Hitilafu ya CAMIS Yasababisha Wanafunzi Rwanda Kukosa Ripoti za Mwaka

abanyeshuri 48 750x375 1

Ijumaa hii, baadhi ya wanafunzi katika shule kadhaa nchini Rwanda walirudi nyumbani bila ripoti zao za mwisho wa muhula, licha ya kumaliza kipindi cha masomo. Tatizo hili lilisababishwa na hitilafu za kiufundi kwenye mfumo wa CAMIS, kwa mujibu wa Tume ya Taifa ya Mitihani na Ukaguzi wa Shule (NESA). Katika taarifa iliyotolewa na NESA, taasisi […]

Un Bug dans le Système CAMIS Prive Certains Élèves Rwandais de leurs Bulletins

abanyeshuri 48 750x375 1

Ce vendredi, certains Ă©lèves au Rwanda sont rentrĂ©s chez eux sans leurs bulletins de notes, malgrĂ© la fin du trimestre scolaire. Ce problème est dĂ» Ă  des dysfonctionnements techniques dans le système CAMIS, comme l’a indiquĂ© l’Office National des Examens et de l’Inspection Scolaire (NESA). Dans un communiquĂ©, NESA a expliquĂ© que certains Ă©tablissements n’ont […]

Technical Glitch in CAMIS Leaves Some Rwandan Students Without Report Cards

abanyeshuri 48 750x375 1

On Friday, students from some schools in Rwanda went home without their report cards, despite having completed the academic term. This issue was caused by technical problems within the CAMIS system, according to the National Examination and School Inspection Authority (NESA). In a statement issued by NESA, the institution explained that some schools were unable […]

Abanyeshuri bari butahe batabonye Indangamanota zabo

abanyeshuri 48 750x375 1

Ku wa Gatanu, abanyeshuri mu mashuri amwe n’amwe mu Rwanda barataha batabonye indangamanota zabo, nyuma yo gusoza igihembwe cy’amasomo. Iki kibazo cyatewe n’ibibazo bya tekinike biri muri sisitemu ya CAMIS, nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA). Mu itangazo ryashyizwe hanze na NESA, iki kigo cyasobanuye ko hari amashuri atabashije gufata indangamanota z’abanyeshuri […]

Le Rwanda classé parmi les 50 pays les plus pauvres au monde selon le PIB par habitant

20250626 1106 Top 50 Poorest Economies simple compose 01jynbq22neq89ckfpby8thqqf

Le Rwanda figure sur la liste des 50 pays les plus pauvres au monde, selon le Produit IntĂ©rieur Brut (PIB) par habitant, d’après les donnĂ©es du Fonds MonĂ©taire International (FMI) publiĂ©es par Visual Capitalist le 24 juin 2025. Ce classement permet de mieux comprendre la structure Ă©conomique des pays, et surtout de mesurer la richesse […]

Rwanda Ranked Among World’s 50 Poorest Countries by GDP per Capita

20250626 1106 Top 50 Poorest Economies simple compose 01jynbq22neq89ckfpby8thqqf

Rwanda has appeared on the list of the 50 poorest countries in the world, based on Gross Domestic Product (GDP) per capita, as reported in data from the International Monetary Fund (IMF) published by Visual Capitalist on June 24, 2025. This ranking offers insight into the economic structure of countries, particularly highlighting how a nation’s […]

U Rwanda ruri mu Bihugu 50 bikennye ku Isi mu 2025

20250626 1106 Top 50 Poorest Economies simple compose 01jynbq22neq89ckfpby8thqqf

U Rwanda rwagaragaye ku rutonde rw’ibihugu 50 bikennye kurusha ibindi ku isi, hashingiwe ku musaruro mbumbe w’igihugu ugabanyije ku baturage (GDP per capita), nk’uko byatangajwe mu mibare y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yasohowe na Visual Capitalist ku wa 24 Kamena 2025. Uru rutonde rusobanura neza uko ubukungu bw’ibihugu buteye, ariko cyane cyane bigaragaza uko ubukungu bufatwa […]

Tshisekedi: Nikishinda Vita ya Congo, Nitampendekeza Trump kwa Tuzo ya Amani ya Nobel

87021623 61809777

Rais FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo ameahidi kumteua Donald Trump kuwania Tuzo ya Amani ya Nobel endapo ataweza kumaliza vita vinavyoendelea nchini Congo. Tshisekedi alitoa kauli hiyo katika mahojiano maalum na Hariana Verás VictĂłria, mwandishi wa habari aliyeidhinishwa rasmi na Ikulu ya Marekani barani Afrika. Utawala wa Rais wa zamani wa […]

Tshisekedi prĂŞt Ă  proposer Trump pour le Prix Nobel de la paix si la guerre au Congo prend fin

87021623 61809777

Le PrĂ©sident FĂ©lix Antoine Tshisekedi de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo s’est engagĂ© Ă  proposer Donald Trump pour le Prix Nobel de la paix s’il parvient Ă  mettre fin Ă  la guerre au Congo. Tshisekedi l’a annoncĂ© lors d’un entretien exclusif accordĂ© Ă  Hariana Verás VictĂłria, journaliste accrĂ©ditĂ©e auprès de la PrĂ©sidence des États-Unis en […]

Tshisekedi Pledges to Nominate Trump for Nobel Peace Prize If Congo War Ends

87021623 61809777

President FĂ©lix Antoine Tshisekedi of the Democratic Republic of Congo has pledged to nominate Donald Trump for the Nobel Peace Prize, if he succeeds in ending the war in Congo. Tshisekedi made this statement in an exclusive interview with Hariana Verás VictĂłria, a journalist permanently accredited to the U.S. Presidency in Africa. President Trump’s administration […]

Icyo Tshisekedi azitura Trump mu gihe yaba ashoboye kurangiza intambara yo muri RDC

87021623 61809777

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yiyemeje kuzatora Donald Trump mu matora y’ugomba guhabwa igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel, mu gihe yaba ashoboye gushyira iherezo ku ntambara yo muri Congo. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro cyihariye yahaye Hariana Verás VictĂłria, umunyamakuru uhagarariye bihoraho Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Afurika. Ubutegetsi […]

Naibu Katibu Mkuu wa UN Akutana na Viongozi wa M23, Atoa Wito wa Msaada kwa Raia wa Congo

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250626215012479489 PHOTO GOMA

“Jumuiya ya kimataifa inapaswa kuunga mkono wananchi wa Congo wakati huu wa ukosefu wa usalama na mahitaji yanayoongezeka ya kibinadamu, hasa katika eneo la mashariki,” alisema Tom Fletcher, Naibu Katibu Mkuu wa Umoja wa Mataifa anayehusika na masuala ya misaada ya kibinadamu, baada ya kukutana na viongozi wa kundi la waasi la AFC/M23 siku ya […]

Le numéro deux de l’ONU rencontre les chefs du M23 et appelle à un soutien mondial pour les civils congolais

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250626215012479489 PHOTO GOMA

« La communautĂ© internationale doit soutenir les populations congolaises en cette pĂ©riode d’insĂ©curitĂ© et de besoins humanitaires croissants, en particulier dans l’Est du pays », a dĂ©clarĂ© Tom Fletcher, SecrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint de l’ONU chargĂ© des affaires humanitaires, après avoir rencontrĂ© les dirigeants du groupe rebelle AFC/M23 ce jeudi 26 juin, Ă  Goma (Nord-Kivu). Cette […]

UN Deputy Chief Meets M23 Leaders, Urges Global Support for Congo Civilians

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250626215012479489 PHOTO GOMA

“The international community must support the people of Congo during this time of insecurity and growing humanitarian needs, especially in the eastern region,” said Tom Fletcher, the United Nations Deputy Secretary-General for Humanitarian Affairs, after meeting with leaders of the rebel group AFC/M23 on Thursday, June 26, in Goma (North Kivu). The meeting with AFC/M23 […]

Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni, Tom Fletcher, yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250626215012479489 PHOTO GOMA

“Umuryango mpuzamahanga ugomba gushyigikira abaturage ba Congo muri iki gihe cy’umutekano muke ndetse n’ibibazo by’ubutabazi bigenda byiyongera, cyane cyane mu karere k’iburasirazuba,” ibi byavuzwe n’Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Tom Fletcher, nyuma yo guhura n’abayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa AFC / M23 ku wa Kane, itariki ya 26 Kamena, i Goma (Kivu y’Amajyaruguru). […]

Mahakama ya Afrika Kusikiliza Kesi ya DRC Dhidi ya Rwanda kwa Ukiukaji wa Haki za Binadamu

african court 1

Alhamisi, tarehe 26 Juni, Mahakama ya Afrika ya Haki za Binadamu na Watu (AfCHPR) ilitangaza kuwa ina mamlaka ya kusikiliza kesi iliyofunguliwa na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) dhidi ya Rwanda. Katika kikao chake cha 77 cha kawaida kilichofanyika Arusha, Tanzania, mahakama ilisema kuwa malalamiko ya DRC yanakubalika. DRC inaituhumu Rwanda kwa vitendo vya […]

La Cour africaine va juger la RDC contre le Rwanda pour violations des droits humains

african court 1

Ce jeudi 26 juin, la Cour africaine des droits de l’homme et des peuples (AfCHPR) a annoncĂ© qu’elle Ă©tait compĂ©tente pour juger l’affaire intentĂ©e par la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC) contre le Rwanda. Lors de sa 77ᵉ session ordinaire tenue Ă  Arusha, en Tanzanie, la Cour a dĂ©clarĂ© que la plainte de la RDC […]

African Court to Hear DRC’s Human Rights Case Against Rwanda

african court 1

On Thursday, June 26, the African Court on Human and Peoples’ Rights (AfCHPR) announced that it has jurisdiction to hear the case filed by the Democratic Republic of Congo (DRC) against Rwanda. During its 77th ordinary session held in Arusha, Tanzania, the court ruled that the DRC’s complaint is admissible. The case accuses Rwanda of […]

AfCHPR yemeje ko ifite ububasha bwo kuburanisha urubanza RDC yarezemo u Rwanda

african court 1

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Kamena, Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu n’abaturage (AfCHRP) rwatangaje ko rufite ububasha bwo kuburanisha urubanza u Rwanda ruregwamo na DRC. Mu nama ya 77 isanzwe yabereye i Arusha, muri Tanzaniya, uru rukiko rwavuze ko ikirego DRC irega umuturanyi wa yo cyemewe, kikaba gishinja u Rwanda gukora ihohotera no […]

Paul Rutikanga wa RBA afunga ndoa rasmi na Uwera Caroline

kane9708 80438

Mwandishi wa habari wa Televisheni ya Rwanda, Paul Rutikanga, alifunga ndoa rasmi ya kisheria na mchumba wake Uwera Caroline siku ya Alhamisi, tarehe 26 Juni 2025, katika hafla iliyofanyika katika Kata ya Remera, Jiji la Kigali. Ndoa hii ya kisheria ni hatua ya awali kuelekea sherehe nyingine za harusi zitakazofanyika tarehe 29 Agosti 2025. Rutikanga […]

Paul Rutikanga de RBA dit “oui” Ă  Caroline Uwera devant la loi

kane9708 80438

Le journaliste de la TĂ©lĂ©vision Rwandaise, Paul Rutikanga, s’est mariĂ© civilement avec sa fiancĂ©e Uwera Caroline ce jeudi 26 juin 2025, lors d’une cĂ©rĂ©monie tenue au Secteur Remera, Ville de Kigali. Cette union lĂ©gale prĂ©pare les prochaines cĂ©rĂ©monies nuptiales prĂ©vues pour le 29 aoĂ»t 2025. Rutikanga est une figure bien connue du journalisme rwandais, notamment […]

RBA’s Paul Rutikanga Officially Ties the Knot with Caroline Uwera

kane9708 80438

Rwanda Television journalist Paul Rutikanga officially tied the knot with his fiancĂ©e Uwera Caroline in a civil ceremony held on Thursday, June 26, 2025, at Remera Sector, Kigali City. This legally binding union is a precursor to the traditional and religious wedding ceremonies scheduled for August 29, 2025. Rutikanga is a well-known figure in Rwandan […]

Paul Rutikanga yasezeranye

kane9708 80438

Umunyamakuru wa Televiziyo y’u Rwanda, Paul Rutikanga, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Uwera Caroline kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Kamena 2025, mu muhango wabereye mu Murenge wa Remera, Umujyi wa Kigali. Uyu mubano wemejwe n’amategeko utegura indi mihango y’ubukwe izaba ku wa 29 Kanama 2025. Rutikanga azwi cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, […]

Bangui: Abanyeshuri 29 bapfiriye mu mubyigano nyuma yo kwikanga bari mu bizamini

4615531 182069035

Kuri uyu wa Kane, abayobozi muri Centrafrica bavuze ko byibuze abanyeshuri 29 biciwe mu muvundo wadutse ubwo bakoraga ibizamini, abandi barakomereka. Ibi byabaye mu gihe abanyeshuri barenga 5.300 bakotangiye ibizamini bya baccalaureat ku ishuri ryisumbuye rya Barthelemy Boganda mu murwa mukuru, Bangui, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 25 Kamena 2025. Bivugwa ko transformateur y’amashanyarazi […]

Imfungwa zatorotse gereza mu Bwongereza

75305345 14849077 Members of the gang captured on CCTV during a burglary a 21 1750923917253

Polisi yo mu Bwongereza iri mu bikorwa bikomeye byo guhiga abagabo batatu bacitse muri gereza ya Springhill Open Prison iri hafi y’ahitwa Aylesbury, Buckinghamshire. Aba bagabo bakekwaho ubujura bukomeye mu nzu zirenga 50, aho bibye amafaranga n’ibindi bintu bifite agaciro kagera ku bihumbi 300 by’ama-pound (asaga miliyari 450 Frw). Abacitse ni Jason MacDonagh, w’imyaka 34, […]

Joseph Kabila yagiranye ibiganiro n’intumwa ziturutse mu mashuri makuru na za kaminuza zo muri Sud-Kivu

Kabila Bukavu5 e1750950324610

Mu gihe cy’iminsi ibiri amaze muri Ntara ya Kivu y’ Amajyepfo, uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, akomeje ibikorwa by’ibiganiro agirana n’inzego zitandukanye mu rwego rwo gushakira amahoro arambye igihugu cye. Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe, Kabila yakiriye intumwa z’abarimu baturuka muri za kaminuza n’amashuri makuru yo mu […]

Squid Game yongeye gusohoka

26cul squidgaame primer jbml

Nyuma y’amezi atandatu gusa igice cya kabiri gisohotse, filime “Squid Game” yongeye gusubira ku rubuga rwa Netflix, kuri iyi nshuro mu gice cya gatatu ari na cyo cya nyuma. Abakunzi b’iyi filime bategerezanyije amatsiko gukurikirana uko urugamba rw’ubuzima n’urupfu ruzasozwa. Gi-hun watsinze irushanwa rya mbere, yari yarasize inyuma umugambi wo kongera kubona umwana we, ahitamo […]

UPDF mu mirwano ikaze na Wazalendo 

latest08pix data 1000x600 1

Ingabo za Uganda kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Kamena,  zaramutse zirasana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa MaĂŻ-MaĂŻ uri mu yitwaje intwaro Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahurije hamwe ikayita Wazalendo. Imirwano y’impande zombi yaramukiye mu bice bya Vuyinga-Mabambi ndetse no mu duce dutandukanye twa Chefferie ya Baswagha iherereye muri Teritwari ya […]

Bazivamo yakiriwe kwa Maréchal Déby

20250626 151046

Ambasaderi Christophe Bazivamo ku wa Gatatu tariki ya 25 Kamena yashyikirije Perezida wa Tchad, MarĂ©chal Mahamat Idriss DĂ©by Itno, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Ambasade y’u Rwanda Muri Nigeria ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko muri kiriya gikorwa cyabereye i Ndjamena Amb. Bazivamo na Perezida DĂ©by, banagiranye ibiganiro “ku mubano […]

Abahanga batangiye gukora ADN mpimbano z’abantu

p0lkztkt

Imirimo yatangiye ku mushinga utavugwaho rumwe wo gukora ibice byubaka ubuzima bw’abantu bahereye kuri zero, ubuvumbuzi byitezwe ko buzaba ari ubwa mbere bubayeho ku Isi. Ubushakashatsi nk’ubu bwari kirazira kugeza ubu kubera impungenge zishobora kuba ku bana baremwa muri ubu buryo cyangwa impinduka zitunguranye zitateganyujwe ku bisekuruza bizaza. Ariko ubu umuryango munini w’ubuvuzi ku Isi, […]

Gen. Muhoozi yahananuye uwahoze ari intasi nkuru ya UPDF, amwohereza mu Burundi

20250626 121111

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yohereje Maj. Gen James Birungi wahoze akuriye urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI) gukorera mu Burundi. Birungi yayoboye CMI hagati ya 2022 na Mata 2025 ubwo yasimburaga kuri izo nshingano Maj. Gen Abel Kandiho, mbere yo kugirwa umuyobozi wa Diviziyo y’Ingabo za Uganda zishinzwe kurwanira mu misozi […]

Obasanjo kwa Tshisekedi nyuma yo kuva muri Village Urugwiro

IMG 20250626 WA0000

Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, ku wa Gatatu tariki ya 25 Kamena yakiriwe anagirana ibiganiro na Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mukambwe yakiriwe kwa Tshisekedi, nyuma y’amasaha make avuye muri Village Urugwiro, aho yakiriwe akanagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Obasanjo ni umwe mu bahuza bashyizweho n’Imiryango […]

CAR: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidari

Kuri uyu wa Gatatu ushize, Ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro z’u Rwanda (RWABATT-1), mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), zahawe imidari y’ishimwe kubera ibikorwa by’indashyikirwa mu mezi cumi na kumwe ashize. Ibirori byo gutanga imidari byabereye mu kigo cya RWANBATT cya M’Poko i Bangui. Mu gihe cyo koherezwa kwabo, iryo tsinda ryagize uruhare […]

Waandamanaji Wauawa Tena Kenya: Angalau 8 Wapoteza Maisha

download 2

Jumatano, tarehe 25 Juni, watu wasiopungua wanane waliuawa wakati maelfu ya wananchi walipoandamana kuadhimisha mwaka mmoja tangu maandamano ya mwaka jana yaliyosababisha vifo vingi. Ripoti zinasema kuwa polisi waliovaa kiraia walifyatua risasi kwa waandamanaji waliokuwa wakipinga serikali. Shirika la Amnesty International linasema idadi ya waliokufa huenda ikawa 16. Siku ya Jumatano, viongozi wa Kenya walifunga […]

Manifestations sanglantes au Kenya : Au moins 8 morts

download 2

Ce mercredi 25 juin, au moins huit personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es alors que des milliers de manifestants descendaient dans les rues pour commĂ©morer le premier anniversaire des protestations meurtrières de l’annĂ©e dernière. Des tĂ©moins affirment que des policiers en civil ont ouvert le feu sur les manifestants dĂ©nonçant le gouvernement. Selon Amnesty International, le nombre […]

Kenya Protests Turn Deadly Again: At Least 8 Killed

download 2

On Wednesday, June 25, at least eight people were killed as thousands took to the streets to mark one year since deadly protests erupted last year. Reports say police officers in plain clothes were seen shooting at protesters who were demonstrating against the government. According to Amnesty International, the actual death toll could be as […]

Kenya: Byibuze 8 biciwe mu myigaragambyo yongeye kubura

download 2

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Kamena,  nibura abantu umunani bishwe igihe ibihumbi n’ibihumbi bigabizaga imihanda kugira ngo bizihize umwaka umwe ushize habaye indi myigaragambyo yiciwemo benshi. Ni imyigaragambyo bivugwa ko icyo gihe yagaragayemo abapolisi bambaye imyenda ya gisivili barasa abigaragambyaga bamagana leta. Imibare yatanzwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Amnesty International, yo ivuga ko […]

Trump Athibitisha Kusainiwa kwa Mkataba wa Amani Kati ya DRC na Rwanda Ijumaa Hii

1f885980a5c483ff9487af1200224fe3

Rais wa Marekani, Donald Trump, amethibitisha kuwa mkataba wa amani kati ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) na Rwanda utasainiwa Ijumaa hii, tarehe 27 Juni. Trump alitoa tangazo hilo Jumatano iliyopita, tarehe 25 Juni, huko La Haye, Uholanzi, wakati wa mkutano wa kilele wa NATO. Uthibitisho huu wa Rais wa Marekani unakuja kufuatia tamko […]

Trump confirme la signature de l’accord de paix RDC–Rwanda pour ce vendredi

1f885980a5c483ff9487af1200224fe3

Le PrĂ©sident des États-Unis, Donald Trump, a confirmĂ© que l’accord de paix entre la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC) et le Rwanda sera signĂ© ce vendredi 27 juin. Il a fait cette dĂ©claration mercredi dernier, le 25 juin, Ă  La Haye, aux Pays-Bas, lors du sommet de l’OTAN. Cette confirmation du PrĂ©sident amĂ©ricain intervient après […]

Trump Confirms Congo–Rwanda Peace Deal Signing Set for Friday

1f885980a5c483ff9487af1200224fe3

The President of the United States of America, Donald Trump, has confirmed that the peace agreement between the Democratic Republic of Congo (DRC) and Rwanda will be signed this Friday, June 27. He made this announcement during his speech last Wednesday, June 25, in The Hague, Netherlands, at the NATO summit. The confirmation by the […]

Trump yashimangiye ko u Rwanda na RDC bizasinya amasezerano kuri uyu wa Gatanu

1f885980a5c483ff9487af1200224fe3

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashimangiye ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, ashyirwaho umukono kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 27 Kamena. Ibi yabitangaje mu ijambo rye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 25 Kamena, i La Haye mu Buholandi, mu nama ya […]

Nyarugenge: Ubushinjacyaha bukurikiranye umugore wakuye umwana we amenyo amuziza 200Frw

csm Nyarugegenge 123pdf 168a625ebf

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bukurikiranye  umugore w’imyaka 37 utuye mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro wakubise umwana we w’umukobwa w’imyaka 6 akamukomeretsa bikabije.  Icyaha akurikiranweho nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru, cyakozwe ku itariki 18 Kanama 2025 ubwo uyu mugore yakubitaga umwana we umwuko ku munwa akamukura amenyo abiri y’imbere […]

Msanii Yago Pon Dat Afunguka Kuhusu Maumivu ya Kuachwa na Mkewe Teta Christa

yago pon dat yahishuye ko n umukunzi we bibarutse 209be

Msanii Yago Pon Dat amefunguka kuhusu uchungu mkubwa alioupata baada ya kuachana na mke wake Teta Christa. Alielezea hali hiyo katika mahojiano ya kina aliyochapisha kwenye chaneli yake ya YouTube tarehe 25 Juni 2025. Katika ushuhuda wake, Yago alisema kwamba wakati Teta alipomuacha, hakuwa nyumbani — alikuwa kazini. Alipokea ujumbe kwenye simu kutoka kwa Teta, […]

Le chanteur Yago Pon Dat brise le silence après sa rupture douloureuse avec Teta Christa

yago pon dat yahishuye ko n umukunzi we bibarutse 209be

L’artiste Yago Pon Dat a exprimĂ© sa profonde douleur après sa sĂ©paration avec sa femme Teta Christa, dans un tĂ©moignage Ă©mouvant publiĂ© sur sa chaĂ®ne YouTube le 25 juin 2025. Dans son rĂ©cit, Yago a expliquĂ© que Teta l’a quittĂ© alors qu’il Ă©tait au travail. Il a dĂ©couvert la nouvelle Ă  travers un message reçu […]

Artist Yago Pon Dat Opens Up About Painful Split from Wife Teta Christa

yago pon dat yahishuye ko n umukunzi we bibarutse 209be

Artist Yago Pon Dat has opened up about the deep pain he is experiencing following his separation from his wife, Teta Christa. He shared his emotional testimony in a heartfelt video uploaded to his YouTube channel on June 25, 2025. In his story, Yago explained that when Teta left him, he wasn’t home — he […]

Umugore wa Yago yahukanye uruhinja rw’ibyumweru bitatu

yago pon dat yahishuye ko n umukunzi we bibarutse 209be

Umuhanzi Yago Pon Dat yagaragaje akababaro gakomeye aterwa n’uko yatandukanye n’umugore we Teta Christa, aho yabinyujije mu kiganiro cyimbitse yashyize kuri shene ye ya YouTube ku wa 25 Kamena 2025. Mu buhamya bwe, Yago yasobanuye ko ubwo Teta yamutaga atari ari mu rugo, ahubwo yari yagiye mu kazi. Avuga ko yabonye ubutumwa kuri telefone buvuye […]

Ubuhinde bwacakiye intasi ya Pakistan yari yinjiriye Marine

espionage 1750896537980 1750896543724

Inzego z’ubutasi bw’Ubuhinde zataye muri yombi Vishal Yadav, umukozi wa Marine akekwaho gutanga amakuru y’ibanga ku butasi bwa Pakistan (ISI). Yadav yafashwe nyuma y’amezi akurikiranyweho gukorana n’umugore wiyitaga Priya Sharma, intasi ya ISI, binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Iperereza ryagaragaje ko Yadav yagiye yohereza amakuru yerekeye ibikorwa bya gisirikare, harimo n’amakuru y’igikorwa cyiswe Operation Sindoor, mu gihe […]

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran ari kwihisha nk’icyihebe

25int khamenei tjkh

Ayatollah Ali Khamenei, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, ari kwihisha nk’icyihebe mu gihe igihugu cye cyugarijwe n’intambara gihanganyemo n’Amerika na Isiraheli, ibintu bikomeje gutera impagarara n’akavuyo mu banyapolitiki no mu baturage. Amakuru aturuka mu nzego z’ubuyobozi avuga ko Khamenei yirinda gukoresha imirongo ya mudasobwa cyangwa telefone kubera impungenge z’ibitero by’ubutasi cyangwa ibishobora gukorwa n’abanzi be. Abari […]

Kabila yatangiye kugirana ibiganiro n’ amatsinda anyuranye i Bukavu

telechargement 19

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Kamena, Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya Demokarasi ya Congo imyaka 18 yagiranye ibiganiro n’amatsinda ane atandukanye, ayahamiriza ko yiyemeje gutanga umusanzu we kugira ngo igihugu kigere ku mahoro arambye. Ni nyuma yo gukorera ibiganiro nka biriya mu mujyi wa Goma yari amazemo ukwezi. Mu ruzinduko […]

Walikale: Umusirikare wa FARDC yarashe bagenzi be mu cyico

Screenshot 20250625 1519072

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yamishije urufaya rw’amasasu muri  bagenzi be, batatu bahita bahasiga ubuzima abandi umunani bakomereka bikomeye. Byabaye Ku wa Kabiri tariki ya 24 Kamena, mu gice kigenzurwa n’uruhande rwa Leta ya Congo mu gace ka Mungazi gaherereye muri Groupement ya Luberiki, Teritware ya Walikale, mu Ntara […]

Kigali: Hagiye gutangizwa umushinga wo gutwara abantu mu kirere

20250625 195753

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yemeye miliyoni 500 z’amadolari y’Amanyamerika zo gutangiza inyigo y’umushinga w’akataraboneka wo gutwara abantu mu kirere i Kigali Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) yemeye inkunga ya $500,000 (asaga miliyoni 650 Frw) yo gutangiza inyigo rusange y’umushinga wo guwara abantu mu kirere (cable car) uzubakwa mu mujyi wa Kigali. Uyu mushinga witezweho kuba […]

Yanga SC yatwaye igikombe itsinze Simba SC

timuyawananchi daimambelenyumamwiko b12af

Ikipe ya Young Africans SC (Yanga) yo muri Tanzania yegukanye igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya mbere cya 2024/25, nyuma yo gutsinda ikipe ya Simba SC ibitego 2-0 mu mukino wari utegerejwe na benshi. Uyu mukino w’abakeba wagaragayemo ishyaka rikomeye, wabaye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’igihe usubitswe ku mpamvu z’amakimbirane yashyizweho iherezo na Perezida wa […]

Perezida Kagame yaganiriye na Dr. Akinwumi Adesina

2025 06 25 17 46 04 0

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye muri Village Urugwiro Perezida uri gusoza manda wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD), Dr. Akinwumi Adesina. Dr. Akinwumi ari mu Rwanda, aho yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora ubusesenguzi ku bukungu bw’Isi. Perezidansi y’u Rwanda ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko ibiganiro bye na Perezida Paul […]

Zambia yitabaje inkiko ngo Edgar Lungu adashyingurwa muri Afurika y’Epfo

Lung Edgar 860x500 2

Urukiko Rukuru rwo muri Afurika y’Epfo rwahagaritse umuhango wo gushyingura Edgar Lungu wahoze ari Perezida wa Zambia, mbere y’amasaha make ngo ashyingurwe muri kiriya gihugu. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo Lungu yagombaga gushyingurwa i Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Urukiko rwahagaritse ishyingurwa rye, nyuma y’uko Guverinoma ya Zambia yajyanye mu nkiko umuryango we. Leta ya […]

Raporo y’ubutasi ivuga ko ibitero bya Amerika bitigeze bisenya gahunda y’intwaro kirimbuzi ya Iran

XCUXIH4AVBNRVGIJD3WXA53EH4

Nk’uko raporo y’ubutasi y’ibanga y’Amerika ibigaragaza, ibiyikubiyemo byasobanuwe n’ibitangazamakuru n’amasoko yakurikiranye iki kibazo, mu ijoro ryo ku wa gatandatu nijoro. Ibitero bya Amerika yagabye mu bigo bya Fordo, Natanz, na Isfahan, ntibyakuyeho ububiko bwa uranium ikungahaye ishobora kuvamo ibisasu kirimbuzi, bitandukanye n’ibyo Donald Trump yashimangiye avuga. Iyi dosiye n’ihwa mu ruhande rwa Donald Trump, ukomeje […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 35 arashinjwa kwica se umubyara

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore w’imyaka 35 y’amavuko ukekwaho kwica se umubyara w’imyaka 60 babanaga mu rugo amutemesheje umuhoro. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 20 Kamena 2025 mu kagari ka Busoro, umurenge wa Kayumbu mu karere ka Kamonyi ubwo uyu musore yatahaga mu rugo kwa se umubyara, se akamubwira ko akuze agomba […]

Kigali: Inzu 1,400 zigiye gusenywa

IMG 20250625 WA0062

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko inzu zigera ku 1,425 zubatswe mu buryo budakurikije amategeko zigiye gusenywa, nyuma yo kugaragaza ko zidahuye n’ibisabwa mu myubakire yemewe. Izi nzu zubatswe nyuma ya Nyakanga 2024, ziboneka mu turere twa Gasabo, Kicukiro na Nyarugenge. Kugeza ubu, 222 muri zo zimaze gusenywa. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yabigarutseho […]

Wanajeshi 7 wa Israel Wauawa na Mlipuko Gaza

25israel iran gaza lzcq

Majeshi ya Ulaya Kaskazini yamethibitisha kwamba wanajeshi 7 wao wameuawa katika shambulio la bomu mjini Khan Younis, kusini mwa Gaza. Wanajeshi hawa walikuwa sehemu ya kikosi kilichopewa jukumu la kutafuta na kuvunja mitaro iliyochimbwa na wapiganaji wa Hamas. Jenerali wa Brigedi Effie Defrin, msemaji wa jeshi la Israel, alisema ni “siku ya huzuni na nzito […]