Dore impamvu ukwiye kumenya zituma umugore wawe atinya imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Abagore benshi batinya gukora imibonano mpuzabitsina rimwe narimwe ugasanga banabikoze nabi bitewe n’ubwo baterwa nabyo gusa iyi si indwara kuko akenshi usanga abagore babyishyiramo bakarinda buzukuruza bumva bafitiye ubwoba budasanzwe imiboanano mpuzabitsina.
1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga
2. Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina, aha ngo mu gikorwa nyirizina ashyiramo umugaga ntiyiyoroshye mbese akabigira intambara, ibi bikaba binagira ingaruka ku migendekere myiza y’igikorwa cyo gutera akabariro.
3. Kuzamuka ku bushyuhe bw’umubiri nk’urwaye ku buryo wamupima ugasanga atari ubushyuhe busanzwe ahubwo byabaye nk’indwara ikomeye.
4. Ntajya yifuza kumva ku biganiro biganisha ku mibonano mpuzabitsina kuko bimutera ubwoba cyane.
5. Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ahindura uburyo bw’imihumekere ukagira ngo yaheze umwuka.
6. Gufata ku musego akawugundira, no kwikorera amaboko nabyo biri mubyerekana ko atinya gukora imibonano mpuzabitsina.
7. Iyo akubise amaso igitsina cy’umugabo ahita yipfuka mu maso ntiyongere kurebayo.
Mu gihe cyose ubonye umugore wawe agaragaza izi ngeso ugomba kumenya ko ntakabuza agutinya iyo umubasabye kwerekeza iy’uburiri, ahora yumva mwakwivugira ibindi, ariko ingingo yo gutera akabariro ntayikozwe.
Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…

YouTube player

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *