Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi

Sangiza iyi nkuru

Ni kenshi humvikana abantu bagenda bibaza ku bakobwa b’amasugi (batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe) bavuga ko kubamenya bigoye cyane ko hari n’abo mubikora ukamwibeshyaho nyamara atari isugi.
Mu gushaka kumenya ukuri kw’ibi, bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu byakwereka ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi.
Ubusanzwe, umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere hari bimwe mu bintu aba yibaza ndetse adatinya no kukwerurira kuko aba atamenyereye ibintu byo gukora imibonano mpuzabitsina.
Iyo umukoze ku myanya ndangagitsina arikanga?
Ikizakubwira ko umukobwa agiye gukora imibonano mpuzabitsina ku nshuro ye ya mbere, ni uko iyo ugerageje kumukora ku myanya ndangagitsina yikanga, aba yumva ari bintu bidasanzwe akarushaho kugira ubwoba iyo ukomeje gukoraho.
Kugusaba imbabazi kandi akomeje: K uri iki gihe umusore ugiye kurushinga ntabwo aba yiteze ko mu gihe cyo gutera akabariro, umukobwa ari bumusabe imbabazi kugeza ubwo yanarira, akenshi umukobwa w’isugi ararira kugeza naho amarira ashoka, kuko akenshi aba yarabwiwe ko azava amaraso igihe agahu kazwi nka hymen kaba gatwikiriye igitsina gacitse, kandi ni nabyo koko arababara cyane.
Nzamubwira ko ndi isugi ?
Umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina aba yibaza ku kijyanye niyo ngingo. Abahanga bo muri kaminuza ya Michigani muri Leta Zunze ubumwe za Amerika batanga inama zivuga ko mu gihe uri isugi ugomba kubwira uwo mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ko utabizobereye.

Akenshi akubaza niba ari buryoherwe n’ibyo ugiye kumukorera:

Ikindi kizakubwira umukobwa w’isugi, akenshi aba yibaza niba muza kuryoherwa n’ibyo mugiyemo kuko nta makuru aba abifiteho, uretse kumva wenda bagenzi be babiganiraho na we agahorana ayo matsiko.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Gentille@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    UBUXSINGOW NZAMUBWIR AMPE IBISINZIRZ

  2. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    UBUXSINGOW NZAMUBWIR AMPE IBISINZIRZ

  3. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    USHAKANYAZA WABI KORA GUTE

  4. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    USHAKANYAZA WABI KORA GUTE

  5. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    Nigute wakorera imibonano muza bitsina isugi nkumuhungu niki yakora

  6. Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
    Nigute wakorera imibonano muza bitsina isugi nkumuhungu niki yakora

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *