DR Congo mu bihugu Ubwongereza bugiye guhagarikira viza

U Bwongereza burateganya gufatira ibihano Angola, Namibia na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu gihe bitafatanya nayo mu kugarura abaturage babyo binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ibi bihugu bishobora guhagarikirwa gutanga viza ku baturage babyo barimo ba rwiyemezamirimo, ba VIP nâabasura u Bwongereza niba bidashyize imbaraga mu kwakira abimurwa. Ibi biri […]
RIB yafunze umugenzuzi wa Rwanda FDA

RIB yafunze Nsoneye Emmanuel, umugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) na Uwamariya Beatha ufite uruganda rukora inzoga bakurikiranyweho icyaha cya ruswa. Nsoneye Emmanuel akurikiranyweho kandi n’icyaha cyo kumena ibanga ryâakazi. Nsoneye yagiye asaba akanahabwa ruswa yâamafaranga na Uwamariya, nyirâuruganda DUSANGIRE PRODUCTION Ltd rukora inzoga mu Karere ka Bugesera, kugira ngo asonerwe […]
Nicki Minaj muri UN avugira abakiristo bo muri Nigeria bari kwicwa

Umuhanzi wâUmunyamerika Nicki Minaj ategerejwe mu muhango uzabera ku cyicaro cyâUmuryango wâAbibumbye i New York kuri uyu wa Kabiri, aho azaganiriza ku birego byo kwibasira Abakirisitu muri Nigeria. Minaj azahurira ku rubyiniro nâintumwa ya Leta Zunze Ubumwe zâAmerika mu Muryango wâAbibumbye, Michael Waltz, hamwe na Alex Bruesewitz, umujyanama wa Perezida Donald Trump akaba ari nawe […]
Ababyeyi basabwe guhagarika kohereza ku ishuri abana barwaye ibicurane

Minisitiri wâUbuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasabye ababyeyi kutohereza ku mashuri abana bafite ibicurane kugira ngo bakumirwe ikwirakwira ryâiyi ndwara mu gihe imburagihe yagiye yiyongera mu gihugu. Mu kiganiro yagiranye na RBA, Dr. Sabin yavuze ko koko ibicurane byabaye byinshi muri iyi minsi, ariko ashimangira ko ari ibintu bisanzwe bibaho cyane mu bihe byâimvura kuva mu […]
RDC: Abantu 32 bishwe n’ikiraro mu kirombe cya cobalt

Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nibura abantu 32 bapfuye nyuma yâuko ikiraro cyakoreshwaga nâabacukura cobalt gisenyutse hejuru yâagace kari kamaze iminsi kuzuye amazi mu bucukuzi bwâi Kalando, mu ntara ya Lualaba. Ubuyobozi bwo muri ako gace bwemeje ko ibi byabaye ku wa Gatandatu, ubwo abantu benshi bari bagerageje kwambuka ikiraro cyubatswe mu […]
Mike Pompeo yagizwe umujyanama wâuruganda rwa gisirikare rwo muri Ukraine

Uwabaye umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Pompeo, yinjiye mu nama njyanama yâuruganda rwa gisirikare rwa Ukraine rwitwa Fire Point, ruzwi cyane kubera drones zishobora kugera kure cyane zirasa mu ntera ndende mu gihugu cyâu Burusiya. Ibi bibaye mu gihe urwo ruganda rukiri gukorwaho iperereza ryâinyerezwa ryâimitungo no mu micungire yâamasezerano. […]
RIB yafunze 2 bakwirakwije amashusho ya Yampano ari gutera akabariro

Nyuma yâuko Uworizagwira Florien (Yampano) atanze ikirego ku mashusho ye ari gukora imibonano mpuzabitsina yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, RIB yavuze ko bamaze gufata abantu babiri bakekwaho kuyakwirakwiza. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko hafashwe Ishimwe Patrick (Pazzo Man) ku wa 11 Ugushyingo 2025 na Kalisa John (K. John) ku wa 14 Ugushyingo 2025, […]
Mali yahagaritse ibitangazamakuru 2 byo mu Bufaransa

Urwego rwâIgihugu rushinzwe Itangazamakuru muri Mali (HAC) rwatangaje ko ruhagaritse imiyoboro ibiri yâAbafaransa, LCI na TF1, rubashinja gutangaza amakuru atarimo ukuri ku kibazo cyâihagarikwa ryâibikomoka kuri peteroli. Mu ibaruwa HAC yandikiye abatanga serivisi zâamashusho mu gihugu kuwa 13 Ugushyingo, ruvuga ko aya muyoboro yombi yakoze âibirego bitapimwe nâibinyomaâ mu kiganiro cyo kuwa 9 Ugushyingo, birimo […]
Liberia yemereye Abanyarwanda kwinjira no gusohoka nta Viza

Leta ya Liberia, binyuze mu Ishami ryâAbinjira nâAbasohoka (Liberia Immigration Service â LIS), yatangaje ko Abanyarwanda batagikeneye viza kugira ngo binjire cyangwa basohoke muri Liberia. Ibi byatangajwe mu itangazo ryashyizweho umukono na Elijah F. Rufus, Komiseri Mukuru wa LIS, ku wa 11 Ugushyingo 2025. Iyi politiki nshya ishingiye ku masezerano yasinywe ku wa 10 Nzeri […]
CAF yatangaje Visa zâubuntu ku bafana bazitabira AFCON 2025 muri Maroc

Impuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru muri Afurika (CAF), ku bufatanye nâItsinda Ritegura AFCON 2025 muri Maroc, yatangaje ko abafana bazajya gushyigikira irushanwa bazahabwa visa zâikoranabuhanga ku buntu. Ibi byatangajwe ku wa Gatanu binyuze ku rubuga rwa CAF, aho hagaragajwe ko abaturage bâibihugu bisanzwe bisaba visa kugira ngo binjire muri Maroc bazungukira muri iyi gahunda nshya. CAF ivuga […]
Kigali: Uruhinja rwatewe amaraso rukiri mu nda ya nyina

Umwana wavutse nyuma yo gukorerwa Intra-Uterine Transfusion (IUT) (uburyo bwa muganga bwo guha umwana amaraso akiri mu nda ya nyina) ku bitaro bikuru bya CHUK ari mu buzima bwiza nyuma yâamezi abiri nâigice, nkâuko ubuyobozi bwâibi bitaro bwabitangaje ku wa 14 Ugushyingo 2025. Uyu murimo wo guha umwana amaraso akiri mu nda wakozwe ku gihe […]
Utavugarumwe n’ubutegetsi bwa Tunisia yajyanwe mu bitaro nyuma yo kwigaragambya kuri Leta

Utavugarumwe na Leta yo muri Tuniziya ufungiwe muri gereza yajyanywe mu bitaro nyuma yo kubura imbaraga kubera kwishora mu myigaragambyo yo kwanga ibiryo. Umuryango wa Jawhar Ben Mbarek watangaje ko yajyanywe mu bitaro kubera kugira umwuma ukabije, ubwo ubuzima bwe bwakomezaga kuba bubi nyuma yâiminsi irenga ibiri mu myigaragambyo yo kwanga kurya. Ben Mbarek, umwe […]
Yahombye Miliyoni 12 Frw ubwo yashakaga gukora Chapati nini ku isi

Umunyabugeni ukora amashusho y’ibirangaza ukomoka muri Uganda, Raymond Kahuma, yatangaje ko yahombye miliyoni 12 Frw nyuma yâuko umushinga we wo gukora chapati nini kurusha izindi ku isi uhombye. Kahuma, wifuzaga kwandikisha izina rye mu gitabo cya Guinness World Records, yakoreye imyiteguro yose muri Kenya, aho umushinga wamaze iminsi myinshi utegurwa, uhereye ku kubaka ahantu ho […]
Abantu 29 bapfiriye mu gitero karundura Uburusiya bwagabye muri Ukraine

Umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv wagabweho igitero gikomeye mu gitondo cyo ku wa 14 Ugushyingo. Kugeza ubu, abantu 29 bamaze kwemezwa ko bapfuye, nkâuko byatangajwe nâumuyobozi wâumujyi. Meya wa Kyiv, Vitaly Klitschko, yanditse kuri Telegram ko:Â âIngabo zishinzwe kurinda ikirere zirimo gukora i Kyiv. Ni igitero gikomeye umwanzi yagabye ku murwa mukuru.â Amakuru akomeje avuga ko […]
Amashusho y’urukozasoni yatumye Riderman asaba RIB kugira icyo ikora

Umuraperi Riderman yasabye Urwego rwâUbugenzacyaha (RIB) gufata ingamba zikomeye ku bantu bakomeje gukwirakwiza amashusho yâurukozasoni kuri internet. Avuga ko iki kibazo cyabaye icyorezo, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga zikoreshwa nâabatarageza imyaka yâubukure. Mu kiganiro yagiranye na SK FM, Riderman yavuze ko hari abantu bakomeje gukangisha abandi ko bafite amashusho yabo yâurukozasoni kugira ngo babahatire gukora […]
Richard Nick yahaye umunyarwenya Kadudu ibihumbi 500 by’igishoro

Umunyarwenya Kadudu wari umaze iminsi atekereza uko yabona ibihumbi 200 Frw ngo atangire ubucuruzi bwâ ibiraha. Icyo cyifuzo cyabaye impamo ku mugoroba wo ku wa 13 Ugushyingo 2025, ubwo muri Camp Kigali haberega igitaramo cya Gen-Z Comedy Show. Muri iki gitaramo habaye byinshi, ariko icyatunguye abantu ni uko Richard Nick Ngendahayo yahaye Kadudu ibihumbi 500 […]
Abiyitirira Fatakumavuta ufunzwe bakomeje kwiba abantuÂ
Sengabo Jean Bosco, uzwi cyane ku izina rya Fatakumavuta, kuri ubu afungiye mu Igororero rya Nyarugenge riherereye i Mageragere, yagaragaje impungenge zâuko hari abantu bamwiyitirira bakaka amafaranga mu izina rye. Mu kiganiro kigufi yagiranye nâImvaho Nshya ubwo yari yitabiriye ibiganiro byerekeranye nâubuhuza byatangijwe muri iryo gereza na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, Domitilla Mukantaganzwa, Fatakumavuta yavuze ko […]
Abanyakenya barenga 200 bari kurwana mu ntambara y’Uburusiya na UkraineÂ

Abantu basaga 200 bo muri Kenya barimo kurwana ku ruhande rwa Russia mu ntambara iri kubera muri Ukraine, kandi hari abandi bashobora kongerwa mu mirwano, nkâuko byatangajwe nâinzego zâigihugu. Muri abo barimo nâabahoze mu nzego zâumutekano za Kenya, nkâuko byemejwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Musalia Mudavadi. Bamwe mu bakuweyo basanze barakoreshwaga mu gukora drones no […]
FDLR yagiye i Kinshasa kwiga gukoresha drone bisabwe na Leta ya Kongo

Uwahoze ari umusirikare wa FDLR witwa Mbale Hafashimana yatangaje amabanga akomeye ku itsinda ryihariye ryâuyu mutwe ryitwa CRAP Unit, ryashinzwe gukora ibikorwa byâiterabwoba mu Rwanda no gufasha ingabo za Kongo (FARDC) mu ntambara ziri mu burasirazuba bwa RDC. Mu kiganiro yagiranye na Kigali Today, Hafashimana yavuze ko CRAP Unit igizwe nâabarwanyi bagera kuri 600, batoranyijwe […]
Bujumbura: Abana bari gushimutwa ku bwinshi

Mu gihe ibikorwa byo gushimuta abana bikomeje kugaragara mu duce dutandukanye twâintara ya Bujumbura, ababyeyi barasaba inzego zâumutekano gufata ingamba zikomeye zo gukurikirana abinjira nâabasohoka mu duce dutuwe. Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu na yo aramagana ibi bikorwa, asaba ko abakora ibi byaha bahanwa bikomeye. Natalie Kamikazi, utuye mu Gatunguru muri komine Ntahangwa yabwiye ikinyamakuru […]
Ubudage bwafunze ikihebe cya Hamas cyari cyigiye kwica abayahudi bo mu Burayi

Mu ijoro ryo ku wa 11 Ugushyingo 2025, Ubushinjacyaha Bukuru bwâUbudage bwategetse ifatwa byâagateganyo rya Borhan El-K., ukomoka muri Libani, ukekwaho kuba umunyamuryango wâumutwe wâiterabwoba mpuzamahanga HAMAS. Ifatwa ryabaye ku muhanda wa A17, ubwo ukekwaho yinjiye mu Budage avuye muri Repubulika ya Czheck. Ubushinjacyaha buvuga ko Borhan El-K. yagizemo uruhare mu gutegura ibitero byâiterabwoba mu […]
Ruti Joel atunze imodoka yari iya nyakwigendera Yvan Buravan

Umuhanzi wâindirimbo za gakondo Ruti Joel yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kugura imodoka ya nyakwigendera Yvan Buravan, inshuti ye magara, kugira ngo agire ikintu gifatika kimwibutsa uwo muhanzi wâibihe byose. Mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Mugabe Robert, Ruti yavuze ko iyo modoka yo mu bwoko bwa Benz yayihaye izina âNkongi Cyaneâ, izina ryari ikivugo cya Buravan. […]
Gen. Muhoozi yasabye Kenya kubaha uburenganzira ku nyanja vuba na bwanguÂ

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba nâumuyobozi wâingabo zâigihugu, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gushyigikira amagambo aherutse kuvugwa na se, Perezida Yoweri Museveni, avuga ko Uganda ikwiye kugira uburenganzira bwo kugera ku Nyanja yâAbahinde. Mu butumwa bwe bwumvikanamo ubwirasi, Muhoozi yagize ati: âKenya igomba kuduhereza vuba inzira ituganisha ku Nyanja yâAbahinde. Nitabikora, bizateza ibibazo bikomeye mu […]
Abantu 6 bapfiriye mu kavuyo kâabantu bashakaga akazi mu gisirikare cya Ghana

Byibuze abantu batandatu bahitanywe nâakavuyo kâabantu kabereye kuri sitade ya El-Wak Sports Stadium i Accra muri Ghana, ubwo habaga igikorwa cyo gushaka abinjira mu gisirikare cya Ghana (Ghana Armed Forces). Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu mbere yâuko igikorwa nyirizina gitangira, ubwo igihiriri cyâabasore nâinkumi cyari cyahurujwe no kwirukira ku marembo […]
Amashusho y’urukozasoni ya Yampano mu butabera

Umuhanzi wâUmunyarwanda ukizamuka, Florien Uworizagwira, uzwi cyane ku izina rya Yampano yajyanye mu butabera Patrick Ishimwe uzwi nka Pazzo, amushinja kwiba no gusakaza videwo y’urukozasoni yari afitanye nâumukunzi we, nyuma yo kuyikura muri telefoni ye nta burenganzira abifitiye. Iyo videwo yasohotse ku mbuga nkoranyambaga ku itariki ya 9 Ugushyingo 2025, ituma Yampano ashyirwa mu majwi […]
Yabyaye abana bane icyarimwe ahita abita amazina ya Raila Odinga

Umugore wo mu karere ka Kisii, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Kenya, yabyaye abana bane icyarimwe abita amazina yakomotse kuri Raila Odinga wahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Kenya, ndetse nâumugore we Ida Odinga. Abo bana bane ba Vane Nyanchoka ni abahungu batatu nâumukobwa umwe. Abahungu babatijwe Raila, Amollo, na Odinga, naho umukobwa yitwa Ida, izina […]
Mwarimu Clement yiyahuriye mu kiyaga cya MuhaziÂ

Polisi yâu Rwanda yemeje ko Iraguha Clement, uzwi cyane nka Mwarimu Clement kubera kwigisha abantu gutwara imodoka binyuze ku mbuga nkoranyambaga, yapfuye nyuma yo kwiroha mu Kiyaga cya Muhazi. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, yatangaje ko ibyâuru rupfu byamenyekanye ku mugoroba wo ku wa 10 Ugushyingo 2025, ahagana saa kumi […]
Umukobwa wâimyaka 13 yanze kurongorwa n’umusaza wa 70

Umukobwa wâimyaka 13 yâamavuko wo mu karere ka Bor muri Sudani y’Epfo yakijijwe gushyingirwa ku gahato ku mugabo wâimyaka 70, nyuma yâuko nyina amenye ibyari bigiye kumubaho maze agahita asaba ubufasha mu itsinda ryâabagore rirengera uburenganzira bwabo. Uwo mukobwa, witwa Nosha, ngo yumvise ba sekuru be baganira ku migambi yo kumushyingira uwo musaza mu buryo […]
FIFA yahannye Umurundi Bonfils-Caleb

Umurundi Bonfils-Caleb Bimenyimana yahagaritswe nâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) imikino itatu, nyuma yâigikorwa cyâubugome yakoreye umuzamu wâikipe yâigihugu ya Kenya, Brian Bwire, mu mukino wo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi wabaye ku wa 9 Ukwakira 2025. Iri kosa ryabereye mu mukino wahuje Uburundi na Kenya muri âWorld Cup Qualifiers 2026â, aho bombi bahataniraga amanota akomeye […]
Nicolas Sarkozy yarekuwe

Urukiko rwâi Paris rwatangaje ko rwemeye kurekura byâagateganyo Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida wâu Bufaransa, mu gihe ategereje kuburana ubujurire ku rubanza yakatiwemo igifungo cyâimyaka itanu. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025. Sarkozy, wayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012, yari afunzwe nyuma yo guhamywa ibyaha bijyanye nâamafaranga […]
Intare FC yitandukanyije nâumugabo wacucuye ababyeyi bo muri Kamonyi

Mu gihe amakuru amaze iminsi acicikana ku mugabo witwa Nibishimirwe Patrick ushinjwa kwaka amafaranga ababyeyi bo mu Karere ka Kamonyi abizeza kuzazamura abana babo bafite impano mu mupira wâamaguru, ikipe yâirerero rya Intare FC yamenyesheje ko nta sano na busa ifitanye nâuwo mugabo. Amakuru avuga ko Nibishimirwe Patrick yabwiye ababyeyi bagera kuri 26 ko afite […]
Perezida wa Zambia yatewe amabuye ari ku rubyiniro

Ku wa gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatewe amabuye nâabaturage bari bamuteze amatwi mu gikorwa cyabereye mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâigihugu, bituma abashinzwe umutekano bamuhungisha vuba cyane. Perezida Hichilema yari yagiye mu mujyi wa Chingola, mu ntara ya Copperbelt, gusura abaturage no kureba ingaruka zâinkongi yâumuriro yari yibasiye isoko rya […]
Vestine na Dorcas bahagaritse igitaramo muri Canada ku munota wa nyumaÂ

Abakunzi bâitsinda rya Vestine & Dorcas bari bategereje igitaramo cyabo mu mujyi wa Winnipeg muri Canada ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, ariko cyaje gusubikwa ku munota wa nyuma. Iki gitaramo cyari kimwe mu byari gisoza uruzinduko rwabo rwo kuririmba mu bihugu bitandukanye byo muri Amerika na Canada. Abafana bari biteguye kuririmbana nabo […]
Ibihugu 5 by’Afurika byagabweho ibitero byâindege na Amerika

Kugeza mu Ugushyingo 2025, hari ibiganiro byongeye kuzamuka ku bijyanye nâuko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zishobora kugaba ibitero byâindege muri Nijeriya. Ibyo biganiro byatumye abantu bongera kwibaza ku ruhare rwa Amerika mu bikorwa byayo bya gisirikare muri Afurika. Hashize imyaka myinshi Ubuyobozi bwa Gisirikare bwa Amerika muri Afurika (AFRICOM) bukora ibitero byâindege ku […]
SP Ronald Mutabazi yasanzwe mu rugo yapfuye

Umuyobozi wa VIPPU muri Polisi yâu Buganda, SP Ronald Mutabazi, yasanzwe yapfuye mu rugo rwe Polisi yâu Buganda iri mu kababaro kâakomeye nyuma yâurupfu rwa SP Ronald Mutabazi, umwe mu bapolisi bakuru bakoraga mu ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba (Counter Terrorism Unit). Mutabazi yari umuyobozi wa VIPPU (Very Important Persons Protection Unit) ishami rishinzwe kurinda abayobozi […]
Umugabo mubi ku isi yizihije imyaka 22 amaze arongoye

Baguma Godfrey, uzwi nka Ssebabi, umwe mu bantu bazwi cyane muri Uganda, hamwe nâumugore we Namande Cate, bazihije isabukuru yâimyaka 22 bamaze bashyingiwe. Mu gusangiza abantu urugendo rwabo rwâubukwe, Cate Namande yavuze ko yarongowe n’uyu mugabo ubwo yari afite imyaka 18 gusa. Icyo cyemezo cye cyakurikiwe nâamarangamutima menshi nâamarushanwa yâimiryango nâinshuti, bamwe bibazaga impamvu yihisemo […]
Umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi yarekuwe

Ubuyobozi bwa Libani bwatangaje ko Hannibal Kadhafi, umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi wahoze ayobora Libiya, yarekuwe nyuma yâimyaka irenga icumi yari amaze afunzwe i Beirut. Nkâuko bitangazwa nâurubuga Lebanon 24, Hannibal Kadhafi yarekuwe nâurukiko rwa Libani, kandi yakuriweho inzitizi zamubuzaga gusohoka mu gihugu, ndetse urukiko rwanatesheje agaciro ingwate ya miliyoni 11 zâamadolari yari yasabwe. Leta […]
Perezida wa Afurika y’Epfo yinjiye mu kibazo cy’abaturage be bajyanwe kurwana mu ntambara ya Ukraine

Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa, yategetse ko hakorwa iperereza ryihariye ku byatumye Abanyafurika yâEpfo 17 bajyanwa mu bikorwa bisa nâibyâabacanshuro mu ntambara iri hagati yâUburusiya na Ukraine. Nkâuko itangazo rya guverinoma ribivuga, abo basore bari hagati yâimyaka 20 na 39, bakaba bafungiwe mu karere ka Donbas muri Ukraine, nyuma yo kubeshywa ngo bagiye kubona […]
BOLIVIA: Urukiko rwategetse ko Jeanine wahoze perezida w’igihugu arekurwaÂ

Urukiko rwâIkirenga rwa Bolivia rwatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5/11/2025 ko rutesheje agaciro igihano cyâimyaka 10 cyari cyarafatiwe Jeanine Ăñez, wahoze ari Perezida wâagateganyo, runategeka ko ahita arekurwa nyuma yâimyaka irenga ine yari amaze afunzwe. Uyu mwanzuro wasomwe nâumucamanza Romer Saucedo, wavuze ko habayeho âkunyuranya nâamategeko mu mikorere yâurukiko rwamukatiye,â kuko yagombaga kuburanishwa […]
Ibyâingenzi buri wese ugiye gusezerana mu mategeko mu Rwanda agomba kumenyaÂ

Gusezerana mu mategeko (civil marriage) mu Rwanda si umunsi wâurukundo gusa, ahubwo ni amasezerano yemewe nâamategeko hagati yâabantu babiri. Nkâuko byatangajwe nâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR), mu mwaka wa 2023 habaye ubukwe 57,880 bwanditswe mu mategeko, mu gihe mu 2024 habaye 52,878, bigaragaza ikigero cyo kugabanuka kwa 9.5%. Ibi byerekana ko nâubwo gushakana bikomeje gufatwa […]
Perezida wa Mexique Claudia yakorakowe n’umugabo mu ruhame

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yashyikirije ubutabera umugabo wamukorakoye mu gatuza ubwo yari ari mu ruhame aramukanya nâabaturage i Mexique City. Uwo mugabo, bivugwa ko yari yasinze, yahise atabwa muri yombi kandi aracyafungiye muri Sex Crimes Investigation Unit. Sheinbaum yavuze ko yafashe icyemezo cyo kuregera inkiko ânkâumugore uharanira uburenganzira bwâabandi bagore bose,â asaba ko ihohoterwa […]
Rwamagana: Uruganda rwakoraga inzoga mu rusenda, itabi nâamajyani rwarafunzwe

Ubuyobozi bwâAkarere ka Rwamagana bwatangaje ko bwahagaritse uruganda rwitwa Agahebuzo Drinks Processing rwengaga inzoga rukoresheje ibikoresho bidakwiye birimo urusenda, amajyane nâitabi, aho gukoresha ibitoki nkâuko byari byanditse mu cyangombwa cyarwo. Urwo ruganda rwakoraga mu Murenge wa Muhazi, Akagari ka Nsinda, rwafunzwe ku itariki ya 4 Ugushyingo 2025 ku bufatanye nâinzego zâibanze, izâumutekano ndetse nâIkigo cyâIgihugu […]
Abantu icyenda bishwe nâimpanuka yâindege ya UPS i Louisville

Ku mugoroba wo ku wa kabiri, indege itwara imizigo ya kompanyi UPS yakoze impanuka ikomeye ubwo yari igiye guhaguruka ku kibuga cyâindege Louisville Muhammad Ali International Airport, ihitana abantu icyenda, nkâuko byemejwe na guverineri wa leta, Andy Beshear. Ubuyobozi bwatangaje ko abantu 11 bakomeretse bikomeye, mu gihe abandi 16 bagishakishwa. Indege yahise iturika ikigwa ku […]
Cristiano Ronaldo agiye guhagarika gukina umupira

Cristiano Ronaldo yatangaje ko agiye kujya guhagarika ruhago, avuga ko azabikora kubera impamvu zâumuryango nâigihe amaze ategura ejo hazaza he. Uyu mukinnyi wâimyaka 40, ukinira Al Nassr muri Arabie Saoudite ndetse akaba nâintwari ya Portugal, yavuze ibi mu kiganiro cya âPiers Morgan Uncensoredâ cyo mu Bwongereza, cyasohotse ku wa kabiri tariki 5 Ugushyingo 2025. Ronaldo […]
Wa mwana ufite ubumuga bw’ingingo uzi guconga ruhago, yahawe ubufasha

Ishyirahamwe Nyarwanda ryâUmupira wâAmaguru wâAbafite Ubumuga (RAFA) ryemeje ko, ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo nâAkarere ka Gatsibo, ryasuye kandi rigenera ibikoresho Nizeyimana ThĂ©oneste, umwana ufite ubumuga bwâingingo wagaragaje impano ikomeye mu gukina umupira wâamaguru. Nkâuko byatangajwe nâiri shyirahamwe ku rukuta ryarwo rwa X ku wa 4 Ugushyingo 2025, urwo ruzinduko rwabaye ku wa 31 […]
TANZANIA: Abakinnyi 7 biciwe mu myigaragambyo yakurikiye amatora

Abakinnyi barindwi bâabato bâumupira wâamaguru bo muri Tanzania barimo abari bahagarariwe nâikigo Viral Scout Management biciwe mu mvururu zakurikiye amatora yâumukuru wâigihugu, nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru The Standard. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâubuyobozi bwâiki kigo, ryemejwe ku mbuga nkoranyambaga, havugwamo amazina yâabitabye Imana arimo Rajabu Rajab (17), Anthony Rico (18), Abdulqareem Ali (16), Peter Eliya (19), […]
Umukinnyi wa filime Nana yarwariye âDepressionâ mu Bubiligi

Uwamwezi NadĂšge, uzwi cyane nka Nana muri filime Citymaid, yahishuye ko yakomeje guhangana nâindwara yâagahinda gakabije (depression) ubwo yageraga mu Bubiligi mu mwaka wa 2021, ajyanywe no kubana nâumugabo we. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Nana yavuze ko kwimukira mu gihugu gishya byamugoye cyane cyane cyane kuba yarasize inshuti, abavandimwe nâumuryango we mu Rwanda. Ati: […]
RDC yahagaritse abakinnyi nâabatoza bitabiriye Giants of Africa i Kigali

Ishyirahamwe rya Basketball muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO) ryafatiye ibihano bikomeye abakinnyi nâabatoza bagaragaye mu iserukiramuco rya Giants of Africa 2025 ryabereye i Kigali, ku mpamvu zâuko bahagarariye igihugu batabifitiye uburenganzira. Iri serukiramuco, ryabaye kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 2 Kanama 2025, ryahuje urubyiruko nâabatoza bo mu bihugu bitandukanye bya […]
Gen Mamady Doumbouya ntakozwa ibyo guha ubutegetsi abasivile

Umuyobozi wâInzibacyuho wa GuinĂ©e, Jenerali Mamady Doumbouya, yongeye kugaragaza ko adateganya gusubiza ubutegetsi abasivile nkâuko yari yarabisezeranyije ubwo yafata ubutegetsi mu 2021. Ahubwo, kuri ubu, yiyamamaje ku mugaragaro mu matora ya Perezida ateganyijwe kuba ku wa 28 Ukuboza 2025, yemeza ko ashaka gukomeza kuyobora igihugu âmu izina ryo kuvugurura igihuguâ. Ku wa Mbere, Doumbouya yageze […]
Perezida Ibrahim Traoré yakiriye Jacob Zuma baganira ku kubohora Afurika

Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim TraorĂ©, yakiriye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, wahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo, Jacob Zuma, mu biro bye biherereye i Koulouba, i Ouagadougou. Uwo muhuro wateguwe ku bufatanye na Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Burkina Faso, wari ugamije kuganira ku ngamba zâubwigenge nâukwigenga kwa Afurika, nkâuko […]
Perezida wa repubulika (Kagame) ndamukunda: Richard Nick Ngendahayo akigera i Kigali

Nyuma yâimyaka irenga 15 yari amaze aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuramyi wâinararibonye Richard Nick Ngendahayo yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasesekaye ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, yakirwa nâurugwiro nâakanyamuneza […]
SADC yemeje ko matora yo muri Tanzania atabaye mu bwisanzure

Abakurikiranira hafi amatora bo mu muryango wa SADC batangaje ko abaturage bo mu bice byinshi byâigihugu cya Tanzaniya batabashije kugaragaza ubushake bwabo mu matora aheruka yabaye ku wa 29/10/2025. Mu itangazo ryabo, Itsinda rya SADC rishinzwe gukurikirana amatora (SEOM) ryavuze ko hari ibibazo byinshi mu mikorere ya politiki, umutekano nâimitegurire yâamatora, bigatuma ayo matora atuzuza […]
Ubuhinde: Abantu 19 bapfiriye mu mpanuka ya bisi yagonganye n’ikamyo

Impanuka ikomeye yabaye kuri uyu wa Mbere mu karere ka Ranga Reddy muri Leta ya Telangana mu Buhinde, aho ikamyo nini yari itwaye amabuye yâamakoro yagonganye nâimodoka ya kompanyi yâigihugu itwara abantu (Telangana State Road Transport Corporation â TSRTC). Nkâuko bitangazwa nâinzego za polisi, iyi mpanuka yabereye hafi yâahitwa Chevella, mu gitondo cyo kuri uyu […]
Perezida Samia ararahirira mu biro byeÂ

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, ararahirira inshingano ze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, mu muhango uzabera mu ibanga, hagamijwe kubungabunga umutekano wâigihugu. Mu bihe bisanzwe, irahira ryâumukuru wâigihugu ryaberaga muri stade nini, rikitabirwa nâabantu ibihumbi. Ariko ubu si ko bimeze, kuko uyu muhango urabera ku ngoro yâumukuru wâigihugu, kandi abaturage […]
Djibouti: Imyaka ntarengwa yo kuba perezida yakuweho

Inteko ishinga amategeko ya Djibouti yakuyeho imyaka ntarengwa ku bakandida bâumukuru wâigihugu, nyuma yo gutora ku bwiganze bwâamajwi yose ku Cyumweru. Ibi byafunguye inzira ku Perezida Ismail Omar Guelleh, wâimyaka 77, kugira ngo ashobore kongera kwiyamamaza mu matora yo muri 2026. Guelleh amaze ku butegetsi kuva mu 1999, akaba ayobora igihugu gito cyo mu ihembe […]
Perezida Ndayishimiye yagiye gushyigikira Samia Suluhu

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yageze mu mujyi wa Dodoma mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki 3 Ugushyingo 2025, aho yitabiriye ibirori byo kurahiza Samia Suluhu Hassan, wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania. Nkâuko byatangajwe nâibiro bya Perezida wâu Burundi mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere, uru ruzinduko rugamije gushimangira […]
Umuhanzi Ngabonziza Augustin, wamamaye mu ndirimbo âAncillaâ yapfuyeÂ

Ngabonziza Augustin, umwe mu bahanzi bakanyujijeho mu myaka irenga 40 ishize, yapfuye azize uburwayi nyuma yo kumara igihe arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK). Amakuru yemeza ko yari amaze iminsi arembye, ubuzima bwe bukagenda burushaho kugorana. Ngabonziza azwi cyane mu muziki wo hambere, aho yaririmbaga muri Orchestre Les Citadins, imwe muri bandi yakunzwe […]
Ibyo ntibibareba: Miss Jolly Mutesi asubiza abibaza aho akura amafaranga

Tariki 1 Ugushyingo 2025, Miss Jolly Mutesi wabaye Miss Rwanda mu 2016, yasubije abamubaza aho akura amafaranga ye, avuga ko ibyo bitabareba kandi bakwiye kumureka akagira amahoro. Ibi yabivugiye mu birori bya The Silver Gala byateguwe na Sherrie Silver Foundation. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, umwe yamubajije ku bijyanye nâimodoka nshya ihenze aherutse kugura, amubaza nâaho […]
Abapasiteri n’abahanuzi b’ibinyoma bagiye kujya bafungwa imyaka 10

Mu gihugu cya Kenya harategurwa itegeko rishya rigamije gufata no guhana abayobozi bâamadini cyangwa abapasiteri bakoresha amayeri nâibinyoma kugira ngo babone amafaranga aho baba bavuze ko bakora ibitangaza. Iryo tegeko rizwi nka Religious Organisations Bill, 2024 riteganya ibihano bikomeye ku bantu bazafatwa bakora ubu bujura bwo mu madini. Itegeko rivuga ko umuyobozi wâidini cyangwa umupasiteri […]
Bane mu bagabye igitero ku kigo cya polisi bishwe barashwe

Abashinzwe umutekano muri Uganda bari gukora iperereza ku gitero cyagabwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ku kigo cya Polisi giherereye mu Karere ka Kasese, aho abantu bitwaje intwaro barimo nâabari bafite imihoro bateye icyo kigo, barasa ndetse batwika inzu imwe yâabapolisi. Nkâuko byatangajwe na The New Vision, bivugwa ko abagizi ba nabi bane […]