Muhanga: Urukiko rwisumbuye rwemeje ko impunzi 21 z'Abanyecongo zongera gufungwa iminsi 30
Mu rubanza ubushinjacyaha buregamo impunzi 21 z’abanyecongo zo mu nkambi ya Kiziba , ku itariki ya 22 Mata 2018 ,ubwo uru rubanza rwabaga, ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Bwishyura, mu karere ka Karongi, rwari rwasabye ko zakongera gufungwa iminsi 30 none Urukiko rwisumbuye rwahaye agaciro ubu busabe. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere itariki […]
Dore imyitwarire uzabona ku mukobwa ukamenya ko atakiri isugi
Mu muco nyarwanda bizwi ko umukobwa witwaye neza ntakubagane (Gukora imibonano mpuzabitsina imburagihe) aba akiri isugi kugeza ubwo abikoreyeho akabona gutaza ubusugi, gusa ntabwo biba byoroshye ko wamenya umukobwa watakaje ubusugi bwe ariko hari bimwe mu bimenyetso byaguhamiriza neza ko umukobwa atakiri yo. 1.Kurakara igihe abajijwe ko akiri isugi: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya […]
Icyuya cy’abarwayi ba Malariya gishobora gukurura umubu uyitera
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo ICIPE (International Centre of Insect Physiology and Ecology) cyo mu Bwongereza, bugaragaza ko impumuro cyangwa se icyuya cy’abarwayi ba malariya, gishobora gukurura umubu uyitera. Ubushakashatsi bwakorewe ku bana barumwe n’umubu utera malariya ukabasigamo agakoko ka ‘Plasmodium’ ngo byagaragaye ko bari bafite ibyago byinshi byo kurumwa n’umubu kurusha bagenzi babo bakiri bazima batararumwa […]
Uzafatwa arwanya Leta y’u Burundi ngo azajugunywa mu kiyaga cya Tanganyika
Ibi ni ibyatangajwe na Melchiade Nzopfabarushe, ubarizwa mu ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, ubwo yigishaga abaturage bo muri Migera, ibijyanye n’amatora ateganyikwe ya Kamarampaka. Uyu mugabo yatangarije abaturage ko ibyo ababwira ari ubutumwa bw’ishyaka CNDD FDD bugomba gutangwa mu gihugu hose, mbere na mbere buburira abazatora OYA mu matora ya kamarampaka. Melchiade […]
MIDIMAR yahagaritse komite yari ihagarariye impunzi mu nkambi ya Kiziba
Nyuma y’imvururu zari zimaze iminsi zumvikana mu nkambi ya Kiziba iri mu karere ka Karongi, Intara y’i Burengerazuba, mu kuzishakira umuti, Minisitiri w’Imicungire y’ibiza n’impunzi (MIDIMAR) yakuyeho komite yari ihagarariye impunzi. Iyi Minisiteri mu itangazo yageneye abanyamakuru kuri uyu wa 30 Mata 2018, itangaza ko ibi byemezo byafashwe mu rwego rwo kugira ngo ibikorwa bikomeze […]
Pasiteri yakuyemo umukobwa ikariso amubwira ko ibyaha bye biri hagati y'amaguru- Amafoto
Umupasiteri ukomoka muri Nigeria, akaba azwi ku izina rya Obbo, yatangariwe n’abakirisitu be ayonbora ubwo yakuragamo ikariso umwe mu bakobwa basengera mu rusengero rwe, ahamya ko hagati y’amaguru ye ariho hari indiri y’ibyaha byose afite. Ibi byabaye ubwo Obbo yateguraga amasengesho yo gusengera abakirisitu be bafite ibibazo bitandukanye gusa bikaba akarusho ubwo yasengeraga uyu mukobwa […]
Lt.Col. Rugigana uvuga ko dosiye ye irimo ‘itekinika’ yangiwe kuburanishirizwa mu ruhame
Umuvandimwe wa Kayumba Nyamwasa, Lt. Col. Rugigana Rugema Ngabo, watangiye kuburanishwa n’urukiko rw’Ikirenga, yangiwe kuburanira mu ruhame mu gihe we avuga ko muri dosiye ye habayemo icyo yise ‘itekinika’. Ubwo iburanisha ryasubukurwaga kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mata 2018, ubushinjacyaha bwasabye ko uru rubanza rwashyirwa mu muhezo bitewe n’uko ngo rufite aho ruhuriye […]
USA: Perezida wa Nijeriya, Muhammadu Buhari arabonana na Perezida Trump
Perezida wa Nijeriya, Muhammadu Buhari yiteguye kubonana na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mata 2018 i Washington. Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi baganira ku kibazo cy’iterabwoba n’iterambere ry’ubukungu muri Nijeriya, igihugu cya mbere gifite abaturage benshi muri Afurika, basaga imiliyoni 200. Igihugu cya […]
Abana b’Abanyarwanda n’Abarundi bari mu bari bashimuswe bafatiwe muri Uganda
Inzego z’umutekano muri Uganda zishe abantu babiri bacyekwaho gushimuta abagore n’abana mu gitero cyabaye mu masaha y’igitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Mata 2018, abana bari bashimuswe barimo abacyekwa kuba Abanyarwanda, Abarundi n’Abanyakenya. Izo nzego zatangaje ko zatabaye abana 94 bari bagizwe imbohe ku musigiti uri mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Inzego […]
Abapolisi boherejwe mu butumwa bw’amahoro bibukijwe ko amakosa bakora ashyirwa ku Rwanda aho kubitirirwa
Mu gitondo cyo ku itariki ya 29 Mata, itsinda ry’Abapolisi (FPU) b’u Rwanda 160 barimo ab’igitsinagore 18 bagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo mu murwa mukuru w’iki gihugu Juba, mu mpanuro bahawe bibukijwe ko ikosa ryose bakora mu kazi, rishyira ku Rwanda. Mbere y’uko bahaguruka ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali […]
30 Mata 1994, RTLM yatangaje ko Abatutsi bose bazaba bishwe mbere y’uko Perezida Habyarimana ashyingurwa
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, hari amatariki agenda agaruka mu mitwe y’Abanyarwanda. Ku wa 30 Mata 1994, ni umunsi utazibagirana, nibwo Radiyo RTLM yatangaje ko Abatutsi boze bazaba bishwe mbere y’uko Perezida ashyingurwa. Radiyo RTLM yatangaje ko Abatutsi bose bazaba bashize mu gihugu, bitarenze itariki ya […]
Umunyarwandakazi wari wirukanwe mu Burundi ashinjwa kuba intasi y’u Rwanda, afungiye i Bujumbura
Ku wa 18 Mata 2018, nibwo humvikanye mu bitangazamakuru inkuru y’umunyarwandakazi, Nkomeza Christine wari wahawe amasaha 48 ngo abe yavuye ku butaka bw’u Burundi, ubu amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko uyu mugore yafashwe akaba afungiye muri gereza ya Mpimba mu Burundi . Nkomeza Christine yari yahawe amasaha 48, havugwa ko ari ku mpamvu zijyanye […]
Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda
“Iyo imigenzereze y’umuntu inezeza Uwiteka atuma n’abanzi be buzura na we”-Imigani 16:7 Ese umuntu w’ Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n’ umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w’ umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni […]