Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba

Sangiza iyi nkuru

Urukiko Rukuru rwagabanyirije igihano Dr Isaac Munyakazi wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), rumukatira imyaka itanu isubitse, rumuca n’ihazabu ya miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda (Frw 3.000.000).

Ni nyuma y’aho Dr Munyakazi ajuririye igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ya Frw 10.000.000 yari yarakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge mu Kwakira 2020, rumaze kumuhamya icyaha cya ruswa.

Mu bujurire bwe, Dr Munyakazi yaratakambye, abwira urukiko ko yasabye imbabazi Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, abishingiraho asaba kugabanyirizwa igihano.

Gusa Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Gahima Abdoul wakatiwe imyaka 5 n’ihazabu ya Frw 1.500.000. Uyu yareganwaga na Dr Munyakazi kuri iki cyaha cya ruswa.

Iki cyaha ni cyo cyatumye Dr Munyakazi ahagarikwa ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC. Mu mwiherero n’abayobozi bakuru wabereye i Gabiro muri Gashyantare z’2020, Umukuru w’Igihugu yahishuye ko uyu muyobozi yahawe ruswa ya Frw 500.000 kugira ngo ashyire ikigo cy’ishuri ku mwanya w’ibyitwaye neza mu bizamini bya Leta.

Uwayimuhaye ni Gahima washinze ishuri ryigenga rya Good Harvest.

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  2. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  3. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  4. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  5. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  6. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  7. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  8. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  9. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  10. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  11. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

  12. Dr Munyakazi yagabanyirijwe igihano nyuma yo gutakamba
    Muduhe ibiciro bya biri kinyabiziga Suzuki hamwe niyo Toyota Land cruiser twigeragereze bwana.murakoze izo ni tel…0780914999

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *