Walikale: Inyeshyamba za AFC/M23 zacakiranye n’iza NDC Rénové i Bukumbirwa

congo rebelles 780x470 1

Imirwano ikaze yadutse mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 3 Gashyantare, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za NDC-Rénové mu Mudugudu wa Bukumbirwa, muri Gurupoma ya Ikobo, Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo aba barwanyi bagabye igitero ku birindiro bya AFC / […]

U Rwanda rwoherereje Mozambique imfashanyo y’ibyo kurya 

20260203 143544

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Gashyantare, u Rwanda rwohereje muri Mozambique imfashanyo y’ibyo kurya ndetse n’ubundi bufasha bw’ibanze. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane mu itangazo yasohoye, yavuze ko imfashanyo yohererejwe Mozambique igizwe n’ibyo kurya bingana na toni 20, ibikorwa by’ubutabazi bwihuse ndetse n’imiti. Yavuze ko indi mfashanyo izohererezwa kiriya gihugu […]

Umugabo yapfuye nyuma yo gusanga ko abana 4 umugore we yabyaye atari abe

cd0a84efc3513d9d

Hari umugabo witwa Benjamin Offei ukomoka muri Ghana gusa wari utuye mu Denmark wamenyekanye ko yapfuye nyuma y’iminsi mike avumbuye amakuru amushengura umutima, aho ibisubizo bya ADN byari byerekanye ko abana bane yareraga mu rushako atari abe mu maraso. Amakuru avuga ko Offei yari amaze imyaka icyenda ashyingiranwe n’umugore we, nyuma y’imyaka icumi bari bamaze […]

Genda, sinshaka kukubona – Perezida Museveni yuka inabi CEO wa Uganda Airlines

A Collage of Isa Kato with PresideNT Museveni 1 1 scaled 1

Perezida Museveni yafashe icyemezo cyo kwirukana Jenifer Bamuturaki usanzwe ari Umuyobozi Mukuru (CEO) wa Uganda Airlines, nyuma y’inama yabereye mu ngoro ya perezida muri Nzeri 2025 yasuzumye ikibazo cy’imiyoborere idahwitse, ibyemezo byo kugura indege bivuguruzanya ndetse n’igihombo cy’amafaranga muri iki kigo cya leta. Iki cyemezo, cyamaze kumenyeshwa abakozi ba Uganda Airlines, kije mu gihe Ubuyobozi […]

Lt. Col. Kabera yaganirije ishuri Ntare Louisenlund ku kamaro k’intwari z’igihugu

HALibpTWkAA1GbX

Kuri uyu wa Mbere, itariki 2 Gashyantare, Umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Lt Col Simon Kabera, yatanze ikiganiro “Akamaro k’Intwari z’Igihugu” ku banyeshuri n’abakozi b’Ishuri rya Ntare Louisenlund  i Nyamata, mu Karere ka Bugesera. Iki kiganiro cyatanzwe mu rwego rw’ibikorwa byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 32. Lt Col Kabera yagaragaje indangagaciro […]

Ni iki cyateye gusubira inyuma indege 2 za Rwandair zajyaga i Bujumbura?

RwandAir the 1st African Airline to try out IATA Travel Pass 750x429 1

Ingendo ebyiri z’indege za RwandAir zavaga i Kigali zahatiwe gusubira inyuma muri iyi weekend ubwo ziteguraga kugwa i Bujumbura. Nk’uko ikibuga cy’indege kibitangaza ngo icyabiteye ni imikorere mibi muri sisitemu nshya yo gucunga umutekano wo mu kirere iherutse gushyirwa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Melchior Ndadaye, byongera kugaragaza impungenge z’umutekano w’abagenzi. Abagenzi bari mu ndege […]

Masisi: Umubare w’abapfiriye mu birombe bya Rubaya ukomeje kuzamuka

626826955 1424752462578387 9050863943482379919 n

Umubare w’abahitanwe n’inkangu yabaye ku wa Gatatu, itariki ya 28 Mutarama, mu gace ka Kasasa gacukurwamo amabuye y’agaciro muri Rubaya (Teritwari ya Masisi) umaze kugera ku ntera ikomeye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, itariki ya 31 Mutarama, imiryango itegamiye kuri Leta muri Kivu y’Amajyaruguru n’amatsinda y’abagore bavuze ko byibuze hapfuye abantu 300 naho […]

I Doha MONUSCO yahawe umukoro wo kohereza ingabo muri Uvira 

monusco 11 89b5d

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro Alliance Fleuve Congo, ku wa Mbere tariki ya 2 Gashyantare basinyanye amasezerano y’igenamigambi akomoka ku Nama Mpuzamahanga y’Umuryango w’ibihugu bya Afurika byo mu karere k’Ibiyaga Bigari. Ni amasezerano yasinywe nyuma y’ibiganiro by’impande zombi byari byateguwe na Leta ya Qatar, mu rwego rwo gushaka umuti w’intambara yo mu […]

Kinshasa na AFC/M23 basubiye mu biganiro i Doha

images 4

Intumwa za AFC/M23 n’iza Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zasubiye mu biganiro i Doha muri Qatar nk’uko byemejwe na M23. Ibi biganiro byaherukaga mu Gushyingo 2025. Benjamin Mbonimpa umwe mu bo ku ruhande rwa M23 yatangaje ko “ibiganiro bikomeje kandi biri mu nzira nziza”. Leta ya Kinshasa ntabwo iremeza niba yitabiriye ibi biganiro […]

Uruhinja rwavukanye umudali wa Kiliziya

Baby

Mu Karere ka Gomba, mu mudugudu wa Saali, havutse umwana w’umuhungu watunguye abaturage n’igihugu muri rusange, nyuma yo kuvugwa ko yavutse afashe umudali wa Mutagatifu Antuwani wa Padua mu kiganza cye. Uyu mwana yavutse ku wa Mbere, tariki ya 2 Gashyantare 2026, avukana n’uwo mudali w’idini rya Gatolika ugaragaza Mutagatifu Antuwani atwaye Umwana Yezu, ibintu […]

Nduhungirehe yamaganye ‘ikiganiro cyuje ubugome’ cya Agathe Habyarimana

Rwanda Agathe Habyarimana ne sera pas extradee.jpg 20210511100629000000 1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamaganye ikiganiro Agathe Kanziga wahoze ari umugore wa Habyarimana Juvenal wigeze kuba Perezida w’u Rwanda aheruka kugirana n’uwitwa Willy Kabera, akigaragaza nk’icyuje ubugome. Muri icyo kiganiro cyatambutse kuri chaîne ya YouTube yitwa Mémoire Habyarimana Officiel, Kanziga yagarutse ku buzima bwe nk’umugore w’igihugu, urupfu rw’umugabo we ndetse n’imibereho […]

Abaraperi bakomeye mu Rwanda bagiye guhurira mu gitaramo kimwe

1770037853429

Abakunzi b’injyana ya hip-hop mu Rwanda baritegura igitaramo gikomeye kizahuza abaraperi bazwi cyane barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe cyiswe Mic Tribe 2026, giteganyijwe ku wa 7 Gashyantare 2026 kuri Mundi Center. Iri joro ritegerejwe nk’iryuzuye ingufu n’imyidagaduro, rigamije guhuriza hamwe abakunda hip-hop n’abahanzi babo, bagasangira umuziki nyarwanda mu mwimerere wawo. Mic Tribe yamaze […]

FARDC iravuga ko imaze iminsi 5 irwanira kongera gufata Minembwe

283e801c 010c 439f b8a3 0493d3698dff

Agace ka Minembwe, gaherereye mu misozi miremire yo muri Teritwari ya Fizi (Kivu y’Amajyepfo), kamaze iminsi karabaye isibaniro kubera imirwano ikaze ihabera hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe na Wazalendo, n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho wiganjemo Abanyekongo b’Abanyamulenge bamaze igihe bibasirwa n’ibitero bya FARDC. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa Operation Sukola muri Kivu […]

PLU ya Gen. Muhoozi irashinja umukwe wa Museveni kuba inyuma y’ibitero bya Amerika kuri Uganda

20260202 125603

Ihuriro Patriotic League of Uganda (PLU) rigizwe n’urubyiruko rushyigikiye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, rirashinja Odrek Rwabwogo kuba ari we uri inyuma y’imvugo z’abassnateri ba Amerika zibasira Uganda. Odrek Rwabwogo usanzwe ari umugabo wa Patience Museveni (umukobwa wa Perezida Museveni), yashinjwe biriya birego na Depite Daudi Kabanda usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa […]

Ntewe ishema no kuba naranze gukorana na Tshisekedi: Matata Ponyo

IMG 20250802 WA0075

Matata Ponyo Mapon wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimangiye ko atewe ishema no kuba yaranze gukorana na Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Uyu mugabo wahunze RDC nyuma gato y’uko yari amaze gukatitwa imyaka 10 yo gukora imirimo y’agahato. Matata Ponyo yabwiye Jeune Afrique ko kuba yarashoboye kuva mu nzara za Leta […]

RDC irashinja u Rwanda kugaba ibitero ku kubuga cy’indege cya Kisangani

FwZPegVXwAA2YJt

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda n’umutwe wa AFC/M23 kuba ari bo bari inyuma y’ibitero bya drone biheruka kugabwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kisangani, giherereye mu ntara ya Tshopo. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 31 Mutarama rishyira ku Cyumweru tariki ya 1 Gashyantare, ni bwo ikibuga cy’indege […]

Urukundo ruragurumana hagati ya Kim Kardashian na Lewis Hamilton

20260202 063910

Umukinnyi mu gutwara muri Formula One, Lewis Hamilton, aravugwaho kuba ari mu mubano wihariye n’icyamamare cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kim Kardashian, nyuma y’uko bombi bagiriye urugendo rw’ibanga mu cyaro cyo mu Bwongereza. Nk’uko ikinyamakuru The Sun kibitangaza, Kim Kardashian, w’imyaka 45 usanzwe ari umubyeyi w’abana bane, yageze mu Bwongereza avuye i Los […]

Morocco yahimye CAF yanga kwakira igikombe cy’Afurika mu bagore

WAFCON1

Morocco yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore 2026 (WAFCON), icyemezo cyatunguranye cyashyize umupira w’amaguru w’abagore muri Afurika mu rujijo, hasigaye amezi make cyane ngo iri rushanwa rikomeye ritangire. Nyuma y’iki cyemezo, Afurika y’Epfo ni yo yahise itangazwa nk’igihugu kizasimbura Morocco mu kwakira iri rushanwa. Ibi byemejwe ku mugoroba wo ku Cyumweru na Minisitiri wungirije ushinzwe […]

Inama za Perezida Kagame kuri gatanya zirembeje Umuryango Nyarwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, itariki 1 Gashyantare 2026,  yagarutse kuri gatanya zisigaye ziri mu Muryango Nyarwanda muri iyi minsi, avuga ko bidakwiye ko abantu babiri bananiranwa kugeza ubwo batandukana. Ati “Abantu babiri bananirwa kubana bate? Ari abantu benshi wabashyize hamwe, ukaba […] ariko abantu babiri bananiranwa bate? Erega abantu baranihanganirana. Icyaha […]

Claude Ibalanky yirukanwe muri REPOP nyuma yo gushyigikira AFC/M23

IMG 20260201 WA0005

Ihuriro rya politiki ry’ububyutse (REPOP) ryatangaje ko ryirukanye Claude Ibalanky Ekolomba, nyuma yo kwinjira muri AFC / M23. Iki cyemezo cyashyizwe ahagaragara mu itangazo ryashyizweho umukono ku wa Gatandatu, itariki ya 31 Mutarama 2026, n’abanyamuryango bashinze ihuriro ndetse n’inama y’abaperezida b’imitwe ya politiki y’abanyamuryango b’ihuriro. REPOP ivuga ko byagaragaje kwiheza k’umuntu uvugwa, urebye ibikorwa bye […]

Umuturage wa Kenya yapfiriye mu ntambara y’u Burusiya muri Ukraine

9f27c40ca9a08946

Urupfu rw’Umunyakenya wafatanyaga n’Ingabo z’u Burusiya mu burasirazuba bwa Ukraine rukomeje guteza impaka ku buryo Abanyafurika, cyane cyane abimukira bagiye gushaka akazi mu Barabu, bisanga mu makimbirane akomeje guhitana benshi mu Burayi binyuze mu miyoboro ibeshya abantu akazi. Ubutasi bw’Igisirikare cya Ukraine bwatangaje ko babonye umurambo wa Clinton Nyapara Mogesa, umuturage wa Kenya wavutse mu […]

Perezida Kagame na madamu we bashyize indabo ku kimenyetso cy’ubutwari

HAD6GYrW4AEk9 N

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Gashyantare 2026, ku Gicumbi cy’intwari i Remera, Perezida Kagame na madamu we Jeannette Kagame, bifatanyije n’abandi bayobozi mu gushyira indabo ku cyimenyetso cy’ubutwari mu gikorwa gifite insanganyamatsiko igira iti: ” Ubutwari n’Ubumwe bw’Abanyarwanda, inkingi z’iterambere.” Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Charity Manyeruke, unahagarariye abadipolomate mu Gihugu, na we yunamiye […]

Jamaica: Ukuriye umutwe ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri JDF yasuye abasirikare ba RDF bari Montego Bay

HADFoz5WsAAvWYV

Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo za Jamaica (JDF) ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi  (Support Brigade), Brigadier O’Neil A. Bogle, yasuye itsinda ry’Abasirikare b’u Rwanda (RDF)  mu Mujyi wa Montego Bay, mu Karere ka St James. Uru ruzinduko rwari rugamije gusuzuma aho imirimo yo gusana no  kubakira abaturage basizwe iheruheru n’ibiza igeze. Iyo mirimo ikorwa n’abasirikare ba RDF bashinzwe ubwubatsi […]

Abanyekongo bahungiye mu Burundi bakomeje gupfa urusorongo

IMG 20260129 WA0137

Ibibazo by’ubutabazi mu nkambi y’impunzi ya Busuma mu Ntara ya Buhumuza, mu burasirazuba bw’u Burundi, bigeze ku rwego rukomeye. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko impunzi 22 z’Abanyekongo zapfuye ku munsi umwe, ku wa Gatanu, itariki ya 30 Mutarama 2026. Abenshi mu bapfuye ni abana, abagore, n’abasaza. Izi mpfu ziyongera ku mubare usanzwe uteye […]

Ibyo Tshisekedi asaba ngo habe ibiganiro hagati y’abanyagihugu ntibivugwaho rumwe

9 121544 768x432 1

Mu gihe ikibazo cy’ibiganiro hagati y’Abanyekongo cyongeye kuzamurwa cyane muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, amajwi amwe n’amwe muri sosiyete sivile ntiyemeranya n’ibisabwa n’umukuru w’igihugu kugirango ibiganiro bibe. Perezida wa Congo, Félix Tshisekedi, yagarutse mu magambo arambuye ku kibazo cy’ibiganiro hagati y’abanyagihugu ubwo yagezaga ijambo ryifuriza umwaka mushya abahagarariye ibihugu byabo bafite icyicaro i Kinshasa […]

Ubutwari si amateka yo gusoma mu bitabo gusa, ni umurage – Min. Dr. Bizimana

d1857835 9e8c 4809 a0b9 a1a3f20592ab

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yibukije urubyiruko ko rudakwiye kujya rufata ubutwari nk’amateka gusa, ahubwo bakwiye kubufata nk’indangagaciro z’Umunyarwanda muzima.   Yabikomojeho mu gitaramo cyo kwizihiza no gusingiza Intwari z’Igihugu mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Gashyantare 2026, ahizihizwa Umunsi w’Intwari, kikaba cyarateguwe n’Umujyi wa Kigali ufatanyije n’abafatanyabikorwa […]

Gen. Prime yahaye abasirikare ba FDNB batunze ‘Passport’ nyirantarengwa yo kuba bazitanze

1 28

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen. Prime Niyongabo, yahaye abasirikare b’iki gihugu batunze za passport zisanzwe itariki ya 10 Gashyantare nk’itariki Ntarengwa yo kuba bamaze kuzishyikiriza igisirikare. Bikubiye mu rwandiko uyu Jenerali aherutse koherereza abayobozi bose mu ngabo, mbere yo kumenyesha abasirikare ubutumwa bwari burukubiyemo. Gen. Prime Niyongabo yamenyesheje abasirikare ko nta wemerewe gutunga Passport […]

Ibyo kuba dufitanye imikoranire n’u Rwanda nari nzi ko buri wese abizi: Balinda wa M23 

IMG 20260128 WA0002 1

Umutwe wa AFC/M23 wemeje ko imikoranire u Rwanda ruheruka kuvuga ko rufitanye na wo mu by’umutekano uriho, ndetse ko impande zombi zikorana ku manywa y’ihangu. Byemejwe n’umuvugizi wungirije w’uyu mutwe, Dr. Oscar Balinda, mu kiganiro yahaye BWIZA. Ni nyuma y’uko mu cyumweru gishize Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yemeje […]

Rubaya: Ababarirwa mu magana bishwe n’umusozi

20260131 114532

Abantu babarirwa mu magana bapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Rubaya giherereye muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kugwirirwa n’inkangu zatewe n’imvura. Umwe mu bacukuzi witwa Flanck Bolingo, yabwiye Africa News ko “imvura yaraguye ikurikirwa n’inkangu, hanyuma zigwira abantu hano. Bamwe zarabatabye, abandi bapfira mu bidendezi. Abenshi baracyari mu butaka.” Umuvugizi wa Guverineri wa […]

Gen. Muhoozi yamaze kurenga umurongo utukura: Amerika

GridArt 20260131 112710391

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Senateri Jim Risch ukuriye Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga mu nteko ishinga amategeko yazo, zateye utwatsi imbabazi ziheruka gusabwa na Gen. Muhoozi Kainerugaba, zigaragaza ko yamaze kurenga umurongo utukura. Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akanaba umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yaherukaga gusaba Amerika imbabazi kubera kwibasira […]

RDC yemeje ko izatanga umukandida wo guhatanira na Mushikiwabo kuyobora OIF 

d2qahkfwwaakrjb

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko izatanga umukandida wo guhatanira na Louise Mushikiwabo kuyobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu Bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Icyemezo cya Kinshasa cyo gutanga umukandida cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri bagize Guverinoma ya kiriya gihugu yabaye ku wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama. Ubwo Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, […]

Perezida Gnassingbé kwa Ndayishimiye nyuma yo kuva i Kigali

Perezida Faure Gnassingbé wa Togo ku wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama yakiriwe i Bujumbura mu Burundi, nyuma yo kugirira urugendo yagiriraga mu Rwanda. Perezidansi y’u Burundi yatangaje ko ubwo Gnassingbé yakirwaga na Perezida Evariste Ndayishimiye WA kiriya gihugu, bagiranye ibiganiro byo mu muhezo. Nyuma y’ibiganiro byahuje aba bombi kandi bahuriye mu nama yaguye y’itsinda […]

Gen Muhoozi yaretse X, ajya mu masengesho yo kwiyiriza ubusa

IMG 20260130 WA0011

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko agiye kugabanya cyane imikoreshereze ye ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko ku rubuga X (rwari Twitter), nyuma y’impaka n’amarangamutima byatewe n’inyandiko ze zitavugwaho rumwe. Muhoozi, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, amaze imyaka myinshi ari umwe mu banyapolitiki n’abayobozi ba gisirikare bavugisha cyane rubanda binyuze ku mbuga […]

Ibintu bitanu byitezwe cyane mu ijoro rya Grammy Awards ryo ku Cyumweru

2025 grammys nominations list 1536x864 1

Ijoro rya Grammy Awards ritegerejwe kuri iki Cyumweru rirateganya kugaragaza ibitaramo bikomeye, imyambarire idasanzwe, ibihe by’amarangamutima, ndetse rishobora no kwandika amateka mashya mu muziki ku isi. Dore ibintu bitanu by’ingenzi abantu bakwiye kwitaho muri iri joro rikomeye rizabera i Los Angeles: 1. Album y’umwaka: Ese amateka mashya arandikwa? Igikombe cya Album of the Year, gifatwa […]

France: Gutera akabariro ku bashakanye ntibikiri itegeko

1769838202790

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa yemeje umushinga w’itegeko ugamije gukuraho burundu igitekerezo cyiswe “inshingano z’abashakanye zo gukora imibonano mpuzabitsina”, aho byafatwaga ko gushyingirwa bisobanuye kuba umuntu agomba kwemera imibonano mpuzabitsina igihe cyose uwo bashakanye abisabye. Uyu mushinga w’itegeko wemejwe ku wa Gatatu wongerwa mu Itegeko Nshinga ry’Imiryango (Civil Code), usobanura neza ko “kubana nk’umugabo n’umugore” […]

Yibye banki kugira ngo ajyanwe muri gereza gutorokesha umugore we

1 th

Umugabo w’imyaka 71 witwa Lawrence John Ripple, wigeze kwiba banki mu mujyi wa Kansas City muri Leta ya Kansas avuga ko yabikoze agamije kujyanwa muri gereza aho kuba mu rugo iwe, yakatiwe igihano cyo gufungirwa mu rugo amezi atandatu, aho gufungirwa muri gereza. Ripple yari yemeye icyaha cyo kwiba banki muri Mutarama 2017, icyaha gihanishwa […]

Amakimbirane yo muri RDC: Perezida Kagame na Gnassingbé bagiranye ibiganiro byo mu muhezo

20260130 164938

Kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro byo mu muhezo (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé wa Togo akaba n’Umuhuza Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) ku mugambi w’amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Kagame na Perezida Gnassingbé banahuye n’Itsinda ry’Impuguke ryashyizweho n’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika rigizwe n’abahoze ari abakuru b’Ibihugu bya Afurika. […]

Ingabo z’u Rwanda zishobora kuguma muri Mozambique kugeza nibura mu 2030

G4LnqaAXIAAC6K2

Umushinga munini wa gaz w’ikigo TotalEnergies muri Mozambique, wari umaze imyaka 5 warahagaze kubera ibitero by’intagondwa zihishe inyuma y’idini ya Islam, wongeye gusubukurwa kuri uyu wa Kane ushize, itariki 29 Mutarama 2026, hakaba hitezwe ko Ingabo z’u Rwanda zizaguma mu majyaruguru ya Mozambique indi myaka kugirango zikomeze kwizeza umutekano. Uyu mushinga ufite agaciro ka miliyari […]

Walikale: Ibitero by’indege byibasiye ibirindiro bya AFC/M23 i Mindjendje

image editor output image1364400110 1761045908019

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko kuri uyu wa Kane, cyari gikomeje ibikorwa byo kurwanya inyeshyamba za AFC / M23 muri Teritwari ya Walikale, hagamijwe gusenya ibirindiro byazo no kugabanya ubushobozi bwazo bwo guteza ibibazo muri kariya gace ka Kivu y’Amajyaruguru. Inkuru yashyizwe ahagaragara na ACTUALITE.CD kuri uyu wa Gatanu, ivuga […]

Inkotanyi twarwaniye aha mu Burundi icyumweru cyose turazumutsa: Ndayishimiye

Screenshot 20260130

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko nta banga ry’imirwanire abo yise Inkotanyi barusha igihugu cye, ngo kuko hari igihe yigeze kumara icyumweru cyose arwanira na zo mu Burundi akazumutsa. Ndayishimiye yabivuze mu cyumweru gishize ubwo yari mu masengesho yari yateguwe n’ishyaka CNDD-FDD. Yavuze ko yarwaniye n’Inkotanyi ahitwa i Muruta mbere y’uko ngo zambuka zikajya […]

Igitero cy’iterabwoba cya FARDC mu isoko rya Sange cyaguyemo 5

20260130 111312

Umutwe wa AFC/M23 washinje ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba igitero cy’iterabwoba mu isoko rya Sange riherereye muri Teritwari ya Uvira, rikica abaturage batanu b’abasivile. Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama ni bwo muri ririya soko hagabwe igitero cya grenade, nk’uko AFC/M23 yabyemeje biciye muri Lawrence […]

Perezida wa Niger yikomye abarimo Macron na Talon yizeza kuzihorera

jad20251208 ass benin tentative coup role france

Kuri uyu wa Kane, itariki 29 Mutarama 2026, Perezida wa Niger, Abdourahamane Tiani, yashinje abaperezida b’u Bufaransa, Benin na Cote d’Ivoire kuba barateye inkunga igitero cyagabwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Niamey, nubwo nta bimenyetso yatanze. Urusaku rw’amasasu n’ibisasu bya rutura byumvikanye mu nkengero z’Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Niger, i Niamey, mbere gato ya saa […]

FARDC na FDNB bisubije Point-Zéro nyuma yo kurasa Twirwaneho na za drone 

20260130 094252

Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryisubije agace ka Point-Zéro gaherereye muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukambura umutwe wa Twirwaneho wari umaze ibyumweru bibiri ukagenzura. Ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama ni bwo FARDC ifatanyije n’Ingabo z’Abarundi, Wazalendo na FDLR bisubije kariya gace k’ingenzi, […]

Ibalanky wari inshuti ya Tshisekedi yiyunze kuri AFC/M23

20260130 082437

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aremeza ko Claude Ibalanky wari umuntu wa hafi ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi akanaba inshuti ye, yamaze kumutera umugongo akerekeza muri AFC/M23. Amakuru avuga ko uyu mugabo ari i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuva mu minsi mike ishize. Claude Ibalanky uvuka mu ntara ya Bandundu, […]

Perezida Faure Gnassingbé wa Togo ari i Kigali

G 4k29fWIAA8Is0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, Perezida Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi. Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, Perezida Gnassingbé yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe. Perezida Gnassingbé, usanzwe unahagarariye itsinda ry’abunzi ba Afurika Yunze Ubumwe ku kibazo cya DRC, yageze mu mbere gato y’uko […]

Tshisekedi yakiriye abunzi bashyizweho na AU

Ku gicamunsi cyo kuwa Kane, Perezida Félix Tshisekedi yakiriye mu ngoro ye intumwa z’akanama k’abunzi ba Afurika Yunze Ubumwe (AU), mu rwego rwa gahunda zikomeje za dipolomasi zo guteza imbere amahoro muri DRC no mu Karere k’Ibiyaga Bigari. Ibiganiro byibanze ku bikorwa by’abunzi bigamije guhagarika amakimbirane, cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu. Madamu Sahle-Work Zewde wahoze […]

Yabyariye mu kazi atazi ko atwite

mother giving birth natalis

Umugore ukorera ikigo gitwara imizigo FedEx muri Leta ya Iowa muri Amerika yakiriye inkuru itunguranye cyane, nyuma yo kwibarukira mu kazi atazi ko atwite. Amethyst Blumberg, umukozi wa FedEx, ku wa Mbere tariki ya 26 Mutarama 2026, yumvise atamerewe neza mu mubiri maze ajya mu bwiherero. Icyo atari azi ni uko uwo mwanya wari ugiye […]

Gen Muhoozi yasabye imbabazi Amerika

IMG 20260130 WA00051

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kuyishinja, mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X (Twitter), gufasha umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, wari umaze iminsi avugwa nk’uwaburiwe irengero. Mu butumwa yasohoye nyuma y’igihe gito ashyize ahagaragara ayo magambo, Jenerali […]

Yigize umukozi wa FBI ajya gufunguza uwishe umukozi wa leta

luigi mangione 1 gty gmh

Umugabo wo muri Leta ya Minnesota, witwa Mark Anderson (ufite imyaka 36), yatawe muri yombi akurikiranyweho kwiyitirira kuba umukozi wa Leta ya Amerika (FBI), nyuma yo gukekwaho kugerageza gucikisha Luigi Mangione muri gereza i New York, nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano abivuga. Anderson akurikiranyweho kuba yarageze ku Metropolitan Detention Center (MDC) i Brooklyn, avuga […]

Cap Ibrahim Traoré yasenye amashyaka yose ya politike

download

Ubutegetsi bwa gisirikare buyoboye Burkina Faso bwatangaje ko buseshe amashyaka yose ya politiki yo mu gihugu, ndetse bukanakuraho amategeko yayagengaga, nk’uko byemejwe n’itegeko ryemejwe na Guverinoma ku wa Kane. Iki cyemezo kije gikurikira izindi ngamba zitandukanye zafashwe n’ubu butegetsi kuva bwafata ubutegetsi binyuze muri coup d’État yo mu 2022, aho abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga […]

Umugabo n’umugore bishimuse kugira ngo babone Miliyoni 10

Handcuff 1536x864 1

Abashakanye batuye mu mujyi wa Lagos muri Nigeria, bazwi ku mazina ya Fred na Goodness, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano bakekwaho guhimba inkuru y’ishimutwa ryabo bagamije kwaka amafaranga angana na miliyoni 10 z’ama-naira mu miryango yabo n’inshuti. Amakuru dukesha PUNCH Metro avuga ko aba bashakanye bishimuse ku wa 7 Mutarama 2026, bagatangira guhamagara bene wabo […]

Ayra Starr arifuza Burna Boy mu kazi 

1769748583680

Umuhanzikazi w’Umunya-Nigeria Ayra Starr, wamenyekanye cyane mu njyana ya Afrobeats, yatangaje ko Burna Boy ari we muhanzI yifuza gukorana na we kurusha abandi bose. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Billboard, cyashyizwe ahagaragara ku wa Kane, aho yari ari kuganira na Chelley Bissainthe, wamamaye muri Love Island USA, ku bijyanye n’itangwa ry’ibihembo bya Grammy 2026, […]

Abarimo Barafinda barafunzwe

gova8h2xoaaaljr 2 b0f5d 1

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batatu barimo Barafinda Sekikubo Fred, bakaba bakurikiranweho gutangaza amakuru  y’ibihuha ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. RIB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko Barafinda, uwitwa Mazimpaka Patrick n’uwitwa Nkeramihigo Japhet ibyaha bakurikiranweho babikoze babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. Abaregwa bafungiye kuri Sitasiyo ya […]

Kagame yahinduriye inshingano Brig. Gen. Nyirubutama wari umuyobozi wungirije wa NISS

51430839160 b97ef5f63e k 768x590 1

Perezida Paul Kagame kuri wa Kane tariki ya 29 Mutarama yahinduriye inshingano Brig. Gen Jean Paul Nyirubutama wari Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS). Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yasohoye mu izina ry’Umukuru w’Igihugu, rivuga ko Brig. Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru wungirije mu by’umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Ni inshingano agomba […]

U Burundi bweretse amahanga ko budateganya gufungura umupaka wa Gatumba

G 0N1MAbEAA6o6

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, kuri uyu wa Kane n’abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu, ndetse n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga n’akarere yemewe mu Burundi, baganira ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC n’ikibazo cy’impunzi z’Abanyekongo mu Burundi. “Umupaka uzongera gufungura igihe ibisabwa byose byujujwe,” iki ni igisubizo Minisitiri Bizimana yahaye umudipolomate, kuri uyu wa […]

Ifungwa rya Victoire Ingabire: U Rwanda rwahaye gasopo Inteko ya EU

Olivier Nduhungirehe 2025

Leta y’u Rwanda yahaye gasopo Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, iyibutsa ko u Rwanda rutari mu bo ifiteho ububasha bwo gufatira ibyemezo. Ni nyuma y’uko ku wa Kabiri tariki ya 27 Mutarama Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu muri iriya nteko yateranye mu rwego rwo kuganira ku cyo yise “uko ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu […]

U Rwanda rwanogeje umushinga wo gushinga Kaminuza izajya yigisha ba Jenerali 

53916758929 843541d108 k 768x518 1

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 28 Mutarama 2026, yemeje umushinga w’itegeko rishyiraho Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare. Iyi Kaminuza izwi nka National Defence University, ni yo ya mbere ya gisirikare izaba ishinzwe mu Rwanda. Muri Gicurasi 2024 ni bwo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yabwiye abasenateri ko u Rwanda rwateganyaga kubaka Kaminuza ya gisirikare […]

Uvira: Haravugwa gukozanyaho hagati ya AFC/M23 na FARDC mu Kibaya cya Rusizi

G z QaRbUAUtEao

Kuri uyu wa Kane habaye gukozanyaho by’akanya gato hagati y’abarwanyi ba AFC / M23 na FARDC, ishyigikiwe na Wazalendo, mu kibaya cya Ruzizi, cyane cyane i Kanga, Rugeje, na Itisha, muri Gurupoma ya Kigoma muri Teritwari ya Uvira. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ubutegetsi abitangaza, ngo byibuze abasivili batatu biciwe muri iyi mirwano. Amakuru akomeza […]