Richard Nick yahaye umunyarwenya Kadudu ibihumbi 500 by’igishoro

Umunyarwenya Kadudu wari umaze iminsi atekereza uko yabona ibihumbi 200 Frw ngo atangire ubucuruzi bwâ ibiraha. Icyo cyifuzo cyabaye impamo ku mugoroba wo ku wa 13 Ugushyingo 2025, ubwo muri Camp Kigali haberega igitaramo cya Gen-Z Comedy Show. Muri iki gitaramo habaye byinshi, ariko icyatunguye abantu ni uko Richard Nick Ngendahayo yahaye Kadudu ibihumbi 500 […]
Abiyitirira Fatakumavuta ufunzwe bakomeje kwiba abantuÂ
Sengabo Jean Bosco, uzwi cyane ku izina rya Fatakumavuta, kuri ubu afungiye mu Igororero rya Nyarugenge riherereye i Mageragere, yagaragaje impungenge zâuko hari abantu bamwiyitirira bakaka amafaranga mu izina rye. Mu kiganiro kigufi yagiranye nâImvaho Nshya ubwo yari yitabiriye ibiganiro byerekeranye nâubuhuza byatangijwe muri iryo gereza na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, Domitilla Mukantaganzwa, Fatakumavuta yavuze ko […]
Abanyakenya barenga 200 bari kurwana mu ntambara y’Uburusiya na UkraineÂ

Abantu basaga 200 bo muri Kenya barimo kurwana ku ruhande rwa Russia mu ntambara iri kubera muri Ukraine, kandi hari abandi bashobora kongerwa mu mirwano, nkâuko byatangajwe nâinzego zâigihugu. Muri abo barimo nâabahoze mu nzego zâumutekano za Kenya, nkâuko byemejwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Musalia Mudavadi. Bamwe mu bakuweyo basanze barakoreshwaga mu gukora drones no […]
FDLR yagiye i Kinshasa kwiga gukoresha drone bisabwe na Leta ya Kongo

Uwahoze ari umusirikare wa FDLR witwa Mbale Hafashimana yatangaje amabanga akomeye ku itsinda ryihariye ryâuyu mutwe ryitwa CRAP Unit, ryashinzwe gukora ibikorwa byâiterabwoba mu Rwanda no gufasha ingabo za Kongo (FARDC) mu ntambara ziri mu burasirazuba bwa RDC. Mu kiganiro yagiranye na Kigali Today, Hafashimana yavuze ko CRAP Unit igizwe nâabarwanyi bagera kuri 600, batoranyijwe […]
Bujumbura: Abana bari gushimutwa ku bwinshi

Mu gihe ibikorwa byo gushimuta abana bikomeje kugaragara mu duce dutandukanye twâintara ya Bujumbura, ababyeyi barasaba inzego zâumutekano gufata ingamba zikomeye zo gukurikirana abinjira nâabasohoka mu duce dutuwe. Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu na yo aramagana ibi bikorwa, asaba ko abakora ibi byaha bahanwa bikomeye. Natalie Kamikazi, utuye mu Gatunguru muri komine Ntahangwa yabwiye ikinyamakuru […]
Ubudage bwafunze ikihebe cya Hamas cyari cyigiye kwica abayahudi bo mu Burayi

Mu ijoro ryo ku wa 11 Ugushyingo 2025, Ubushinjacyaha Bukuru bwâUbudage bwategetse ifatwa byâagateganyo rya Borhan El-K., ukomoka muri Libani, ukekwaho kuba umunyamuryango wâumutwe wâiterabwoba mpuzamahanga HAMAS. Ifatwa ryabaye ku muhanda wa A17, ubwo ukekwaho yinjiye mu Budage avuye muri Repubulika ya Czheck. Ubushinjacyaha buvuga ko Borhan El-K. yagizemo uruhare mu gutegura ibitero byâiterabwoba mu […]
Ruti Joel atunze imodoka yari iya nyakwigendera Yvan Buravan

Umuhanzi wâindirimbo za gakondo Ruti Joel yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kugura imodoka ya nyakwigendera Yvan Buravan, inshuti ye magara, kugira ngo agire ikintu gifatika kimwibutsa uwo muhanzi wâibihe byose. Mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Mugabe Robert, Ruti yavuze ko iyo modoka yo mu bwoko bwa Benz yayihaye izina âNkongi Cyaneâ, izina ryari ikivugo cya Buravan. […]
Gen. Muhoozi yasabye Kenya kubaha uburenganzira ku nyanja vuba na bwanguÂ

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba nâumuyobozi wâingabo zâigihugu, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gushyigikira amagambo aherutse kuvugwa na se, Perezida Yoweri Museveni, avuga ko Uganda ikwiye kugira uburenganzira bwo kugera ku Nyanja yâAbahinde. Mu butumwa bwe bwumvikanamo ubwirasi, Muhoozi yagize ati: âKenya igomba kuduhereza vuba inzira ituganisha ku Nyanja yâAbahinde. Nitabikora, bizateza ibibazo bikomeye mu […]
Abantu 6 bapfiriye mu kavuyo kâabantu bashakaga akazi mu gisirikare cya Ghana

Byibuze abantu batandatu bahitanywe nâakavuyo kâabantu kabereye kuri sitade ya El-Wak Sports Stadium i Accra muri Ghana, ubwo habaga igikorwa cyo gushaka abinjira mu gisirikare cya Ghana (Ghana Armed Forces). Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu mbere yâuko igikorwa nyirizina gitangira, ubwo igihiriri cyâabasore nâinkumi cyari cyahurujwe no kwirukira ku marembo […]
Amashusho y’urukozasoni ya Yampano mu butabera

Umuhanzi wâUmunyarwanda ukizamuka, Florien Uworizagwira, uzwi cyane ku izina rya Yampano yajyanye mu butabera Patrick Ishimwe uzwi nka Pazzo, amushinja kwiba no gusakaza videwo y’urukozasoni yari afitanye nâumukunzi we, nyuma yo kuyikura muri telefoni ye nta burenganzira abifitiye. Iyo videwo yasohotse ku mbuga nkoranyambaga ku itariki ya 9 Ugushyingo 2025, ituma Yampano ashyirwa mu majwi […]
Yabyaye abana bane icyarimwe ahita abita amazina ya Raila Odinga

Umugore wo mu karere ka Kisii, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Kenya, yabyaye abana bane icyarimwe abita amazina yakomotse kuri Raila Odinga wahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Kenya, ndetse nâumugore we Ida Odinga. Abo bana bane ba Vane Nyanchoka ni abahungu batatu nâumukobwa umwe. Abahungu babatijwe Raila, Amollo, na Odinga, naho umukobwa yitwa Ida, izina […]
Mwarimu Clement yiyahuriye mu kiyaga cya MuhaziÂ

Polisi yâu Rwanda yemeje ko Iraguha Clement, uzwi cyane nka Mwarimu Clement kubera kwigisha abantu gutwara imodoka binyuze ku mbuga nkoranyambaga, yapfuye nyuma yo kwiroha mu Kiyaga cya Muhazi. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, yatangaje ko ibyâuru rupfu byamenyekanye ku mugoroba wo ku wa 10 Ugushyingo 2025, ahagana saa kumi […]
Umukobwa wâimyaka 13 yanze kurongorwa n’umusaza wa 70

Umukobwa wâimyaka 13 yâamavuko wo mu karere ka Bor muri Sudani y’Epfo yakijijwe gushyingirwa ku gahato ku mugabo wâimyaka 70, nyuma yâuko nyina amenye ibyari bigiye kumubaho maze agahita asaba ubufasha mu itsinda ryâabagore rirengera uburenganzira bwabo. Uwo mukobwa, witwa Nosha, ngo yumvise ba sekuru be baganira ku migambi yo kumushyingira uwo musaza mu buryo […]
FIFA yahannye Umurundi Bonfils-Caleb

Umurundi Bonfils-Caleb Bimenyimana yahagaritswe nâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) imikino itatu, nyuma yâigikorwa cyâubugome yakoreye umuzamu wâikipe yâigihugu ya Kenya, Brian Bwire, mu mukino wo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi wabaye ku wa 9 Ukwakira 2025. Iri kosa ryabereye mu mukino wahuje Uburundi na Kenya muri âWorld Cup Qualifiers 2026â, aho bombi bahataniraga amanota akomeye […]
Nicolas Sarkozy yarekuwe

Urukiko rwâi Paris rwatangaje ko rwemeye kurekura byâagateganyo Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida wâu Bufaransa, mu gihe ategereje kuburana ubujurire ku rubanza yakatiwemo igifungo cyâimyaka itanu. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025. Sarkozy, wayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012, yari afunzwe nyuma yo guhamywa ibyaha bijyanye nâamafaranga […]
Intare FC yitandukanyije nâumugabo wacucuye ababyeyi bo muri Kamonyi

