Kamonyi: Imodoka ya Howo yishe abantu babiri abandi 11 ibagira inkomere

Mu Karere ka Kamonyi, ahazwi nko ku Ruyenzi, habereye impanuka ikomeye yâikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonganye nâizindi modoka eshanu, ihitana abantu babiri ndetse 11 barakomereka, barimo babiri bakomeretse cyane. Iyi mpanuka yabaye ku wa 15 Ukwakira 2025 ahagana saa kumi nâimwe zâumugoroba, mu Murenge wa Runda, hafi ya santere ya Ruyenzi. Uvugira Polisi […]
Rurageretse hagati ya Aliah Cool nâumunyamakuru wa Isibo FM

Nyuma yâuko umunyamideli Aliah Cool yerekanye imodoka nshya yo mu bwoko bwa Barbus, ibintu byahise bifata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga ubwo umunyamakuru wa Isibo FM, DC ClĂ©ment, yandikaga amagambo yakoze ku marangamutima ya Aliah Cool. DC ClĂ©ment yanditse kuri Instagram ati: âAho kurata imodoka yâInkongoman nitwa Umukire i Nyarugenge, Umwana wâi Gitwe naguma kuri […]
Uwabaye Minisitiri wâIngabo muri Sudani yâEpfo yiyomoye kuri Perezida Salva Kiir

Uwahoze ari Minisitiri wâIngabo muri Sudani yâEpfo, Nhial Deng Nhial yatangaje ko asezeye mu ishyaka riri ku butegetsi, SPLM, ashinja ubuyobozi bwa Perezida Salva Kiir Mayardit kuba bwarataye icyerekezo cyâigihugu. Mu itangazo ryâimpapuro 18 yashyikirije Radio Tamazuj, Nhial yashinje ubutegetsi ruswa, umutekano muke, nâukudindiza amatora yari ategerejwe kuva mu myaka myinshi ishize. Uyu munyapolitiki wâinararibonye, […]
Raila Odinga yapfuye

Umunyapolitiki wâinararibonye wo muri Kenya, Raila Amolo Odinga, wari uzwi cyane mu mateka ya politiki yâigihugu no mu rugamba rwo guharanira demokarasi, yapfuye afite imyaka 80. Amakuru aturuka mu gihugu cyâUbuhindi aravuga ko yapfuye ku wa Gatatu, tariki ya 15 Ukwakira 2025, ubwo yari i Koothattukulam, mu karere ka Ernakulam, muri Leta ya Kerala, aho […]
Leta ya Zambia yahagaritse inkunga yahaga ikipe y’igihugu kubera umusaruro nkene

Leta ya Zambia yatangaje ko yahagaritse inkunga yâamafaranga yajyaga atangwa ku ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru (Chipolopolo), nyuma yâigihe iyi kipe imaze ititwara neza mu mikino mpuzamahanga. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri yâUrubyiruko, Siporo nâUbugeni hamwe nâInama Nkuru yâImikino muri Zambia (National Sports Council of Zambia), rivuga ko guverinoma ifite impungenge zikomeye ku musaruro wâikipe yâigihugu, […]
Mohamed Salah yagaragaye ku rutonde rwâabatoye Perezida muri Cameroon

Mu gihe igihugu cya Cameroon cyari mu matora ya perezida ku Cyumweru, isura yâumukinnyi wâumupira wâamaguru ukomoka muri Misiri, Mohamed Salah yagaragaye ku rutonde rwâabatoreye ku biro byâitora bya NgaoundĂ©rĂ© III. Nyuma yo gukora igenzura, ibitangazamakuru bitandukanye byemeje ko koko iyo foto igaragara ku rubuga rwa Elecam, urwego rushinzwe gutegura no gucunga amatora muri Cameroon. […]
Umupolisi yiyahuye akimenya ko umukunzi we yarongoye undi

Umupolisi wâumugore wo ku cyicaro cya polisi cya Phalombe muri Malawi, witwa Sergeant Eliza Masina, ari kuvurirwa mu bitaro bya Holy Family Mission Hospital nyuma yo kugerageza kwiyahura akoresheje uburozi. Nkâuko raporo ya polisi ya Phalombe ibivuga, ibi byabaye ku wa gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025, mu mudugudu wa Sakhome, muri T/A Nkhumba, akarere […]
Yanyaye kuri Alitari ya Bazilika ya Mutagatifu Petero ubwo hasomwaga misaÂ

Umugabo utatangajwe amazina yafashwe nâinzego zâumutekano za Vatican nyuma yo kunyara kuri Alitari nkuru ya Bazilika ya Mutagatifu Petero i Roma, ubwo hasomwaga Misa yitabiriwe nâimbaga yâabizera. Byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatanu, ubwo uwo mugabo yacaga mu rihumye abashinzwe umutekano maze yegera Alitari nkuru, ahantu Papa asanzwe ayoborera imihango mikuru ya Kiliziya, ahita […]
Kenya: Uwari urinze ingoro ya Perezida yishwe atewe icumu

Mu gitondo cyo ku wa mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, i Nairobi, habaye urupfu rutunguranye rwâumupolisi wo mu ishami rya General Service Unit (GSU) wacungaga umutekano ku ingoro ya Perezida. Amakuru atangwa nâinzego zâumutekano avuga ko uwo mupolisi yishwe nâumugabo witwaje icumu, ubwo yari ku burinzi hafi yâirembo rya D, ahinjirira abashyitsi bajya muri […]
Bujumbura: Akabari kubatswe mu ishusho y’indege kahiye karatokomberaÂ

Akabari kari gakunzwe cyane i Bujumbura ku izina rya Chez Willy The Bartender cyangwa Air Willy, katatswe n’inkogi y’umuriro ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025. Ababonye ibyabaye bavuga ko umuriro watangiye utunguranye, ntihamenyekane icyawuteye. Kubera ko inyubako yari ikoze mu biti nâibindi bikoresho bifatwa n’umuriro byoroshye, byagoranye kuzimya uwo […]
RDF yanyomoje itangazo ryavugaga ko iri gukorana na FDLR

Ku wa 12 Ukwakira, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe inyandiko iriho ibirango bya Minisiteri yâIngabo zâu Rwanda (MINADEF), ivuga ko Ingabo zâu Rwanda (RDF) nâabahoze ari abarwanyi ba FDLR bari ku murongo wâubwirinzi muri Lubero, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, bategetswe kwerekeza ku nkambi za MONUSCO ngo bakorweho iperereza Ku bikorwa byabo. Iyo nyandiko, ifite umutwe […]
Umugore wa Akon yamusabye gatanya, atungurwa no gusanga umutungo we wanditse kuri nyina

Umuhanzikazi wâicyamamare ku isi Akon, uzwi cyane mu ndirimbo âSmack Thatâ na âLocked Upâ, ari mu byishimo nyuma y’uko umugore we Tomeka Thiam, bari bamaranye hafi imyaka 30 bashakanye, yamusabye gatanya maze aza gutungurwa no gusanga nta mutungo agira. Tomeka yasabye urukiko ko yahabwa miliyoni 100 zâama-Euro (âŹ100 million), avuga ko yagize uruhare rukomeye mu […]
FERWAFA yijeje abafana ibitangaza ntiyabikora

Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryasabye imbabazi abakunzi bâikipe yâigihugu Amavubi nyuma yâuko tombola yari iteganyijwe mu mukino wahuje u Rwanda na BĂ©nin ku wa 10 Ukwakira 2025 itabashije gukorwa mu gihe cyâikiruhuko (half-time). Mbere yâumukino, FERWAFA yari yatangaje ko hazaba tombola idasanzwe igamije gushimisha abafana no kubashimira uburyo bakomeje gushyigikira Amavubi. Mu itangazo […]
U Rwanda rwihanangirije RDC: âIbyo muvuga ni politiki yo gushaka gushinja abandi amakosaâÂ

Mu gihe Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ThĂ©rĂšse Kayikwamba Wagner, yakomeje kunenga Ubumwe bwâu Burayi (EU) ko butashyize igitutu gikomeye ku Rwanda ku birego byo gushyigikira umutwe wa M23, Kigali yo yasubije ivuga ko ibyo ari imikino ya politiki no gushaka gushinja abandi amakosa. Kayikwamba Wagner, mu kiganiro yahaye EUObserver […]
Burkina Faso yanze kwakira abimukira bavuye muri Amerika yahanwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Burkina Faso ingamba zo kubima viza ku baturage bayo bose, nyuma yâuko Ouagadougou yanze kwakira bamwe mu bimukira Amerika yashakaga kohereza mu gihugu cyabo. Mu itangazo ryatambutse kuri televiziyo yâigihugu ku wa Gatanu, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Burkina Faso, Karamoko Jean-Marie TraorĂ©, yatangaje ko uhereye ubu, Abanya-Burkina Faso bazajya […]
Myugariro w’Amavubi yasigaye akora amasuku muri sitade Amahoro

