Ese wari uzi ko hari abagore batinya gukora imibonano mpuzabitsina? Dore bimwe mu bibaranga

Sangiza iyi nkuru

makuruki Mu buzima busanzwe gutera akabariro ni ikintu umugore n’umugabo bagomba gukora uko byasa kose gusa usanga hari abagore batinya iki gikorwa nyamara mu mutima ubushake buhari, kuko igikorwa k’imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bifatwa nk’inkingi ya mwamba hagati yabashakanye kuko usanga ariryo pfundo ripfunditse umubano wabo.
Bimwe muribyo twavuga ni:

1.Gusakuza cyane bitandukane n’ibyishimo bizanzwe mu gikorwa:  aha usanga umugore utinya imibonano asakuza mbere y’igikorwa mu rwego rwo gutera ubwoba uwo bayikorana kuringa abihagarike gusa iyo wamaze kubivumbura ntacyo biba bikimaze kubikora.

2.Kwikomeza mu gihe cy’imibonano:  aha ngo mu gikorwa nyirizina ashyiramo umugaga ntiyiyoroshye mbese akabigira intambara.ibi bikaba binagira ingaruka ku migendekere myiza y’igikorwa cyo gutera akabariro.

3.Kugira ubushyuhe budasanzwe mu mubiri:  kimwe mubizakwereka umugore watinye gutera akabariro n’uko ashyuha birenze urugero rimwe na rimwe akitsa imitima.

4.Ntajya yifuza kumva ku biganiro biganisha ku mibonano mpuzabitsina kuko bimutera ubwoba cyane.

5.Guhumeka insigane:  nk’uko twabivuze haruguru umugore wese utinya imibonano usanga mbere y’igikorwa ahumeka insigane umutima utari hamwe.

6.Kureba igitsina cy’umugabo n’ikibazo gikomeye kuri we: bitewe n’uburyo aba yiyumva ntago bimworohera kuba yafata icyemezo cyo kureba cyangwa gufata ku gitsina cy’umugabo we kuko aba yumva ibyo kigiye kumukorera bitoroshye.

Buri kimwe tuvuze haruguru nibyo tutavue nubibona k’umugore wawe ntuzahirahire wibaza byinshi umugore wawe atinya imibonano kuburyo bukabije. gerageza wige uko umutwara.

Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *