Mu gihe hari abagore bibwiraga ko abagabo ari bo batera akabariro, urubuga rwa internet Topsante rutangaza ko umugore n’umugabo bose bafite uruhare mu kuryoshya icyo gikorwa baba bakora bizeranye kandi banabana nk’umugore n’umugabo.

Benshi bemeza ko umugore ushimisha umugabo mu buriri ari ufite ikimero cyiza, amabuno manini, isura nziza n’amaribori mu ntege cyangwa se uwaciye imyeyo. Ibi byonyine ntago bihagije kugira ngo umugabo yishime bisesuye. Abagabo bakunda byinshi bitandukanye, usanga buri wese afite ikimushimisha kurusha ibindi bitandukanye n’iby’undi. Hari ibyo abagabo benshi bemeza ko aribyo bibashimisha mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Dore iby’ingenzi:
1.Kumukorakora ariko ukibanda ku bice by’ingenzi birusha ibindi kongerera umugabo ubushake. Ibyo bice uba ugomba kubyitaho ukabikorakora cyane cyane ku gitsina ukagikinisha. Kandi ushobora kunyuza ururimi rwawe ku mabere y’umugabo ukayanyunguta biramuryohera cyane.

2.Kwikinisha imbere y’umugabo akureba, ukikora ku mabere no ku gitsina. Ukamureka akakureba wambaye ubusa ntugire isoni, bimwongerera kumva agushaka. Gusa ukibuka kuba woze ufite isuku.
3.Ikintu cya mbere gishimisha umugabo mu mibonano mpuzabitsina ni ububobere. Ni nayo mpamvu ugomba gusaba umugabo akagutegura mbere yo gutera akabariro ukabanza ukagira ububobere buhagije.
4.Kutamera nk’igiti. Hari abagore biryamira bakamera nk’igiti ntibongere kwinyeganyeza. Uba ugomba kwiyoroshya, ugafasha umugabo kuburyo kuguhindukiza no guhindura uburyo bimworohera, ukamukorakora, ukamusoma, ukamunyongera kandi rimwe rimwe ukibuka kumusimbura ukajya hejuru.
5.Kuniha no gutera agasaku: Iyo umugabo ari gutera akabariro akumva umugore we aniha bimwongerera uburyohe kuko aba yumva ko uburyohe atabwihereranye ahubwo ko hari uwo bari kubusangira. Gutera agasaku gake mu gihe cyo gutera akabariro nabyo bishimisha abagabo bikabatera kuryoherwa.
6.Kuba yarakunnye yego abagabo ntibakunda bimwe, ushobora kuba utarakunnye ugashimisha umugabo no kurusha uwakunnye (abagore bose ntibakunnye si wowe wenyine).

7.Kuba anyara (kuzana amazi mu gihe cy’imibonano), aha n’umugabo abigiramo uruhare, ariko mugore cyangwa mukobwa fatanya n’umugabo wawe ku buryo agufasha kuzana aya mazi kuko bimutera umunezero kandi binatuma arushaho kugukunda nk’umugore we umunezeza.
8.Kuba anyonga ndetse akabwira umugabo ahamuryohera, bakabiganiraho)
9.Kuba atega amaguru neza kandi anafite isuku ku mubiri we ndetse no mu cyumba cy’umugabo we
10.Niba umugabo arangije, umugore agahita abimenya akamufasha kongera guhagurutsa moteri ku buryo biyongeza ku yindi nshuro bidafashe iminota myinshi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


