1.Ndashaka umukunzi ndi umusore mutomuto kandi ndi mugufi (1 m55cm) umukunzi nshaka agomba kuba byibura ansumba ari hagati 1m 65cm -1m 75cm.yarize byibura humanite kandi ari inzobe byaba ari akarusho kuko nkunda abakobwa binzobe. Njye mfite akazi mpembwa 150000 narangiye kaminuza mfite 29 ans.uyu mukobwa agomba kuba ari hagati 23-27 ans. my
address email :hirwachance62@gmail.com cg facebook yuwitwa happy kobes. Thank you !!!
2.Slt bcq? ndi umukobwa 1.60m, 52kg, A0 in cse, ntuye kgli,25ans, nakundanye n’umusore tumarana imyaka 3 bigeze aho biza kuba ngombwa ko dutandukana none kubaho njyenyine birangoye pe,niyo mpamvu nanditse hano.Ndifuza umusore wifitemo urukundo,wubaha,wize,ukeneye umukobwa muzima kdi uzi ubwenge,utagamije kuryoshya ahubwo akeneye kubaka mà» gihe kiri imbere,uri hagati 28-35ans.ibisumbyeho tuzabivugana kuri umugr100@gmail.com. sindushya kuko mfite uko mbayeho.
[ad id=”44145″]
3.hello…ndifuza umukobwa w’inzobe akaba umukunzi wo kubaka urugo nk’umugore w’umutima.email: ntibimenyae@gmail.com
4.Muraho nitwa peter ndashaka umukunzi ufite imyaka 18 cg 22
w’imibiriyombi cg inzo afite akazi byaba arakarusho uwumva abyujuje yambona ku 0727477822 cg iradupierre@gmail.com
5.I’m Danny From Burundi, Imyaka ni 27.Narahejeje Amashure Yisumbuye Ariko Kubona Akazi Biragoye Uri Iburundi Ivyaho Murabizi. Nkunda Gusenga ndi Umurokore ndanaririmba.
Sitiwasiyo ndumva Itambuza gushakuko Buriya Imana Irakunda Abashakana Biciye Mumategoko kurusha aho Nakora Ubuhehesi.Niba Hari Umukobwa Yumva yatinyuka kunzaho ngo dufatanye Urugendo rw’Ubuzima,Akaba Atari Umuntu ukunda Ikirori co Mw’Isi, Akaba Afite hagati y’Imyaka 18-25 Uyu yanyandikira Kuri christoure93@gmail.com, Murakoze.
[ad id=”44145″]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


