Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko umujyi wa Bunagana ugomba kwamburwa umutwe witwaje intwaro wa M23 ku kiguzi icyo ari cyo cyose, kandi ngo biri mu nzira.
Uyu musirikare yabimenyesheje abanyamakuru mu kiganiro cyabereye mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 13 Nzeri 2022. Ati: “Tugiye kwisubiza Bunagana. Turi muri operasiyo. Ni ubutaka bwacu. Tugomba gutanga ikiguzi icyo ari cyo cyose kugira ngo tuyisubize.”
Iki kiganiro cyabayeho mu gihe amezi atatu yari amaze kuzura uyu mutwe ufashe Bunagana kuko wirukanyemo ingabo za Leta mu gitondo cya tariki ya 13 Kamena 2022.
Bamwe mu baturage bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ndetse n’abagize imiryango iharanira inyungu z’abaturage bakomeje gushyira igitutu ku ngabo za Leta ngo bakore ibishoboka bisubize uyu mujyi bidatinze kugira ngo ibikorwa birimo iby’ubucuruzi bikomeze nk’uko byahoze.



4 Responses
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
bagire vuba kuko na uganda yerekanye kumugaragaro ko ifatanya na m23 kubwo gusubiza kugahato impunzi zahungiye murico gihugu muruhande m23 iyobara batabishaka.
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
Ariko rero ibya bakongomani ni nka filme, amezi abaye 3, iyo nzira yo kwisubiza bunagana bazayitangirira hehe, kinshasa?. Lt Col yishiwe Beni na ADF, inyeshyamba za CODECO ziri hafi gufata umujyi wa bunia utuwe na miliyoni y’abaturage, none ngo m23, izo nyeshyamba zo ziri kuri ubwo butaka bwo si ubwa KONGO, yewe gouverneur nakomeze yoishige mukologo, naho intambara si ibintu byabo pee, ariko igihugu cyose abantu batekereza kimwe, VITAL kamere ngo natorwa azarandura M23, ni nki turifu yo kwiyamamarizaho.
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
Ariko rero ibya bakongomani ni nka filme, amezi abaye 3, iyo nzira yo kwisubiza bunagana bazayitangirira hehe, kinshasa?. Lt Col yishiwe Beni na ADF, inyeshyamba za CODECO ziri hafi gufata umujyi wa bunia utuwe na miliyoni y’abaturage, none ngo m23, izo nyeshyamba zo ziri kuri ubwo butaka bwo si ubwa KONGO, yewe gouverneur nakomeze yoishige mukologo, naho intambara si ibintu byabo pee, ariko igihugu cyose abantu batekereza kimwe, VITAL kamere ngo natorwa azarandura M23, ni nki turifu yo kwiyamamarizaho.
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
bagire vuba kuko na uganda yerekanye kumugaragaro ko ifatanya na m23 kubwo gusubiza kugahato impunzi zahungiye murico gihugu muruhande m23 iyobara batabishaka.