Mu gihe ufite igitekerezo cyo kuza gutera abariro hari bimwe mubiribwa uba usabwa kugendera kure kuko biri mubyatuma igikorwa kitagenda neza uko bikwiye kandi bizwi neza ko imibonanano ikozwe neza ari imwe mu nkingi ikomeye yo gukomeza urugo Iyo itagenze neza rero usanga akenshi hari ibibazo byuririra kuriyo ngingo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Dore ibyo usabwa kwirinda niba wifuza ko igikorwa cyo gutera akabariro cyabagendekera neza mukaryoherwa kandi mukanyurwa uzirinde gukora amakosa yo kurya ibi bintu bikurikira mbere yo kwiha akabyizi:
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibishyimbo
Ibishyimbo ni byo biza ku isonga mu bibangamira igikorwa cy’imibonano mpuzabistina cyane cyane iyo abantu babiriye ako kanya bagahita binjira muri icyo gikorwa kuko ibishyimbo biri mu biribwa birushya igifu mu igogorwa ryabyo,niyo mpamvu iyo umuntu akoresheje imbaraga amaze kurya ibishyimbo aba yangiza igifu,ndetse ashobora no kumva abababara mu nda maze bigatuma igikorwa kigenda nabi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Shokora(Chocolate)
Shokora na yo iza mu bintu bibangamira iki gikorwa cyane cyane zimwe ziba zijimye kuko ziba zigizwe na 70 ku ijana bya cocoa ituma umubiri usa nucitse intege umuntu akumva akeneye kuruhuka nta ntege afite,kuburyo iyo ahise akora imibonano mpuzabitsina aranananirwa cyane kandi uwo munaniro ukamutindamo.
Â
Tonic(Fanta)
Iyi soda na yo si nziza kuyinywa mbere y’iki gikorwa kuko inganda nyinshi ziyikora zishyira quinine kandi ituma umuntu adakora imibonano mpuzabistsina neza cyangwa ngo yumve imushimishije.
Â
Ifiriti
Ifiriti na yo ni mbi kuyirya mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, kuko iyo umuntu amaze kuyirya ako kanya umubiri we uba nta kibazo ufite ndetse aba afite imbaraga,ariko mu isaha imwe gusa umubiri uhita ucika intege,akabura imbaraga na nkeya mu mubiri niyo mpammvu nayo ibujijwe kuko ushobora kurangiza iki gikorwa nta ntege na nkeya usigaranye ukaba wanamera nk’umurwayi kuko nta mbaraga.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Urubuga foodsgn, dukesha iyi nkuru rusobanura ko ibi biribwa tuvuze haruguru bibujijwe kubifata mbere y’uko ukora imibonano mpuzabitsina.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@bwiza.com


