Mu muco nyarwanda bizwi ko umukobwa witwaye neza ntakubagane (Gukora imibonano mpuzabitsina imburagihe) aba akiri isugi kugeza ubwo abikoreyeho akabona gutaza ubusugi, gusa ntabwo biba byoroshye ko wamenya umukobwa watakaje ubusugi bwe ariko hari bimwe mu bimenyetso byaguhamiriza neza ko umukobwa atakiri yo.Â
1.Kurakara igihe abajijwe ko akiri isugi: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire. Nyamara umukobwa w’isugi iyo ubimubajije aramwenyura akakwihorera usanga ntacyo biba bimubwiye kuba wavuga ko ari isugi cyangwa se atakiri isugi.
2. Bakunda kwigunga. Abakobwa bose bigunga si ko baba batakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga ku buryo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.
3. Kwiyemera bavuga ko isugi zitagezweho umukobwa utakiri isugi ni babandi utumira ngo musohokane musangire akazana n’inshuti ze zose atanabiguteguje mu rwego rwo kugira ngo bose ubagurire wishyure menshi. Ibi nta mukobwa ukiri isugi wabikora.
4. Kwiyambika ubusa: isugi ntago yiyambika ubusa ahubwo agerageza kwambara akikwiza, kimwe na babandi basigaye bashyira amafoto yabo kumbuga nkoranyambaga bambaye ubusa biriya ntamukobwa w’isugi wabikora. Ikindi kintu cyemezwa n’abantu bose n’uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziye ari mu bitotsi bikomeye, ugasa nk’umukora ku gitsina asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo niyo waba uri umukobwa mugenzi we
5.Nta soni agira mu gihe aganira n’abasore: umukobwa utakiri isugi usanga aganira yisanzuye igihe cyose ari kumwe n’umusore yaba bakundana cyangwa badakunda kuko ntabwoba aba afite nabusa kubyakorwa byose mu gihe umukobwa wisugi we usanga ibyo akora byose amasoni aba ari yose.
Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…