Mu gihe amakuru amaze iminsi acicikana ku mugabo witwa Nibishimirwe Patrick ushinjwa kwaka amafaranga ababyeyi bo mu Karere ka Kamonyi abizeza kuzazamura abana babo bafite impano mu mupira wâamaguru, ikipe yâirerero rya Intare FC yamenyesheje ko nta sano na busa ifitanye nâuwo mugabo. Amakuru avuga ko Nibishimirwe Patrick yabwiye ababyeyi bagera kuri 26 ko afite […]
Perezida wa Zambia yatewe amabuye ari ku rubyiniro

Ku wa gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatewe amabuye nâabaturage bari bamuteze amatwi mu gikorwa cyabereye mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâigihugu, bituma abashinzwe umutekano bamuhungisha vuba cyane. Perezida Hichilema yari yagiye mu mujyi wa Chingola, mu ntara ya Copperbelt, gusura abaturage no kureba ingaruka zâinkongi yâumuriro yari yibasiye isoko rya […]
Vestine na Dorcas bahagaritse igitaramo muri Canada ku munota wa nyumaÂ

Abakunzi bâitsinda rya Vestine & Dorcas bari bategereje igitaramo cyabo mu mujyi wa Winnipeg muri Canada ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, ariko cyaje gusubikwa ku munota wa nyuma. Iki gitaramo cyari kimwe mu byari gisoza uruzinduko rwabo rwo kuririmba mu bihugu bitandukanye byo muri Amerika na Canada. Abafana bari biteguye kuririmbana nabo […]
Ibihugu 5 by’Afurika byagabweho ibitero byâindege na Amerika

Kugeza mu Ugushyingo 2025, hari ibiganiro byongeye kuzamuka ku bijyanye nâuko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zishobora kugaba ibitero byâindege muri Nijeriya. Ibyo biganiro byatumye abantu bongera kwibaza ku ruhare rwa Amerika mu bikorwa byayo bya gisirikare muri Afurika. Hashize imyaka myinshi Ubuyobozi bwa Gisirikare bwa Amerika muri Afurika (AFRICOM) bukora ibitero byâindege ku […]
SP Ronald Mutabazi yasanzwe mu rugo yapfuye

Umuyobozi wa VIPPU muri Polisi yâu Buganda, SP Ronald Mutabazi, yasanzwe yapfuye mu rugo rwe Polisi yâu Buganda iri mu kababaro kâakomeye nyuma yâurupfu rwa SP Ronald Mutabazi, umwe mu bapolisi bakuru bakoraga mu ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba (Counter Terrorism Unit). Mutabazi yari umuyobozi wa VIPPU (Very Important Persons Protection Unit) ishami rishinzwe kurinda abayobozi […]
Umugabo mubi ku isi yizihije imyaka 22 amaze arongoye

Baguma Godfrey, uzwi nka Ssebabi, umwe mu bantu bazwi cyane muri Uganda, hamwe nâumugore we Namande Cate, bazihije isabukuru yâimyaka 22 bamaze bashyingiwe. Mu gusangiza abantu urugendo rwabo rwâubukwe, Cate Namande yavuze ko yarongowe n’uyu mugabo ubwo yari afite imyaka 18 gusa. Icyo cyemezo cye cyakurikiwe nâamarangamutima menshi nâamarushanwa yâimiryango nâinshuti, bamwe bibazaga impamvu yihisemo […]
Umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi yarekuwe

Ubuyobozi bwa Libani bwatangaje ko Hannibal Kadhafi, umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi wahoze ayobora Libiya, yarekuwe nyuma yâimyaka irenga icumi yari amaze afunzwe i Beirut. Nkâuko bitangazwa nâurubuga Lebanon 24, Hannibal Kadhafi yarekuwe nâurukiko rwa Libani, kandi yakuriweho inzitizi zamubuzaga gusohoka mu gihugu, ndetse urukiko rwanatesheje agaciro ingwate ya miliyoni 11 zâamadolari yari yasabwe. Leta […]
Perezida wa Afurika y’Epfo yinjiye mu kibazo cy’abaturage be bajyanwe kurwana mu ntambara ya Ukraine

Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa, yategetse ko hakorwa iperereza ryihariye ku byatumye Abanyafurika yâEpfo 17 bajyanwa mu bikorwa bisa nâibyâabacanshuro mu ntambara iri hagati yâUburusiya na Ukraine. Nkâuko itangazo rya guverinoma ribivuga, abo basore bari hagati yâimyaka 20 na 39, bakaba bafungiwe mu karere ka Donbas muri Ukraine, nyuma yo kubeshywa ngo bagiye kubona […]
BOLIVIA: Urukiko rwategetse ko Jeanine wahoze perezida w’igihugu arekurwaÂ

Urukiko rwâIkirenga rwa Bolivia rwatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5/11/2025 ko rutesheje agaciro igihano cyâimyaka 10 cyari cyarafatiwe Jeanine Ăñez, wahoze ari Perezida wâagateganyo, runategeka ko ahita arekurwa nyuma yâimyaka irenga ine yari amaze afunzwe. Uyu mwanzuro wasomwe nâumucamanza Romer Saucedo, wavuze ko habayeho âkunyuranya nâamategeko mu mikorere yâurukiko rwamukatiye,â kuko yagombaga kuburanishwa […]
Ibyâingenzi buri wese ugiye gusezerana mu mategeko mu Rwanda agomba kumenyaÂ

Gusezerana mu mategeko (civil marriage) mu Rwanda si umunsi wâurukundo gusa, ahubwo ni amasezerano yemewe nâamategeko hagati yâabantu babiri. Nkâuko byatangajwe nâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR), mu mwaka wa 2023 habaye ubukwe 57,880 bwanditswe mu mategeko, mu gihe mu 2024 habaye 52,878, bigaragaza ikigero cyo kugabanuka kwa 9.5%. Ibi byerekana ko nâubwo gushakana bikomeje gufatwa […]
Perezida wa Mexique Claudia yakorakowe n’umugabo mu ruhame

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yashyikirije ubutabera umugabo wamukorakoye mu gatuza ubwo yari ari mu ruhame aramukanya nâabaturage i Mexique City. Uwo mugabo, bivugwa ko yari yasinze, yahise atabwa muri yombi kandi aracyafungiye muri Sex Crimes Investigation Unit. Sheinbaum yavuze ko yafashe icyemezo cyo kuregera inkiko ânkâumugore uharanira uburenganzira bwâabandi bagore bose,â asaba ko ihohoterwa […]
Rwamagana: Uruganda rwakoraga inzoga mu rusenda, itabi nâamajyani rwarafunzwe

Ubuyobozi bwâAkarere ka Rwamagana bwatangaje ko bwahagaritse uruganda rwitwa Agahebuzo Drinks Processing rwengaga inzoga rukoresheje ibikoresho bidakwiye birimo urusenda, amajyane nâitabi, aho gukoresha ibitoki nkâuko byari byanditse mu cyangombwa cyarwo. Urwo ruganda rwakoraga mu Murenge wa Muhazi, Akagari ka Nsinda, rwafunzwe ku itariki ya 4 Ugushyingo 2025 ku bufatanye nâinzego zâibanze, izâumutekano ndetse nâIkigo cyâIgihugu […]
Abantu icyenda bishwe nâimpanuka yâindege ya UPS i Louisville

Ku mugoroba wo ku wa kabiri, indege itwara imizigo ya kompanyi UPS yakoze impanuka ikomeye ubwo yari igiye guhaguruka ku kibuga cyâindege Louisville Muhammad Ali International Airport, ihitana abantu icyenda, nkâuko byemejwe na guverineri wa leta, Andy Beshear. Ubuyobozi bwatangaje ko abantu 11 bakomeretse bikomeye, mu gihe abandi 16 bagishakishwa. Indege yahise iturika ikigwa ku […]
Cristiano Ronaldo agiye guhagarika gukina umupira

Cristiano Ronaldo yatangaje ko agiye kujya guhagarika ruhago, avuga ko azabikora kubera impamvu zâumuryango nâigihe amaze ategura ejo hazaza he. Uyu mukinnyi wâimyaka 40, ukinira Al Nassr muri Arabie Saoudite ndetse akaba nâintwari ya Portugal, yavuze ibi mu kiganiro cya âPiers Morgan Uncensoredâ cyo mu Bwongereza, cyasohotse ku wa kabiri tariki 5 Ugushyingo 2025. Ronaldo […]
Wa mwana ufite ubumuga bw’ingingo uzi guconga ruhago, yahawe ubufasha

Ishyirahamwe Nyarwanda ryâUmupira wâAmaguru wâAbafite Ubumuga (RAFA) ryemeje ko, ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo nâAkarere ka Gatsibo, ryasuye kandi rigenera ibikoresho Nizeyimana ThĂ©oneste, umwana ufite ubumuga bwâingingo wagaragaje impano ikomeye mu gukina umupira wâamaguru. Nkâuko byatangajwe nâiri shyirahamwe ku rukuta ryarwo rwa X ku wa 4 Ugushyingo 2025, urwo ruzinduko rwabaye ku wa 31 […]
TANZANIA: Abakinnyi 7 biciwe mu myigaragambyo yakurikiye amatora

Abakinnyi barindwi bâabato bâumupira wâamaguru bo muri Tanzania barimo abari bahagarariwe nâikigo Viral Scout Management biciwe mu mvururu zakurikiye amatora yâumukuru wâigihugu, nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru The Standard. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâubuyobozi bwâiki kigo, ryemejwe ku mbuga nkoranyambaga, havugwamo amazina yâabitabye Imana arimo Rajabu Rajab (17), Anthony Rico (18), Abdulqareem Ali (16), Peter Eliya (19), […]
Umukinnyi wa filime Nana yarwariye âDepressionâ mu Bubiligi

Uwamwezi NadĂšge, uzwi cyane nka Nana muri filime Citymaid, yahishuye ko yakomeje guhangana nâindwara yâagahinda gakabije (depression) ubwo yageraga mu Bubiligi mu mwaka wa 2021, ajyanywe no kubana nâumugabo we. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Nana yavuze ko kwimukira mu gihugu gishya byamugoye cyane cyane cyane kuba yarasize inshuti, abavandimwe nâumuryango we mu Rwanda. Ati: […]
RDC yahagaritse abakinnyi nâabatoza bitabiriye Giants of Africa i Kigali

Ishyirahamwe rya Basketball muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO) ryafatiye ibihano bikomeye abakinnyi nâabatoza bagaragaye mu iserukiramuco rya Giants of Africa 2025 ryabereye i Kigali, ku mpamvu zâuko bahagarariye igihugu batabifitiye uburenganzira. Iri serukiramuco, ryabaye kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 2 Kanama 2025, ryahuje urubyiruko nâabatoza bo mu bihugu bitandukanye bya […]
Gen Mamady Doumbouya ntakozwa ibyo guha ubutegetsi abasivile

Umuyobozi wâInzibacyuho wa GuinĂ©e, Jenerali Mamady Doumbouya, yongeye kugaragaza ko adateganya gusubiza ubutegetsi abasivile nkâuko yari yarabisezeranyije ubwo yafata ubutegetsi mu 2021. Ahubwo, kuri ubu, yiyamamaje ku mugaragaro mu matora ya Perezida ateganyijwe kuba ku wa 28 Ukuboza 2025, yemeza ko ashaka gukomeza kuyobora igihugu âmu izina ryo kuvugurura igihuguâ. Ku wa Mbere, Doumbouya yageze […]
Perezida Ibrahim Traoré yakiriye Jacob Zuma baganira ku kubohora Afurika

Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim TraorĂ©, yakiriye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, wahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo, Jacob Zuma, mu biro bye biherereye i Koulouba, i Ouagadougou. Uwo muhuro wateguwe ku bufatanye na Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Burkina Faso, wari ugamije kuganira ku ngamba zâubwigenge nâukwigenga kwa Afurika, nkâuko […]
Perezida wa repubulika (Kagame) ndamukunda: Richard Nick Ngendahayo akigera i Kigali

Nyuma yâimyaka irenga 15 yari amaze aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuramyi wâinararibonye Richard Nick Ngendahayo yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasesekaye ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, yakirwa nâurugwiro nâakanyamuneza […]
SADC yemeje ko matora yo muri Tanzania atabaye mu bwisanzure

Abakurikiranira hafi amatora bo mu muryango wa SADC batangaje ko abaturage bo mu bice byinshi byâigihugu cya Tanzaniya batabashije kugaragaza ubushake bwabo mu matora aheruka yabaye ku wa 29/10/2025. Mu itangazo ryabo, Itsinda rya SADC rishinzwe gukurikirana amatora (SEOM) ryavuze ko hari ibibazo byinshi mu mikorere ya politiki, umutekano nâimitegurire yâamatora, bigatuma ayo matora atuzuza […]
Ubuhinde: Abantu 19 bapfiriye mu mpanuka ya bisi yagonganye n’ikamyo

Impanuka ikomeye yabaye kuri uyu wa Mbere mu karere ka Ranga Reddy muri Leta ya Telangana mu Buhinde, aho ikamyo nini yari itwaye amabuye yâamakoro yagonganye nâimodoka ya kompanyi yâigihugu itwara abantu (Telangana State Road Transport Corporation â TSRTC). Nkâuko bitangazwa nâinzego za polisi, iyi mpanuka yabereye hafi yâahitwa Chevella, mu gitondo cyo kuri uyu […]
Perezida Samia ararahirira mu biro byeÂ

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, ararahirira inshingano ze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, mu muhango uzabera mu ibanga, hagamijwe kubungabunga umutekano wâigihugu. Mu bihe bisanzwe, irahira ryâumukuru wâigihugu ryaberaga muri stade nini, rikitabirwa nâabantu ibihumbi. Ariko ubu si ko bimeze, kuko uyu muhango urabera ku ngoro yâumukuru wâigihugu, kandi abaturage […]
Djibouti: Imyaka ntarengwa yo kuba perezida yakuweho

Inteko ishinga amategeko ya Djibouti yakuyeho imyaka ntarengwa ku bakandida bâumukuru wâigihugu, nyuma yo gutora ku bwiganze bwâamajwi yose ku Cyumweru. Ibi byafunguye inzira ku Perezida Ismail Omar Guelleh, wâimyaka 77, kugira ngo ashobore kongera kwiyamamaza mu matora yo muri 2026. Guelleh amaze ku butegetsi kuva mu 1999, akaba ayobora igihugu gito cyo mu ihembe […]
Perezida Ndayishimiye yagiye gushyigikira Samia Suluhu

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yageze mu mujyi wa Dodoma mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki 3 Ugushyingo 2025, aho yitabiriye ibirori byo kurahiza Samia Suluhu Hassan, wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania. Nkâuko byatangajwe nâibiro bya Perezida wâu Burundi mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere, uru ruzinduko rugamije gushimangira […]
Umuhanzi Ngabonziza Augustin, wamamaye mu ndirimbo âAncillaâ yapfuyeÂ

Ngabonziza Augustin, umwe mu bahanzi bakanyujijeho mu myaka irenga 40 ishize, yapfuye azize uburwayi nyuma yo kumara igihe arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK). Amakuru yemeza ko yari amaze iminsi arembye, ubuzima bwe bukagenda burushaho kugorana. Ngabonziza azwi cyane mu muziki wo hambere, aho yaririmbaga muri Orchestre Les Citadins, imwe muri bandi yakunzwe […]
Ibyo ntibibareba: Miss Jolly Mutesi asubiza abibaza aho akura amafaranga

Tariki 1 Ugushyingo 2025, Miss Jolly Mutesi wabaye Miss Rwanda mu 2016, yasubije abamubaza aho akura amafaranga ye, avuga ko ibyo bitabareba kandi bakwiye kumureka akagira amahoro. Ibi yabivugiye mu birori bya The Silver Gala byateguwe na Sherrie Silver Foundation. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, umwe yamubajije ku bijyanye nâimodoka nshya ihenze aherutse kugura, amubaza nâaho […]
Abapasiteri n’abahanuzi b’ibinyoma bagiye kujya bafungwa imyaka 10

Mu gihugu cya Kenya harategurwa itegeko rishya rigamije gufata no guhana abayobozi bâamadini cyangwa abapasiteri bakoresha amayeri nâibinyoma kugira ngo babone amafaranga aho baba bavuze ko bakora ibitangaza. Iryo tegeko rizwi nka Religious Organisations Bill, 2024 riteganya ibihano bikomeye ku bantu bazafatwa bakora ubu bujura bwo mu madini. Itegeko rivuga ko umuyobozi wâidini cyangwa umupasiteri […]
Bane mu bagabye igitero ku kigo cya polisi bishwe barashwe

Abashinzwe umutekano muri Uganda bari gukora iperereza ku gitero cyagabwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ku kigo cya Polisi giherereye mu Karere ka Kasese, aho abantu bitwaje intwaro barimo nâabari bafite imihoro bateye icyo kigo, barasa ndetse batwika inzu imwe yâabapolisi. Nkâuko byatangajwe na The New Vision, bivugwa ko abagizi ba nabi bane […]
Amerika yabujije abaturage bayo kujya muri Niger

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku wa gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2025 impuruza yihanangiriza Abanyamerika kudasura igihugu cya Niger, kubera impamvu zâumutekano zirimo ubugizi bwa nabi, imvururu za politiki, iterabwoba, indwara, nâubushimusi. Iyi mpuruza yashyizwe ahagaragara nâIshami rya Leta rishinzwe Ububanyi nâAmahanga, nyuma yâuko mu cyumweru gishize umumisiyoneri wâUmunyamerika yashimuswe mu murwa mukuru […]
Igisirikare cya Guinea-Bissau cyaburijemo Coup d’etat

Mu gihugu cya Guinea-Bissau, igisirikare cyatangaje ko cyaburijemo igerageza ryo gufata ubutegetsi ku ngufu, ryakozwe nâabasirikare bakuru bari bagamije guhirika inzego zemewe nâamategeko. Nkâuko byemejwe na Jenerali Mamadu Ture, wungirije Umugaba Mukuru wâIngabo, iri tsinda ryagerageje âguhungabanya inzego za Leta no gusenya inzira yâamatoraâ ateganyijwe gutangira mu mpera zâiki cyumweru. Ubuyobozi bwâigisirikare bwatangaje ko abasirikare […]
Cameroun: Ingabo za Leta zahishe utavuga rumwe n’ubutegetsi

Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Cameroun, Issa Tchiroma Bakary yatangaje kuri uyu wa Gatanu ko yajyanywe ahantu hizewe nâabasirikare bamushyigikiye kugira ngo bamurindire umutekano, nyuma yâamatora arimo impaka nyinshi. Tchiroma yari amaze iminsi afungiye iwe mu rugo mu mujyi wa Garoua mu majyaruguru ya Cameroun, kuva ku itariki ya 12 Ukwakira ubwo habaga […]
Yafashwe nyuma yâimyaka 31 yihishe kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ndindabahizi Faustin, wâimyaka 62, yafashwe nyuma yâimyaka 31 yihishe kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yafatiwe ku biro byâUmurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi ubwo yari yagiye gusaba serivisi zâubutaka. Abaturage bamuzi neza bamutanzeho amakuru bituma afatwa. Uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera, ashinjwa […]
Urukiko rwategetse ko umugore wahawe gatanya azajya asubiza umugabo we inkwano

Urukiko rwâikirenga rwa Kisii, muri Kenya, rwatangaje umwanzuro watunguye benshi, aho rwategetse ko umugore wemerewe nâinkiko ko yatandukanye nâumugabo, agomba gusubiza inkwano yahawe nâumuryango wâumugabo. Uyu mwanzuro wasomwe ku wa 31 Ukwakira 2025 na Justice D.K.N. Magare, wasobanuye ko mu muco wa Kenya, ubukwe budaseswa burundu mu gihe inkwano itarasubizwa. Yagize ati: âMu muco wacu, […]
Abahanzi bihaye gushyigikira Samia Suluhu ntiborohewe

Mu gihe Tanzania yari mu matora rusange yo ku wa 29 Ukwakira, abahanzi benshi bakomeye mu njyana ya Bongo Flava bagaragaje ko bashyigikiye Perezida Samia Suluhu Hassan, umukandida wa Chama Cha Mapinduzi (CCM). Icyo cyari kigamije kumwereka urukundo nâishimwe kubera ibyo yakoze mu buyobozi bwe, ariko byaje gukurura uburakari bukomeye mu baturage bamwe, babashinja gukoresha […]
Inteko Ishinga Amategeko yâu Burayi yamaganye amatora yo muri TanzaniaÂ

Ku itariki ya 30 Ukwakira 2025, Inteko Ishinga Amategeko yâu Burayi (European Parliament) yatangaje ko amatora rusange yo muri Tanzania atabaye mu buryo buboneye, ivuga ko âataranzwe nâubwisanzure nâubutabera.â Mu itangazo ryasohowe nâabadepite bayo (MEPs), bavuze ko amatora yagombaga kuba umunsi wâibyishimo bya demokarasi, ariko ahubwo ahinduka âigihe cyâigitutu, ubwoba nâiterabwoba.â Itangazo ryabo rigira riti: […]
Bakoze ubukwe bambaye imyenda y’ishuri

Emmanuel Friday Joseph na Grace Gideon Akpan bo muri Nigeria bakoze ubukwe budasanzwe bwavugishije benshi nyuma yâimyaka 18 bakundana. Icyatangaje abantu benshi ni uko mu mafoto yâubukwe bwabo bifotoje bambaye impuzankano yâishuri ryisumbuye bamenyaniyemo, nkâurwibutso rwâaho urukundo rwabo rwatangiriye. Urukundo rwabo rwatangiye ubwo bombi bigaga muri Comprehensive Secondary School Ediene Abak. Emmanuel wari ugeze mu […]
Rubavu: Umwana wâimyaka 15 yabyaye umwana amuta mu bwiherero

Umukobwa wâimyaka 15 wo mu Murenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kubyara umwana akamujugunya mu bwiherero bwâumuturanyi wabo. Amakuru yemeza ko ku itariki ya 29 Ukwakira 2025, umwe mu baturanyi wagiye mu bwiherero bwo mu rugo rwâuwo muryango yasanzemo amaraso menshi nâuruhinja rwapfuye. Uwo muturanyi yahise atabaza nyirâubwiherero nâabaturage, […]
Leta ya Gambia yahaye gasopo Yahya Jammeh wifuza kuva mu buhungiro

Leta ya Gambia yahaye gasopo uwahoze ari Perezida wâiki gihugu, Yahya Jammeh nyuma yâuko atangaje ko ateganya gusubira mu gihugu mu kwezi kâUgushyingo 2025. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na guverinoma kuri uyu wa kabiri, yihanangirije Jammeh ko naramuka agarutse, azahita afatwa, agafungwa, kandi akurikiranwe ku byaha bikomeye ashinjwa kuba yarakoze mu gihe cyâimyaka 22 yamaze […]
FERWAFA yateye utwatsi APR FC

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryasesenguye neza ubusabe bwâikipe ya APR FC yasabaga gusuzuma imisifurire mu mukino wayihuje na Kiyovu Sports ku wa 25 Ukwakira 2025, ariko risanga umusifuzi yarafashe ibyemezo bikwiye mu mukino. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025, FERWAFA yavuze ko Komisiyo ishinzwe imisifurire yasuzumye amashusho […]
Bujumbura: Yabyaye umuhungu muzima, bamuha umukobwa wapfuye

Mu mujyi wa Bujumbura, inkuru ibabaje yaturutse mu bitaro bya Roi Khaled, aho umubyeyi yabyaye umuhungu muzima, ariko aza guhabwa umukobwa wapfuye kubera uburangare bwâabaganga. Ibi byabaye ku wa 28/10/2025, bikaba byateje urujijo nâimvururu mu bitaro. Amakuru aturuka ahabereye ibi avuga ko ku wa 26 Ukwakira, ababyeyi babiri babyariye rimwe umwe abyara umwana wâumuhungu nâundi […]
Minisiteri ya Siporo igiye gufasha umwana ufite ubumuga wagaragaye akina umupira

Mu Karere ka Gatsibo, amashusho yâumwana wâumunyeshuri ufite ubumuga arimo gukina umupira wâamaguru hamwe nâabandi bana kuri GS Kiramuruzi yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, ashimisha benshi kandi akora ku mitima ya benshi. Uyu mwana, nubwo afite ubumuga bwâukuguru n’ukuboko, yagaragaye yishimye kandi afite ishyaka rikomeye mu gukina umupira, ibintu byatumye benshi bamufata nkâintwari yerekanye ko […]
Umwana wa Nyuma wâUmwami Yuhi V Musinga yapfuyeÂ

Igikomangoma SpĂ©ciose Mukabayojo, umukobwa wâUmwami wâu Rwanda wagiyeho, Yuhi V Musinga, yatabarutse afite imyaka 93, nkâuko byemejwe nâabo mu muryango we. Yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Mbere mu bitaro byo i Nairobi muri Kenya, aho yari atuye. Umuryango we watangaje ko impamvu yâurupfu rwe yari indwara nâizabukuru. Igikomangoma Mukabayojo aheruka kugaragara mu ruhame […]
Ibitangaje kuri sitade igiye kubakwa mu kirere cya Arabie Saoudite

Mu gihugu cya Arabie Saoudite, hatangajwe umushinga mushya utangaje cyane, wo kubaka stade ya mbere ku isi izaba iri hejuru mu kirere. Iyi stade izwi ku izina rya NEOM Sky Stadium, izaba igice cyâumushinga mugari wa NEOM, umujyi wâigihe kizaza wubakwa mu butayu bwa Saoudite. Umushinga wa NEOM ni umwe mu mishinga minini yâiterambere yashyizweho […]