugwa hagati yâabafana babo. Mu kiganiro bagiranye nâitangazamakuru, aba bombi basobanuye ko nubwo kenshi bagiye bagereranywa ku rwego rwâibihembo, ibitaramo nâumubare wâababakurikira, bo ubwabo batigeze bagirana ubushyamirane. Ahubwo ngo babonaga hari inyungu ikomeye […]
Umupolisi afunzwe azira kwiba ihene eshanu

Umupolisi wakoreraga mu mujyi wa Rundu muri Namibia yatawe muri yombi mu rukerera rwo ku wa Gatanu akekwaho kwiba ihene eshanu mu gace ka Tumweneni, mu Ntara ya Kavango East Region. Amakuru yatangajwe na radiyo Eagle FM avuga ko uwo mupolisi akekwaho kubaga izo hene akazipakira mu modoka. Ageze kuri bariyeri ya polisi ya Masivi, […]
Samusure wari warahungiye muri Mozambique yatahutse

Nyuma yâimyaka itatu aba hanze yâu Rwanda, Kalisa Ernest uzwi nka Samusure yongeye gutaha, aho yakiriwe nâumubyeyi we, inshuti ndetse nâabavandimwe be ku Kibuga Mpuzamahanga cyâIndege cya Kigali i Kanombe kuri uyu wa 12 Gashyantare 2026. Samusure yari yaragiye kuba muri Mozambique mu Ukwakira 2022, ahunze amadeni arenga miliyoni 11 zâamafaranga yâu Rwanda yari abereyemo […]
Afunzwe azira gukata Umusore wamwimye urukundo

Umukobwa witwa Gihozo Henriette wâimyaka 18 afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu Karere ka Rusizi, akurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa umusore witwa Hanyurimana Lazare wâimyaka 25 akoresheje urwembe, nyuma yâuko uyu musore yanze kumukunda. Ibi byabereye mu kabari ko mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe. Amakuru avuga ko uwo mukobwa […]
Impamvu 4 Arsenal itakegukana Shampiyona nubwo iyoboye

Ikipe ya Arsenal iri mu bihe byiza cyane muri shampiyona yâu Bwongereza ya Premier League 2025/2026, aho iyoboye urutonde nâamanota atandatu irusha Manchester City, bituma benshi bayibona nkâikipe ishobora gutwara igikombe bwa mbere kuva mu 2004. Gusa, nâubwo icyizere kiri hejuru, haracyari impamvu zitandukanye zishobora gutuma inzozi za Arsenal zongeye gusenyuka. Kugeza ubu, Arsenal imaze […]
Yavuye mu Budage asanga nyirarume yariye amafaranga yo kumwubakira inzu

Umugabo wâUmunyakenya wari umaze imyaka igera kuri 15 atuye kandi akorera mu Budage yagarutse mu gihugu cye afite inzozi zo gutaha mu rugo rwe rushya, ariko ibyo yari yarategereje bihinduka inkuru yâakababaro. Uyu mugabo avuga ko mu gihe cyâimyaka irenga 10, yakoraga cyane mu Budage yohereza amafaranga menshi kuri nyirarume we, amwizeye nkâumuntu wo mu […]
Donald Trump yanenze bikomeye igitaramo cya Bad Bunny

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kunenga bikomeye igitaramo cyâumuhanzi Bad Bunny cyabereye mu kiruhuko (halftime show) cya Super Bowl LX 2026. Trump yavuze ko icyo gitaramo kitagaragaje agaciro nâubuhanga asanga bikwiye imyidagaduro ya Amerika, anenga ururimi rwakoreshejwe ndetse nâimbyino zakozwe imbere yâabarebye icyo […]