Nyuma yâumukino Ikipe yâIgihugu Amavubi yatsinzwemo na BĂ©nin igitego 1-0 mu mikino yo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi cya 2026, hari igikorwa cyakozwe na Myugariro Phanuel Kavita cyakoze ku mitima ya benshi. Kavita, wakinaga bwa mbere mu Amavubi kuri Stade Amahoro, ntiyahise asohoka mu kibuga nkâabandi bakinnyi nyuma yâumukino. Ahubwo, yafashe umwanya wo gusukura aho abakinnyi […]
Perezida Paul Kagame yitabiriye umukino wâAmavubi na Benin (Amafoto)

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye umukino ukomeye wo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi cya 2026, wahuje Ikipe yâIgihugu âAmavubiâ na Benin, kuri uyu wa Gatanu muri Stade Amahoro i Remera. Perezida Kagame yageze muri stade mu gice cya mbere cyâumukino, akomorerwa amashyi menshi nâabafana bari buzuye sitade. Mu gihe Perezida Kagame yakurikiraga umukino, […]
Ibirego bishinja Mukandayisenga Jeannine “Ka-Boy” kuba umuhungu byatewe utwatsi

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru muri Tanzania (TFF) ryahakanye ibirego byâamakipe yifuzaga ko Mukandayisenga Jeannine, uzwi cyane nka Ka-Boy ukinira Yanga Princess, avanwa muri shampiyona yâabagore. Hari amakipe yari yatanze ibirego avuga ko uyu mukinnyi wâUmunyarwandakazi afite imisemburo myinshi yâabagabo, bityo akaba akina arusha imbaraga abandi bakinnyi bâabagore. Icyakora, TFF yatangaje ko ibyo birego nta shingiro bifite […]
Bugesera: Bafashe umujura bamutwikisha ibyatsi kugeza apfuye

Abaturage umunani bo mu Murenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera, batawe muri yombi nâinzego zâumutekano bakekwaho kwica umuturage bavugaga ko ari umujura, bamutwitse. Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa 8 Ukwakira 2025, mu Mudugudu wa Nyakabuye, Akagari ka Kabuye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Nyarugenge, Kazungu Innocent, yavuze ko abo bantu bafashe uwo bacyekaga […]
Ububiligi: Minisitiri wâIntebe yari agiye guturitswa n’ibyihebeÂ

Polisi yâu Bubiligi yataye muri yombi ibyihebe bitatu bakekwaho gutegura igitero cyâiterabwoba cyari kigamije kwibasira abanyapolitiki barimo Minisitiri wâIntebe Bart De Wever, hifashishijwe drone irimo ibisasu. Iperereza ryatangiye nyuma yâuko urukiko rwa gisirikare rutegetse gusaka amazu y’ibi byihebe, mu mujyi wa Anvers (Antwerp). Mu nzu yâumwe muri bo habonetse igikoresho cyari gukoreshwa nkâigisasu, nâumufuka wuzuye […]
Pakistan yasutse ibisasu ku Abatalibani

Mu masaha yo mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu, umujyi wa Kabul, umurwa mukuru wa Afuganisitani, washegeshwe nâurusaku rwâibisasu byaturikaga, nyuma yâuko indege zâintambara za Pakistan Air Force zigaragaye mu kirere cyâuyu mujyi. Amakuru atangazwa nâibinyamakuru byo mu karere aravuga ko Pakistan yaba yakoze ibitero byo mu kirere igamije kwibasira intagondwa za Tehreek-e-Taliban Pakistan […]
Ya kipe yo mu Burundi yahaniwe kutambara “VISIT RWANDA” yanze kwishyura

Ishyirahamwe ryâumukino wa Basketball mu Burundi, FĂ©dĂ©ration de Basketball du Burundi (FEBABU), ryatangaje ko ikipe ya Dynamo BBC itazitabira irushanwa rya Road to BAL 2025 riteganyijwe kubera i Dar es Salaam muri Tanzaniya kuva ku itariki ya 15 kugeza ku ya 20 Ukwakira 2025. Nkâuko iri shyirahamwe ryabitangaje, iyi kipe ntiyubahirije zimwe mu ngingo zâamategeko […]
Umusirikare wa UPDF yishwe arinze amafiÂ

