Perezida Ibrahim Traoré yakiriye Jacob Zuma baganira ku kubohora Afurika

Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim TraorĂ©, yakiriye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, wahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo, Jacob Zuma, mu biro bye biherereye i Koulouba, i Ouagadougou. Uwo muhuro wateguwe ku bufatanye na Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Burkina Faso, wari ugamije kuganira ku ngamba zâubwigenge nâukwigenga kwa Afurika, nkâuko […]
Perezida wa repubulika (Kagame) ndamukunda: Richard Nick Ngendahayo akigera i Kigali

Nyuma yâimyaka irenga 15 yari amaze aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuramyi wâinararibonye Richard Nick Ngendahayo yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasesekaye ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, yakirwa nâurugwiro nâakanyamuneza […]
SADC yemeje ko matora yo muri Tanzania atabaye mu bwisanzure

Abakurikiranira hafi amatora bo mu muryango wa SADC batangaje ko abaturage bo mu bice byinshi byâigihugu cya Tanzaniya batabashije kugaragaza ubushake bwabo mu matora aheruka yabaye ku wa 29/10/2025. Mu itangazo ryabo, Itsinda rya SADC rishinzwe gukurikirana amatora (SEOM) ryavuze ko hari ibibazo byinshi mu mikorere ya politiki, umutekano nâimitegurire yâamatora, bigatuma ayo matora atuzuza […]
Ubuhinde: Abantu 19 bapfiriye mu mpanuka ya bisi yagonganye n’ikamyo

Impanuka ikomeye yabaye kuri uyu wa Mbere mu karere ka Ranga Reddy muri Leta ya Telangana mu Buhinde, aho ikamyo nini yari itwaye amabuye yâamakoro yagonganye nâimodoka ya kompanyi yâigihugu itwara abantu (Telangana State Road Transport Corporation â TSRTC). Nkâuko bitangazwa nâinzego za polisi, iyi mpanuka yabereye hafi yâahitwa Chevella, mu gitondo cyo kuri uyu […]
Perezida Samia ararahirira mu biro byeÂ

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, ararahirira inshingano ze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ugushyingo 2025, mu muhango uzabera mu ibanga, hagamijwe kubungabunga umutekano wâigihugu. Mu bihe bisanzwe, irahira ryâumukuru wâigihugu ryaberaga muri stade nini, rikitabirwa nâabantu ibihumbi. Ariko ubu si ko bimeze, kuko uyu muhango urabera ku ngoro yâumukuru wâigihugu, kandi abaturage […]
Djibouti: Imyaka ntarengwa yo kuba perezida yakuweho

Inteko ishinga amategeko ya Djibouti yakuyeho imyaka ntarengwa ku bakandida bâumukuru wâigihugu, nyuma yo gutora ku bwiganze bwâamajwi yose ku Cyumweru. Ibi byafunguye inzira ku Perezida Ismail Omar Guelleh, wâimyaka 77, kugira ngo ashobore kongera kwiyamamaza mu matora yo muri 2026. Guelleh amaze ku butegetsi kuva mu 1999, akaba ayobora igihugu gito cyo mu ihembe […]
Perezida Ndayishimiye yagiye gushyigikira Samia Suluhu

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yageze mu mujyi wa Dodoma mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki 3 Ugushyingo 2025, aho yitabiriye ibirori byo kurahiza Samia Suluhu Hassan, wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania. Nkâuko byatangajwe nâibiro bya Perezida wâu Burundi mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere, uru ruzinduko rugamije gushimangira […]
Umuhanzi Ngabonziza Augustin, wamamaye mu ndirimbo âAncillaâ yapfuyeÂ

Ngabonziza Augustin, umwe mu bahanzi bakanyujijeho mu myaka irenga 40 ishize, yapfuye azize uburwayi nyuma yo kumara igihe arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK). Amakuru yemeza ko yari amaze iminsi arembye, ubuzima bwe bukagenda burushaho kugorana. Ngabonziza azwi cyane mu muziki wo hambere, aho yaririmbaga muri Orchestre Les Citadins, imwe muri bandi yakunzwe […]
Ibyo ntibibareba: Miss Jolly Mutesi asubiza abibaza aho akura amafaranga

Tariki 1 Ugushyingo 2025, Miss Jolly Mutesi wabaye Miss Rwanda mu 2016, yasubije abamubaza aho akura amafaranga ye, avuga ko ibyo bitabareba kandi bakwiye kumureka akagira amahoro. Ibi yabivugiye mu birori bya The Silver Gala byateguwe na Sherrie Silver Foundation. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, umwe yamubajije ku bijyanye nâimodoka nshya ihenze aherutse kugura, amubaza nâaho […]
Abapasiteri n’abahanuzi b’ibinyoma bagiye kujya bafungwa imyaka 10

Mu gihugu cya Kenya harategurwa itegeko rishya rigamije gufata no guhana abayobozi bâamadini cyangwa abapasiteri bakoresha amayeri nâibinyoma kugira ngo babone amafaranga aho baba bavuze ko bakora ibitangaza. Iryo tegeko rizwi nka Religious Organisations Bill, 2024 riteganya ibihano bikomeye ku bantu bazafatwa bakora ubu bujura bwo mu madini. Itegeko rivuga ko umuyobozi wâidini cyangwa umupasiteri […]
Bane mu bagabye igitero ku kigo cya polisi bishwe barashwe

Abashinzwe umutekano muri Uganda bari gukora iperereza ku gitero cyagabwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ku kigo cya Polisi giherereye mu Karere ka Kasese, aho abantu bitwaje intwaro barimo nâabari bafite imihoro bateye icyo kigo, barasa ndetse batwika inzu imwe yâabapolisi. Nkâuko byatangajwe na The New Vision, bivugwa ko abagizi ba nabi bane […]
Amerika yabujije abaturage bayo kujya muri Niger

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku wa gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2025 impuruza yihanangiriza Abanyamerika kudasura igihugu cya Niger, kubera impamvu zâumutekano zirimo ubugizi bwa nabi, imvururu za politiki, iterabwoba, indwara, nâubushimusi. Iyi mpuruza yashyizwe ahagaragara nâIshami rya Leta rishinzwe Ububanyi nâAmahanga, nyuma yâuko mu cyumweru gishize umumisiyoneri wâUmunyamerika yashimuswe mu murwa mukuru […]
Igisirikare cya Guinea-Bissau cyaburijemo Coup d’etat

Mu gihugu cya Guinea-Bissau, igisirikare cyatangaje ko cyaburijemo igerageza ryo gufata ubutegetsi ku ngufu, ryakozwe nâabasirikare bakuru bari bagamije guhirika inzego zemewe nâamategeko. Nkâuko byemejwe na Jenerali Mamadu Ture, wungirije Umugaba Mukuru wâIngabo, iri tsinda ryagerageje âguhungabanya inzego za Leta no gusenya inzira yâamatoraâ ateganyijwe gutangira mu mpera zâiki cyumweru. Ubuyobozi bwâigisirikare bwatangaje ko abasirikare […]
Cameroun: Ingabo za Leta zahishe utavuga rumwe n’ubutegetsi

Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Cameroun, Issa Tchiroma Bakary yatangaje kuri uyu wa Gatanu ko yajyanywe ahantu hizewe nâabasirikare bamushyigikiye kugira ngo bamurindire umutekano, nyuma yâamatora arimo impaka nyinshi. Tchiroma yari amaze iminsi afungiye iwe mu rugo mu mujyi wa Garoua mu majyaruguru ya Cameroun, kuva ku itariki ya 12 Ukwakira ubwo habaga […]
Yafashwe nyuma yâimyaka 31 yihishe kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ndindabahizi Faustin, wâimyaka 62, yafashwe nyuma yâimyaka 31 yihishe kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yafatiwe ku biro byâUmurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi ubwo yari yagiye gusaba serivisi zâubutaka. Abaturage bamuzi neza bamutanzeho amakuru bituma afatwa. Uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera, ashinjwa […]
Urukiko rwategetse ko umugore wahawe gatanya azajya asubiza umugabo we inkwano

Urukiko rwâikirenga rwa Kisii, muri Kenya, rwatangaje umwanzuro watunguye benshi, aho rwategetse ko umugore wemerewe nâinkiko ko yatandukanye nâumugabo, agomba gusubiza inkwano yahawe nâumuryango wâumugabo. Uyu mwanzuro wasomwe ku wa 31 Ukwakira 2025 na Justice D.K.N. Magare, wasobanuye ko mu muco wa Kenya, ubukwe budaseswa burundu mu gihe inkwano itarasubizwa. Yagize ati: âMu muco wacu, […]
Abahanzi bihaye gushyigikira Samia Suluhu ntiborohewe

Mu gihe Tanzania yari mu matora rusange yo ku wa 29 Ukwakira, abahanzi benshi bakomeye mu njyana ya Bongo Flava bagaragaje ko bashyigikiye Perezida Samia Suluhu Hassan, umukandida wa Chama Cha Mapinduzi (CCM). Icyo cyari kigamije kumwereka urukundo nâishimwe kubera ibyo yakoze mu buyobozi bwe, ariko byaje gukurura uburakari bukomeye mu baturage bamwe, babashinja gukoresha […]
Inteko Ishinga Amategeko yâu Burayi yamaganye amatora yo muri TanzaniaÂ

Ku itariki ya 30 Ukwakira 2025, Inteko Ishinga Amategeko yâu Burayi (European Parliament) yatangaje ko amatora rusange yo muri Tanzania atabaye mu buryo buboneye, ivuga ko âataranzwe nâubwisanzure nâubutabera.â Mu itangazo ryasohowe nâabadepite bayo (MEPs), bavuze ko amatora yagombaga kuba umunsi wâibyishimo bya demokarasi, ariko ahubwo ahinduka âigihe cyâigitutu, ubwoba nâiterabwoba.â Itangazo ryabo rigira riti: […]
Bakoze ubukwe bambaye imyenda y’ishuri

Emmanuel Friday Joseph na Grace Gideon Akpan bo muri Nigeria bakoze ubukwe budasanzwe bwavugishije benshi nyuma yâimyaka 18 bakundana. Icyatangaje abantu benshi ni uko mu mafoto yâubukwe bwabo bifotoje bambaye impuzankano yâishuri ryisumbuye bamenyaniyemo, nkâurwibutso rwâaho urukundo rwabo rwatangiriye. Urukundo rwabo rwatangiye ubwo bombi bigaga muri Comprehensive Secondary School Ediene Abak. Emmanuel wari ugeze mu […]
Rubavu: Umwana wâimyaka 15 yabyaye umwana amuta mu bwiherero

Umukobwa wâimyaka 15 wo mu Murenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kubyara umwana akamujugunya mu bwiherero bwâumuturanyi wabo. Amakuru yemeza ko ku itariki ya 29 Ukwakira 2025, umwe mu baturanyi wagiye mu bwiherero bwo mu rugo rwâuwo muryango yasanzemo amaraso menshi nâuruhinja rwapfuye. Uwo muturanyi yahise atabaza nyirâubwiherero nâabaturage, […]
Leta ya Gambia yahaye gasopo Yahya Jammeh wifuza kuva mu buhungiro

Leta ya Gambia yahaye gasopo uwahoze ari Perezida wâiki gihugu, Yahya Jammeh nyuma yâuko atangaje ko ateganya gusubira mu gihugu mu kwezi kâUgushyingo 2025. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na guverinoma kuri uyu wa kabiri, yihanangirije Jammeh ko naramuka agarutse, azahita afatwa, agafungwa, kandi akurikiranwe ku byaha bikomeye ashinjwa kuba yarakoze mu gihe cyâimyaka 22 yamaze […]
FERWAFA yateye utwatsi APR FC

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryasesenguye neza ubusabe bwâikipe ya APR FC yasabaga gusuzuma imisifurire mu mukino wayihuje na Kiyovu Sports ku wa 25 Ukwakira 2025, ariko risanga umusifuzi yarafashe ibyemezo bikwiye mu mukino. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025, FERWAFA yavuze ko Komisiyo ishinzwe imisifurire yasuzumye amashusho […]
Bujumbura: Yabyaye umuhungu muzima, bamuha umukobwa wapfuye

Mu mujyi wa Bujumbura, inkuru ibabaje yaturutse mu bitaro bya Roi Khaled, aho umubyeyi yabyaye umuhungu muzima, ariko aza guhabwa umukobwa wapfuye kubera uburangare bwâabaganga. Ibi byabaye ku wa 28/10/2025, bikaba byateje urujijo nâimvururu mu bitaro. Amakuru aturuka ahabereye ibi avuga ko ku wa 26 Ukwakira, ababyeyi babiri babyariye rimwe umwe abyara umwana wâumuhungu nâundi […]
Minisiteri ya Siporo igiye gufasha umwana ufite ubumuga wagaragaye akina umupira

Mu Karere ka Gatsibo, amashusho yâumwana wâumunyeshuri ufite ubumuga arimo gukina umupira wâamaguru hamwe nâabandi bana kuri GS Kiramuruzi yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, ashimisha benshi kandi akora ku mitima ya benshi. Uyu mwana, nubwo afite ubumuga bwâukuguru n’ukuboko, yagaragaye yishimye kandi afite ishyaka rikomeye mu gukina umupira, ibintu byatumye benshi bamufata nkâintwari yerekanye ko […]
Umwana wa Nyuma wâUmwami Yuhi V Musinga yapfuyeÂ

Igikomangoma SpĂ©ciose Mukabayojo, umukobwa wâUmwami wâu Rwanda wagiyeho, Yuhi V Musinga, yatabarutse afite imyaka 93, nkâuko byemejwe nâabo mu muryango we. Yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Mbere mu bitaro byo i Nairobi muri Kenya, aho yari atuye. Umuryango we watangaje ko impamvu yâurupfu rwe yari indwara nâizabukuru. Igikomangoma Mukabayojo aheruka kugaragara mu ruhame […]
Ibitangaje kuri sitade igiye kubakwa mu kirere cya Arabie Saoudite

Mu gihugu cya Arabie Saoudite, hatangajwe umushinga mushya utangaje cyane, wo kubaka stade ya mbere ku isi izaba iri hejuru mu kirere. Iyi stade izwi ku izina rya NEOM Sky Stadium, izaba igice cyâumushinga mugari wa NEOM, umujyi wâigihe kizaza wubakwa mu butayu bwa Saoudite. Umushinga wa NEOM ni umwe mu mishinga minini yâiterambere yashyizweho […]
Nyiri âBe One Ginâ arafunzwe

Habumugisha Jean Paul, nyirâuruganda Roots Investment Group rukora inzoga zizwi nka Be One Gin, yatawe muri yombi, kandi dosiye ye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Amakuru yâitabwa muri yombi rye yamenyekanye nyuma yâiminsi havugwa ko yafashwe mu gihe cya operasiyo Usalama XI yabaye hagati ya tariki ya 15 na 17 Ukwakira 2025. Umuvugizi wâUrwego rwâUbugenzacyaha (RIB), Dr. […]
Dani Alves yakijijwe nyuma yo kuva muri gereza

Umukinnyi wâicyamamare mu mupira wâamaguru, Dani Alves, wahoze akinira FC Barcelona na Brezili, yongeye kugaragara mu ruhame ariko mu buryo butandukanye cyane nâubwo abantu bamumenyeyemo. Nyuma yâimyaka yâamakuba no gufungwa, Alves aravuga ko yakijijwe kandi ubu yabaye âumwigishwa wa Yesu Kristo.â Ku myaka 42, Dani Alves yavuze ubuhamya bwe mu rusengero rwa Elim Girona Church, […]
Ubufaransa: Umugabo wâUmunyarwanda yishe umugore we amuteye icyuma

Mu Bufaransa, mu mujyi wa Saint-Priest wo mu ntara ya RhĂŽne, habereye urupfu rubabaje ku cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2025, ubwo umugabo wâUmunyarwanda wâimyaka 39 yishe umugore we wâimyaka 35 amuteye icyuma mu ijosi. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Le Parisien, ubwo icyaha cyabaga, abana batatu bâuyu muryango bari baryamye, abo bana bafite imyaka 6, 9, […]
Imirwano mu igororero rya Nyamasheke hagati y’abagororwa n’abacungagereza yahoshejwe n’amasasu

Ku wa 26 Ukwakira 2025, mu Igororero rya Nyamasheke habaye imyigaragambyo yâitsinda rito ryâabagororwa, aho bivugwa ko habayeho gushyamirana gukomeye hagati yâabagororwa nâabacungagereza. Amakuru atangwa nâabaturage batuye hafi yâigororero avuga ko ibyo byabaye mu gitondo, ubwo Umuyobozi wâigororero yari aje gukora ibarura ryâabagororwa. Gusa, abandi bakozi ba Rwanda Correctional Service (RCS) ngo bahise batangira gusaka […]
Perezida umaze igihe kinini ku butegetsi yongeye gutsinda amatora bidasubirwaho

Perezida wa Cameroun, Paul Biya, wayoboye igihugu kuva mu 1982, yongeye gutorwa nkâumukuru wâigihugu, nkâuko byatangajwe nâUrukiko rushinzwe amatora. Nkâuko byasohotse kuri uyu wa mbere, Urukiko rwemeje ko Biya wâimyaka 92 yabonye amajwi 53.66%, mu gihe umukandida wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi, Issa Tchiroma, yabonye 35.19%. Tchiroma, wahoze ari umuvugizi wa guverinoma ndetse nâumuminisitiri, yari yatangaje […]
Padiri w’Umubiligi wigishaga mu iseminari ya Karubanda yapfuye

AbbĂ© Claude Talbot, umupadiri ukomoka mu gihugu cyâu Bubiligi, wari umaze imyaka isaga 58 akorera Imana mu Rwanda, yapfuye ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2025, azize uburwayi. Urupfu rwemejwe nâubuyobozi bwa Seminari nto ya Karubanda Virgo Fidelis yo muri Diyosezi ya Butare, aho yakoreye igihe kirekire nkâumurezi. AbbĂ© Talbot yari umwe mu bapadiri bâinararibonye […]
Perezida wa Namibiya yirukanye minisitiri ahita akomeza inshingano yakoraga

Perezida wa Namibiya, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yakuye Natangwe Ithete ku mirimo ye nka Visi-Perezida wa Guverinoma ndetse na Minisitiri wâInganda, Amabuye yâAgaciro nâEnergi, maze ahita afata izo nshingano zo kuyobora iyo minisiteri ubwe. Mu itangazo ryasohowe nâibiro bya Perezidansi ku Cyumweru, Perezida yavuze ko iki cyemezo gifashwe âmu nyungu zo gukomeza ibikorwa neza no gushyira hamwe […]
Ukuri ku rukundo ruvugwa hagati ya Miss Muheto na Prosper Nkomezi

Byavuzwe mbere ko Prosper Nkomezi, umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda, yaba ari mu rukundo na Miss Rwanda 2022, Nshuti Divine Muheto. Ibyo byatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yâuko aba bombi bakunze kugaragara bari kumwe mu bikorwa bitandukanye. Nyamara, mu burori bwo kumurika album ye ya kane yise âWarandamiyeâ, Prosper Nkomezi ubwe yahisemo kuvuguruza ayo […]
Yohereje inshuti ye gusuzuma umukunzi we birangira imurongoye

Umugabo wo muri Nijeriya yabaye ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza inkuru ibabaje yâuko igeragezwa ryâubudahemuka yakoreye umukunzi we ryamugendekeye nabi. Mu mwaka wa 2019, umugabo witwa @UsmanZannaah kuri X (yahoze ari Twitter) yavuze ko yohereje inshuti ye magara yitwa Aliyu kugira ngo agerageze umukunzi we. Intego ye yari ukureba niba uwo mukobwa azaguma […]
Umuhanzikazi Olisha yapfuye abyara

Amarira nâakababaro byasakaye mu ruganda rwâimyidagaduro muri Uganda nyuma yâinkuru yâincamugongo yâurupfu rwa Olisha M, umwe mu bahanzi bâabagore bari batangiye kwigarurira imitima ya benshi mu njyana ya Afrobeat nâurukundo. Amakuru yemejwe nâibinyamakuru bitandukanye birimo MBU Uganda, avuga ko Olivia Mildred Namubiru wamenyekanye nka Olisha M, yapfuye mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki ya […]
Amerika yafatiye ibihano Perezida wa Colombia

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025 ko ishyizeho ibihano bikomeye kuri Perezida wa Colombia Gustavo Petro, umugore we, umuhungu we NicolĂĄs Petro, ndetse nâUmunyamabanga wâimbere mu gihugu Armando Benedetti aho byatangajwe nâIkigo gishinzwe ibikorerwa mu bukungu muri Amerika. Amerika ivuga ko aba bayobozi âbananiwe guhagarika ubwiyongere bwâitunganywa […]
Madagascar: Andry Rajoelina wahiritswe ku butegetsi yambuwe ubwenegihuguÂ

Leta ya Madagasikari yatangaje ko yambuye uwahoze ari Perezida Andry Rajoelina ubwenegihugu bwâigihugu cye, nkâuko biteganywa nâiteka ryasinywe na Minisitiri wâIntebe Herintsalama Rajaonarivelo, ryasohotse ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu. Ni icyemezo gikomeye cyafashwe na leta ya Madagasikari ku wa Gatanu, tariki ya 24 Ukwakira 2025, leta yatangaje ko uwahoze ari Perezida Andry Rajoelina yambuwe […]
Perezida wa Nigeria yirukanye Umugaba Mukuru wâIngabo

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru wâIngabo za Nigeria, nyuma yâaho havuzwe amakuru yâibihuha byâigeragezwa ryo gukora coup dâĂ©tat mu gihugu. Nkâuko byatangajwe nâumujyanama wa Perezida mu byâitangazamakuru, Sunday Dare, izi mpinduka âzigamije gukomeza gushimangira umutekano nâikwirakwizwa ryâubunyamwuga mu ngabo za Nigeria.â Perezida Tinubu yahise ashyiraho abayobozi bashya mu […]
Amakipe atatu yo muri Sudani agiye gukina Shampiyona yâu RwandaÂ

Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko amakipe atatu akomeye yo muri Sudani yemerewe kuzakina Shampiyona yâu Rwanda yâumwaka wa 2025â2026. Amakipe yemerewe ni: Al Merrikh S.C, Al Hilal S.C na El Ahli SC Wad Medani zose zo muri Sudani y’Epfo. FERWAFA ivuga ko iki cyemezo kigamije guteza imbere ubufatanye mu karere, kongera urwego […]
FBI yafunze abakinnyi 30 nâumutoza

Urwego rwâubugenzacyaha rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) rwafunze abantu 31, barimo umutoza wa Portland Trail Blazers, Chauncey Billups, nâabakinnyi barimo Terry Rozier wa Miami Heat na Damon Jones wahoze akinira Cleveland Cavaliers. Abo bose bakurikiranyweho kugira uruhare mu bikorwa byo kugena ibiva mu mikino no gukina imikino yâurusimbi mu buryo butemewe, bakoranye nâimiryango […]
Abanyeshuri 25 ba Green Hills barafunzweÂ

Abanyeshuri 25 biga muri Green Hills International College yo mu ntara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi batawe muri yombi nâinzego zâumutekano nyuma yâimvururu zikomeye zabaye kuri iyi wa 22 Ukwakira 2025, zikangiza bikomeye ibikoresho byâishuri. Ahagana saa mbiri zâijoro, bamwe mu banyeshuri batangiye gukora imyigaragambyo ikomeye, bangiza kamera ya videwo, televiziyo, ndetse bagerageza no […]
P-Diddy yagabweho igitero muri gereza

Umuhanzi wâicyamamare wâUmunyamerika Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya P-Diddy yagabweho igitero muri gereza ya MDC Brooklyn aho afungiye muri iki gihe. Nkâuko byatangajwe nâinshuti ye Charlucci Finney, P-Diddy ngo yabyutse nijoro asanga imfungwa yamufatiye icyuma ku ijosi, hafi yo kumuhitana. Finney yabwiye Daily Mail ko atazi niba abashinzwe umutekano aribo batabaye cyangwa niba […]
Jacob Zuma yategetswe kwishyura leta cyangwa agaterezwa cyamunara

Urukiko Rukuru rwa Pretoria rwategetse uwahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo Jacob Zuma kwishyura R28.9 miliyoni (miliyari 2 Frw) ku biro by’umushinjacyaha wa Leta kuko ari amafaranga yagiye akoreshwa mu manza zaregwaga Zuma ku giti cye. Aya mafaranga akubiyemo nâinyungu azunguka kugeza yishyuwe yose. Urukiko rwavuze ko niba Zuma atishyuye mu minsi 60 uhereye igihe […]
Polisi yarashe mu kico umwarimu wari uri mu myigaragambyo

Mu gihugu cya Cameroun, umwarimu witwa Zouhairatou Hassana yarashwe arapfa mu mujyi wa Garoua ku wa kabiri, ubwo habaga imyigaragambyo ikaze ikurikiye amatora ya perezida yateje umwuka mubi hagati ya Perezida Paul Biya nâumukandida utavuga rumwe na we, Issa Tchiroma. Amakuru atangwa nâabaturage avuga ko amasasu yarashwe nâumupolisi, ubwo abigaragambyaga basabaga ko amajwi yâamatora asubirwamo. […]
ZAMBIA: Abagabo bashinjwa kuroga Perezida bakatiwe

Urukiko rwa Zambia rwakatiye abagabo babiri imyaka ibiri yâigifungo nyuma yo kubahamya icyaha cyo gukoresha uburozi, buzwi nka juju, mu mugambi wo kwivugana Perezida Hakainde Hichilema. Aba bagabo, Leonard Phiri, Umunyazambiya, na Jasten Mabulesse Candunde wo muri Mozambique, bahamwe nâicyaha hashingiwe ku mategeko ahana ibikorwa byâuburozi muri Zambia (Witchcraft Act). Polisi yabafashe mu Ukuboza 2025 […]
Ingabo z’u Rwanda zahawe imidari y’ishimwe muri Sudani y’Epfo

Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani yâEpfo (RWANBATT-3 na RAU-13) zahawe imidari yâishimwe nâUmuryango wâAbibumbye kubera ibikorwa byâindashyikirwa zakoze mu kugarura amahoro nâumutekano muri iki gihugu. Bahawe iyi midali mu muhango wabereye mu kigo cya gisirikare cya Durupi, hafi yâumurwa mukuru Juba. Umugaba Mukuru wâIngabo za Loni muri Sudani yâEpfo, […]
Rurageretse hagati ya KNC n’umusifuzi Umutoni Aline

Umusifuzi mpuzamahanga Umutoni Aline yatangaje ko agiye kurega Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), nyuma yâamagambo uyu muyobozi yavuzeho amushinja kuba yaravuganye nâabantu bashobora kuba baragize uruhare mu buriganya bwâumukino Gasogi United yanganyijemo na Bugesera FC 0-0. Mu kiganiro cya Radio & TV1 cyitwa âRirarasheâ cyatambutse ku wa 21 Ukwakira 2025, KNC yavuze […]
Undi muyobozi wa CHADEMA yafunzwe

Umuyobozi wungirije wâIshyaka rya Demokarasi nâAmajyambere (CHADEMA), John Heche, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, ubwo yari hanze yâUrukiko Rukuru rwa Tanzania aho yari agiye gukurikirana urubanza rwe nâurwa bagenzi be bo muri CHADEMA, ndetse nâurubanza ku cyaha cyâubugambanyi gishinjwa Tundu Lissu, umuyobozi wâiri shyaka. Nkâuko byatangajwe na John Mnyika, Umunyamabanga […]
Perezida wa CĂŽte dâIvoire yarakariye ba minisitiri be

Amakuru aturuka muri CĂŽte dâIvoire aravuga ko Perezida Alassane Dramane Ouattara, akaba nâumuyobozi wâishyaka riri ku butegetsi RHDP, ari mu mujinya mwinshi kubera bamwe mu ba minisitiri be. Nkâuko byatangajwe nâumwe mu bantu begereye Perezida wavuganye n’ikinyamakuru Nouvelles Afrique ariko agasaba kudatangazwa amazina ku mpamvu zâumutekano, Perezida Ouattara ababajwe cyane nâuko bamwe mu bagize guverinoma […]
Sudan: Drones yaturikije ikibuga cyâIndege cya Khartoum

Abaturage bo mu murwa mukuru wa Sudani bavuze ko bumvise amajwi ya drones nâurusaku rwâiturika mu gice kiri hafi yâIkibuga Mpuzamahanga cyâIndege cya Khartoum mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, umunsi umwe mbere yâuko ubuyobozi bwa Sudani bufungura ikibuga ku ngendo zâimbere mu gihugu nyuma y’imyaka 2 gifunze. Abatangabuhamya babwiye AFP ko ayo majwi […]
Umugore wa mbere yabaye Minisitiri wâIntebe w’Ubuyapani

Mu mateka y’Ubuyapani, Sanae Takaichi wâimyaka 64 yemejwe kuba Minisitiri wâIntebe wa mbere wâumugore nyuma yo guhabwa uburenganzira nâUmwami Naruhito ku wa kabiri. Takaichi, uyobora Ishyaka ryâAbademokarate ba Liberal (LDP), yabonye intsinzi mu matora yabaye mu nteko ishingamategeko, aho yegukanye ijambo rikomeye mu cyiciro cya mbere cyâamatora mu Nteko yâAbadepite. Takaichi yasezeranye gushyiraho guverinoma ifite […]
Congo: Urupfu rw’umwalimu wamenyekanye kuri TikTok ruri gushengura benshi

Minisiteri yâUburezi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko ari âagahinda gakomeyeâ kumenya urupfu rwa Bonette Ălombe, umwalimu wâishuri ribanza wabaye icyamamare kubera amashusho yashyiraga ku rubuga rwa TikTok, agaragaza umuhate nâurukundo yashyiraga mu myigishirize ye. Ibinyamakuru byo muri Congo byanditse ko Ălombe wigishaga ku ishuri Yolo Sud i Kinshasa yari amaze ibyumweru bicye […]
Trump agiye kugabanyiriza igihano P-DiddyÂ

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aratekereza kugabanyiriza igihano umuhanzi wâicyamamare Sean âDiddyâ Combs, muri iki cyumweru, nkâuko byatangajwe nâumwe mu bayobozi bakuru muri White House. Diddy, ubu ari mu gihano cy’amezi 50 (ni ukuvuga imyaka ine nâamezi abiri), yakatiwe azira kurenga ku itegeko rya Mann Act, rigenga urujya nâuruza rwâabantu ku […]
Umuhanzi Kirkou wo mu Burundi yarwaniye i Kigali
Umuhanzi Kirkou Akil ukomoka mu Burundi yongeye guteza impagarara mu gitaramo cyabereye i Kigali, nyuma yâuko ibyuma byâumuziki byanze gukora ubwo yari ku rubyiniro. Byatangiye ubwo yari ari kuririmba indirimbo ze âAha Niheâ na âYarampayeâ, ariko ibyuma bitangira kunanirana. Nubwo abafana bakomeje kumufasha kuririmba, Kirkou yaje kugaragaza umujinya, ajya gutonganya abashinzwe ibyuma. Nyuma yo kuva […]
Ubujura budasanzwe i Paris bwatangaje isi yose

Inzu ndangamurage ya Louvre yo mu Bufaransa, imwe mu zisurwa cyane ku isi, yafunzwe byâagateganyo nyuma yâuko abajura bâumwuga bayibyemo imirimbo yâakataraboneka. Ku cyumweru mu gitondo hagati ya saa 03:30 nâiya 03:40 (GMT), abantu bane bitwaje imodoka ifite urwego ruzamura abantu hejuru binjiye muri Galerie dâApollon, igice cyâiyi nzu gikungahaye ku mirimbo yâibwami, baciye ku […]
Malawi: Perezida yategetse ko nta Munyeshuri uzongera kwishyura amafaranga y’ishuri

Perezida wa Malawi, Profesa Arthur Peter Mutharika, yatangaje ko amashuri abanza nâayisumbuye azajya yigwa ku buntu guhera mu kwezi kwa Mutarama 2026. Ibi yabivugiye mu birori bya Mulhakho wa Alhomwe Festival byabereye i Mulanje, aho yahamagariye abaturage gushyira hamwe, gukunda igihugu no kurwanya inzara. Mutharika yavuze ko leta yamaze kubona toni 200,000 zâingano zivuye muri […]
U Rwanda rwafashe umunya-Somaliya washakishwaga cyane

Leta yâu Rwanda yatangaje ko yohereje mu gihugu cya Somaliya umunya-Somaliya witwa Jaamac Cabdi Maxamuud, wari warahungiye mu Rwanda nyuma yo gushakishwa nâubutabera bwa Somaliya akekwaho ibyaha byo gusambanya ku gahato no gusakaza amashusho yâurukozasoni ku mbuga nkoranyambaga nka Telegram. Itangazo ryasohowe n’ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Leta muri Somaliya ku wa 19 Ukwakira 2025, rivuga […]
Visi Perezida wa CHADEMA yafunzwe agiye gushyingura Raila Odinga

Abayobozi ba Tanzania bafunze John Wegesa Heche, Visi Perezida wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi CHADEMA, ubwo yageragezaga kwambuka umupaka wa Isibania ajya muri Kenya mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Raila Amolo Odinga, wahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Kenya. Nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru TUKO.co.ke ku wa Gatandatu tariki ya 18 Ukwakira 2025, Heche yatawe muri yombi saa munani […]
Umuramyi Chryso Ndasingwa yarongoye

Mu birori byabaye mu ibanga ku wa 17 Ukwakira 2025, umuhanzi Chryso Ndasingwa yashyingiranywe nâumukunzi we Gatete Sharon. Nkâuko bigaragara ku mbuga nkoranyambaga zâabatumiwe bake, ibikorwa byose byâubukwe gusaba no gukwa, gusezerana imbere yâImana no kwakira abashyitsi byabereye ku munsi umwe. Ubu bukwe bwabaye nyuma yâuko itariki bwari buteganijweho yahinduwe mu buryo butunguranye, kuko bwagombaga […]