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF), Staff Sergeant Muhindo Johnson, yapfuye azize ibikomere yakomerekeye mu gitero cyâabagabo bitwaje intwaro bagabye ku borozi bâamafi bo kuri Rweshama Landing Site, ku nkengero zâikiyaga cya Edward, mu karere ka Rukungiri mu burengerazuba bwa Uganda. Nkâuko byatangajwe na Major Kiconco Tabaro, umuvugizi wâingabo za UPDF mu ishami rya […]
Ba bakobwa bavuga ko basambanyijwe n’umwana na se, basanze ari amasugi

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye ruri kuburanisha ubujurire bwa Mzee Claver nâumuhungu we Tuyishime baregwa gusambanya abana babiri bâabakobwa bafite imyaka 16 na 17. Aba bombi basaba kurekurwa byâagateganyo nyuma yâuko Urukiko rwâIbanze rwa Busasamana rwari rwemeje ko bafungwa byâagateganyo. Claver yavuze ko yigeze gusaba gupimwa ADN kugira ngo herekanwe ko nta sano afite nâabo bana, […]
Umujyi wa Kigali wasubije Abakorerabushake bari kwishyuza amafaranga yo muri UCI 2025

Bamwe mu rubyiruko rwakoreraga nkâabakorerabushake mu irushanwa mpuzamahanga ryâamagare rya UCI Road World Championships 2025 ryabereye i Kigali, barasaba ubuvugizi nyuma yo kuvuga ko bishyuwe amafaranga make ugereranyije nâimvune bagize. Aba bakorerabushake bavuga ko bakoze iminsi 10, bakora amanywa nâijoro barinda ibikoresho byâirushanwa ku mihanda, rimwe na rimwe bataruhuka, ndetse ngo bakirirwa ku zuba nâimvura […]
Yishwe n’inzara nyuma yo kwiha ibyo kurya imbuto gusa

Umukobwa witwa Karolina Krzyzak, wâimyaka 27 yâamavuko, yapfiriye muri hoteli yo muri Bali, nyuma yo kumara igihe kinini akurikiza uburyo bwâimirire bukomeye buzwi nka âfruitarian dietâ uburyo bushingiye ku kurya imbuto gusa. Nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru The Sun, Karolina yari amaze igihe yarahisemo kubaho atarya ibindi byose uretse imbuto, ibintu byamugejeje ku kurwara indwara zituruka ku […]
Polisi yafunze umupolisi wakubise umuturageÂ

Polisi yo muri Uganda yataye muri yombi ASP Clive Nsiima, ukorera mu ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba (Counter Terrorism Directorate) mu gice cya Oil and Gas Protection Unit, nyuma yo kugaragara ku mashusho ya CCTV akubita umukozi wa supermarket kuri Shell Kyanja i Kampala. Amashusho yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nsiima, wambaye imyenda isanzwe, aterana […]
Abanyarwanda batatu bahawe imyanya ikomeye muri FIFA

Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku isi, FIFA ryashyize Abanyarwanda batatu mu myanya ikomeye mu nzego zayo zâubuyobozi, mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ubunyamwuga, kurwanya ivangura no guteza imbere ikoranabuhanga mu mukino wâamaguru. Perezida wa FERWAFA, Fabrice Shema yagizwe umunyamuryango wâakanama ka FIFA gashinzwe kurwanya ivangura nâirondaruhu (FIFA Anti-Racism and Anti-Discrimination Committee). Aka kanama gafite inshingano zo […]
Burkina Faso yafunze maneko 8 z’Abanyaburayi

Leta ya gisirikare ya Burkina Faso yatangaje ko yafunze abantu umunani bakoraga umuryango mpuzamahanga wâubutabazi International NGO Safety Organisation (INSO), ishinja icyo kigo cyâAbaholandi gukora ibikorwa byâubutasi nâubugambanyi, ariko uwo muryango wo ukabyamaganira kure, usaba ko abakozi bawo barekurwa. Minisitiri wâUmutekano, Mahamadou Sana yavuze ko abafashwe barimo Umunyafuransa, umugore wâUmunyafurika ukomoka muri Senegal ariko ufite […]
Polisi yâu Rwanda yavuze ku mashusho yagaragaje umupolisi ari kugundagurana nâumuturage

Polisi yâu Rwanda yatangaje ko yamaze gutangira gukurikirana ibyâamashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umupolisi wo mu muhanda agundagurana nâumunyamaguru wari wanze kubahiriza amategeko yâumutekano wo mu muhanda. Nkâuko byasobanuwe nâUmuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, uwo muturage yari yabujijwe kwambuka mu gihe imodoka zari ziri gutambuka, ariko yanga guhagarara, bituma umupolisi umubuza […]
RDF yakiriye umusirikare wayo wari ufungiwe mu Burundi

Umusirikare wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Sergent Sadiki Emmanuel, wari umaze igihe afungiwe mu gihugu cyâu Burundi, yamaze kugarurwa mu Rwanda. Nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wa RDF, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yemeje ko uwo musirikare yarekuwe kandi akagezwa mu gihugu cye. Yagize ati: âYaragarutse, baramuzanye.â Sgt Sadiki yari yarafunzwe nyuma yo kwambuka umupaka wa GasenyiâNemba ajya mu […]
P Diddy yatakambiye Perezida Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuhanzi Sean âDiddyâ Combs yamusabye imbabazi nyuma yo gukatirwa imyaka 4 yâigifungo ku byaha yahamijwe. Trump yabivugiye mu biro bye i Washington agira ati: âPuff Daddy yansabye imbabazi.â Diddy yakatiwe ku wa Gatanu nâurukiko rwa New York imyaka ine muri gereza ndetse amande ya […]
Bugesera: Uwari pasiteri muri ADEPR yapfiriye ku ndaya

Mu Karere ka Bugesera, mu Murenge wa Nyamata, haravugwa urupfu rwa Rwigema Donatien, wahoze ari umuvugabutumwa mu itorero rya ADEPR, wasanzwe yapfiriye mu buriri bwâinzu yâumugore witwa Charlotte bivugwa ko yicuruza. Amakuru avuga ko Rwigema yageze muri urwo rugo ku wa Gatandatu, tariki 4 Ukwakira 2025, agasanga uwo mugore wari usanzwe atabana nâumugabo, bivugwa ko […]
Polisi y’u Rwanda yarashe mu kico umusore wari ugiye guhorera urupfu rwa murumuna we

Mu karere ka Rulindo, mu Ntara yâAmajyaruguru polisi yarashe umwe mu basore bakora ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro butemewe, bari bagiye gukora urugomo mu rwego rwo kwihorera ku rupfu rwa mugenzi wabo. Byabaye mu ijoro ryo ku wa 5 Ukwakira 2025, ubwo abo basore bamenyerewe nkââAbapariâ bari banyoye inzoga maze bahagarika imodoka ya polisi bari bayihuriye mu […]
Canada: Umunyarwanda yishwe nâingunguru

Landry Cyusa Rutabayiro, umusore wâUmunyarwanda wâimyaka 30, yapfiriye muri Canada azize impanuka itunguranye. Amakuru yemeza ko Cyusa yaguye ubwo ingunguru yamugwiraga, biza kumuviramo urupfu nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru Imvaho Nshya. Nyakwigendera Landry Cyusa Rutabayiro ni umuhungu wa Claudine Marie Solange Nyinawagaga, usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wâIkigo gishinzwe Guteza Imbere ibikorwa byâIterambere mu Nzego zâIbanze (LODA). Cyusa […]
Minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa yeguye

Minisitiri wâIntebe mushya w’Ubufaransa, Sebastien Lecornu yeguye ku mirimo ye nyuma yâamezi make cyane atangiye kuyobora Guverinoma, ibintu byafashwe nkâindi mpagarara nshya mu miyoborere ya Perezida Emmanuel Macron. Ibiro bya Perezida byatangaje kuri uyu wa mbere ko Perezida Macron yakiriye ubwegure bwa Lecornu, wari umwe mu bantu bamwegereye cyane kuva kera. Lecornu yari amaze ukwezi […]
Abakinnyi babiri ba APR FC baravugwaho kuyigurisha muri Egiputa

Abakinnyi babiri bâikipe ya APR FC, Mamadou Sy na Yussif Seidu Dauda baravugwaho imyitwarire idahwitse yatumye bakurwa ku rutonde rwâabakinnye umukino wo kwishyura wa CAF Champions League wabereye mu Misiri, aho ikipe yâIngabo yahatsindiwe na Pyramids FC ibitego 3â0. Amakuru avuga ko aba bakinnyi bombi barenze ku mabwiriza yâumwiherero (Camp) ku wa Gatandatu, umunsi umwe […]
Umufana yaheneye PogaÄar

Umukinnyi wâamagare ukomoka muri Slovenia, Tadej PogaÄar yatsindiye Shampiyona yâu Burayi mu magare 2025 yabereye mu majyepfo yâu Bufaransa, mu karere ka ArdĂšche/DrĂŽme. Ariko urugendo rwe rugana ku ntsinzi rwahungabanyijwe nâibikorwa byâabafana bitari byiza. Ubwo PogaÄar yamanukaga mu gice kizwi nka Val dâEnfer, yahuye nâuruvangitirane rwâabafana bamwe bamugaragarije imyitwarire mibi: bamukozeho, bamushyiraho âstickersâ, ndetse umwe […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yarekuwe

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yarekuwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, nyuma yo kurangiza igihano cyâigifungo cyâimyaka ibiri yari yarakatiwe nâUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Amakuru yemejwe nâabari hafi ye avuga ko Nkundineza yasohotse muri gereza ahagana saa kumi nâimwe zâumugoroba, yakirwa nâabagize umuryango we nâinshuti ze, barimo nâumunyamakuru Mike Karangwa, bamugaragariza ibyishimo byo […]
Abaganga bakuye mu nda yâumugabo ibiyiko 29 uburoso 19 n’ikaramu 2

Abaganga bo mu Buhinde bakoze urugendo rwâubuvuzi rutangaje, bakura mu nda yâumugabo ibikoresho bisanzwe byo mu rugo birimo ibiyiko 29, uburoso bw’amenyo 19 n’amakaramu abiri. Uyu mugabo wâimyaka 35 yâamavuko witwa Sachin, yari yajyanywe mu kigo cyita ku bantu bakira ingeso mbi zâibiyobyabwenge mu gace ka Ghaziabad, muri Leta ya Uttar Pradesh. Nyuma yâigihe gito, […]
Byemejwe ko abasirikare b’Ubwongereza basize babyaje abagore bo muri Kenya

Abanya-Kenya barindwi batsinze urubanza rukomeye mu rukiko rwo mu Bwongereza, aho byemejwe ko babyarwa nâabagabo bâAbongereza bari bashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Kenya. Aba baturage babashije kumenya ba se banyabo bifashishije ububiko rusange bwa ADN (DNA databases), aho byagaragaye ko batandatu muri bo babyarwa nâabasirikare ba British Army Training Unit Kenya (BATUK), mu gihe undi […]
Yagiye kureba amagare, afatwa nâibise abyara umwana amwita âUCIâ

Umubyeyi wo mu Mujyi wa Kigali yabyaye umwana wâumukobwa ubwo yari yagiye gufana Shampiyona yâIsi yâAmagare ya 2025 yabereye mu Rwanda, maze ahitamo kumwita izina âUCIâ, risobanura Union Cycliste Internationale mu Kinyarwanda bivuga Impuzamashyirahamwe ryâUmukino wâAmagare ku Isi. Uyu mubyeyi wari wakunze cyane iri siganwa, yari yagiye kureba isiganwa ryaberaga mu mihanda ya Kigali. Ibise […]
Musenyeri Laurent Mbanda yamaganye umuyobozi mushya wa Anglican ushyigikira abatinganyi

Umwepisikopi Mukuru wâItorero Angilikani mu Rwanda, Dr. Laurent Mbanda, akaba ari na Perezida wa Gafcon (Global Anglican Future Conference) ihuriro mpuzamahanga ryâAbangilikani baharanira gukomeza inyigisho za Bibiliya, yatangaje ko iyimikwa rya Sarah Mullally nkâUmwepisikopi mushya wa Canterbury ari âigisubizo kibiâ kizongera gutandukanya itorero ryâAbanglikani ku isi. Sarah Mullally, wahoze ari Umuyobozi Mukuru wâAbaforomo mu Bwongereza, […]
P-Diddy yakatiwe gufungwa imyaka 4

Umuhanzi wâUmunyamerika Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya Diddy, yakatiwe gufungwa imyaka isaga 4 muri gereza ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yâurubanza rumaze igihe ruvugwa cyane mu bitangazamakuru. Urubanza rwasojwe ku wa Gatanu tariki ya 3 Ukwakira 2025, nâumucamanza Arun Subramanian, wasomye icyemezo cyo kumuhanisha amezi 50 yâigifungo (ari hejuru gato yâimyaka […]
Uganda: Polisi iravugwaho kubuza Bobi Wine kwiyamamaza

Ku wa Gatanu tariki ya 3 Ukwakira 2025, ibikorwa byo kwiyamamaza byâumukandida wâishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, byaburijwemo nâinzego zâumutekano mu karere ka Iganga, mu burasirazuba bwa Uganda. Amashusho nâamakuru atandukanye yagaragaje imodoka zâigisirikare nâizâabapolisi zifunze imihanda, mu gihe bamwe mu bari mu itsinda rya Bobi Wine […]
Ujyana abasirikare ba Kenya mu gisirikare cy’Uburusiya yajyanye Polisi mu nkiko

Umugabo witwa Edward Gituku Kamau wo muri Kenya, bivugwa ko akorana na kompanyi Global Face Agencies, yajyanye Polisi mu rukiko ayisaba kumwishyura indishyi za $76,000 (arenga miliyoni 100 Frw) nyuma yo gufatwa ashinjwa gushakira abaturage akazi mu ngabo zâu Burusiya. Kamau yafashwe mu kwezi gushize mu gihe hakorwaga umukwabu wo guhagarika amatsinda ashinjwa kwaka abashaka […]
Col Frank Bakunzi yakiriye APR FC mu Misiri (Amafoto)

Ikipe ya APR FC yamaze kugera mu Misiri aho igiye gukina na Pyramids FC mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions League uteganyijwe ku Cyumweru. Itsinda ryâiyi kipe riyobowe na Lt Col Jean Paul Ruhorahoza ryakiriwe mu Misiri na Col Frank Bakunzi, uhagarariye u Rwanda mu bya gisirikare muri Ambasade iri i Cairo. Abakunzi bâiyi […]
Bucura bwa Perezida Kagame yinjiye mu ngabo z’u Rwanda

Brian Kagame, bucura bwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ari mu bofisiye bato binjijwe mu Ngabo zâu Rwanda kuri uyu wa 3 Nzeri 2025. Ni mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako, mu Karere ka Bugesera, witabiriwe nâabayobozi bakuru batandukanye barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame. Uyu mwaka, abasirikare bato […]
Abarundi barenga icumi bahungutse bavuye mu Rwanda batawe muri yombi i Kirundo

Mu gitondo cyo kur wa kane tariki ya 2 Ukwakira 2025, inzego zâumutekano zâu Burundi zataye muri yombi Abarundi barenga icumi bari bamaze iminsi mike bahungutse bavuye mu Rwanda. Ibi byabereye mu Bugabira, Intara ya Kirundo. Ubuyobozi bwâu Burundi buvuga ko aba bantu bakekwaho gukomeza kugirana imikoranire nâimpunzi zâAbarundi zigicumbitse mu Rwanda. Amakuru aturuka mu […]
Inkuba yakubise abafana barebaga umukino wa APR FC na Pyramid

Mu Karere ka Kayonza, mu Murenge wa Kabarondo, abantu 16 bakurikiye umukino wa CAF Champions League wahuzaga APR FC na Pyramids FC bakubiswe nâinkuba, umunani muri bo barakomereka bajyanwa ku kigo nderabuzima. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, mu Mudugudu wa Kabuye, Akagari ka Kabura. Inkuba yakubise ahagana saa cyenda, ubwo […]
Nyiramajyambere uzwi ku mvugo “ariko ahari nashonje” yarapfuye

Muri iyi minsi imvugo ya Nyiramajyambere Esperance igira iti ââŠariko ahari nashonjeâŠâ yongeye kugaragara cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro byâabanyarwanda batandukanye, aho ikomeje gukoreshwa mu buryo bwo gusetsa no kwishimisha. Amashusho acicikana kuri izo mbuga agaragaza uyu mubyeyi ashimira ubuyobozi bwâu Rwanda bwamuhaye inzu yo guturamo nkâumwe mu basigajwe inyuma nâamateka. Ariko kandi […]
Impunzi zâAbarundi ziri muri Tanzania zigiye gucyurwa ku ngufu

Impunzi zâAbarundi zicumbitse mu nkambi za Nduta na Nyarugusu muri Tanzania zikomeje gutabaza, zivuga ko iki gihugu kiri kubahatira gusubira mu gihugu cyabo ku ngufu. Ku wa 1 Ukwakira 2025, habaye inama idasanzwe yabereye mu nkambi ya Nyarugusu, iyobowe na Bwana Georges Ndalo, ushinzwe ibijyanye nâuburezi muri UNHCR. Iyi nama yahuje abagenzuzi, abahagarariye amashuri ndetse […]
APR FC itsinzwe na Pyramids FC

Ikipe yâIngabo zâIgihugu, APR FC yatsinzwe na Pyramids FC yo mu Misiri ibitego 2-0 mu mukino ubanza wâijonjora rya mbere rya CAF Champions League 2025. Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium ku wa Gatatu tariki 1 Ukwakira 2025, aho abafana ba APR FC bari bitabiriye ku bwinshi baje gushyigikira ikipe yabo. Mu gice cya […]
Diamond Platnumz yavuze ku byo kurongora undi mugore nyuma ya Zuchu

Umuhanzi wâicyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, yahakanye amakuru yari amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba yarongoye undi mugore nyuma ya Zuchu, umukunzi we banabana byemewe. Diamond na Zuchu bakoze ubukwe mu ibanga rikomeye mu kwezi kwa Nyakanga 2025, ibintu byatangaje benshi mu bakunzi babo. Nyuma yaho hakomeje gucicikana ibihuha bivuga ko […]
Rutahizamu wa APR FC agiye kumara amezi abiri adakina

Ubuyobozi bwa APR FC bwemeje ko rutahizamu wâUmunya-Burkina Faso, Djibril Quattara, azamara igihe kingana nâamezi abiri atagaragara mu kibuga, kubera uburwayi yakuye mu mikino ya Cecafa Kagame Cup yabereye muri Tanzania. Uyu mukinnyi yasubiye mu rugo adasoje iryo rushanwa, nyuma yo kugerwaho nâindwara. Kuva icyo gihe kugeza ubu ntiyongeye gukinira APR FC. Nâubwo hari amakuru […]
Muhanga: Yaraye asambanya umwana wari waje gusura mushiki weÂ

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyepfo, CIP Hassan Kamazi, yatangaje ko Polisi ku bufatanye nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) yatangiye ibikorwa byo gushakisha umusore ukekwaho gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka 17 wo mu Murenge wa Kibangu, Akarere ka Muhanga. Amakuru avuga ko uwo mwana yabuze ku wa 27 Nzeri 2025, hanyuma akaza kuboneka ku itariki ya 28 […]
Ababiligi 22 bakiriwe nkâintwari mu Rwanda

Itsinda ryâabantu 22 bakomoka mu mujyi wa Bertrix mu Ntara ya Luxembourg, mu Bubiligi, ryageze i Kigali mu rwego rwo gushyigikira umukinnyi wabo Remco Evenepoel mu marushanwa yâIsi yo gusiganwa ku magare yabereye bwa mbere ku mugabane wa Afurika. Baje bitwaje amabendera yâu Bubiligi, n’ayâu Rwanda ndetse nâibirango byâumujyi wa bo. Aba baturage, bamwe muri […]
Rema yanze kwishyura uwamwubakiye inzu

Umuhanzi wâUmunyanijeriya Divine Ikubor uzwi cyane nka Rema, ari mu bibazo byâamategeko nyuma yâuko Amaka Obasi, nyirâikigo Arden Lifestyle Company, yamushinje kumusebya no kumwambura amafaranga yari yishyuye mu mushinga wo gusana no gushushanya inzu. Nkâuko byatangajwe na Sahara Reporters, aba bombi bari basinye amasezerano ku itariki ya 4 Mata 2025, agamije gukora imirimo yo gushushanya […]
U Rwanda ntiruzongere gusabwa inzira y’abacanshuro batsindiwe muri Congo

Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Minisitiri wâIntebe Wungirije akaba na Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), wavuze ko guverinoma yabo izakomeza gukoresha abacanshuro mu ntambara. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ibyo ari ibikorwa binyuranyije nâamategeko mpuzamahanga, arimo amasezerano ya OAU/AU yo mu 1977 […]
Kicukiro: Uwari umunyonzi yavuye kureba amagare agerageza kwiyahura

Ingabire Clementine, utuye mu mudugudu wa Nyagafunzo, Akagari ka Kagasa, Umurenge wa Gahanga mu karere ka Kicukiro, yajyanywe kwa muganga nyuma yo gusangwa mu rugo rwe yataye ubwenge ku wa mbere tariki ya 29 Nzeri 2025. Amakuru aturuka mu baturanyi be avuga ko Ingabire, wigeze no gukina umukino wâamagare mu marushanwa ya Ferwacy, yari aherutse […]