Nyuma y’inkuru imaze iminsi icicikana mu bitangazamakuru byo muri Uganda y’amafoto agaragaza ubwambure bw’umukobwa witwa Judith Laureya w’imyaka 21 y’amavuko wiga ibijyanye n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere, kuri ubu byamenyekanye ko yakozweho n’umugore mugenzi we.
Ikinyamakuru xclusive gitangaza ko amafoto ya Judith yashyizwe ku Karubanda kubera ishyari ry’umugore wayabonye muri telefoni y’umugabo we.
Judith Laureya yiga mu mwaka wa Gatatu ibirebana n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere, amafoto ye 50 yambaye ubusa ngo akaba yarashyizwe hanze n’umugore witwa Anila Kyomukunda Monroe.
Iki kinyamakuru gitangaza ko ubwo uyu mugore Anila Kyomukunda Monroe yarebaga muri Telefoni y’umugabo we, yasanze Judith yaramwoherereje amafoto menshi yambaye ubusa. Ubwo ngo yafuhiraga umugabo we, yanzuye guhita ayakwirakwiza muri gurupe za watsapp agamije gusebya uyu mukobwa akeka ko yamutwariye umugabo.
Aya mafoto ngo ubwo yashyirwaga ku Karubanda, benshi mu gihugu cya Uganda nibo bamazeho igihe barangariye, ndetse ngo anahanwahanwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Watsapp, Twitter, Facebook, Instagram,…
Itegeko rihana ibirebana no kwamamaza ubusambanyi n’ibikorwa bibuganishaho, ngo ashobora gucibwa ihazabu y’amashilingi ya Uganda angana n’ibihumbi 500 n’ igifungo kitarengeje imyaka 10, cyangwa kimwe muri byo.
Gusa ku ruhande rwa Judith benshi bakaba bamurengera bavuga ko nta ruhare yagize mu kuyakwirakwiza ahubwo ko ibi bihano byahabwa Anila wayakwirakwije kubera gufuhira umugabo we.







38 Responses
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Akarenze umunwa karushya ihamagara none se yayahaga uwo mugabo yibwira ko azagenzura ate ko atazakwirakwizwa. Iyo bahana gahunda akamwambarira ubusa, kumuha amafoto ni ubuswa burenze ubundi yakoze.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Akarenze umunwa karushya ihamagara none se yayahaga uwo mugabo yibwira ko azagenzura ate ko atazakwirakwizwa. Iyo bahana gahunda akamwambarira ubusa, kumuha amafoto ni ubuswa burenze ubundi yakoze.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
aba baba baragiye kwiga cga gusambana? Ababyeyi baragowe gusa.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
aba baba baragiye kwiga cga gusambana? Ababyeyi baragowe gusa.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Uwo mugore ntawamurenganya nanjye nabikora
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Yuganda niko imeze ahubwo ni ukuyisengera mukayiha amasengesho menshi.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Yuganda niko imeze ahubwo ni ukuyisengera mukayiha amasengesho menshi.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Uwo mugore ntawamurenganya nanjye nabikora
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Goya, Bantu nkabo birirwa biyambura ubusa bajye babahana kweli. Naho Anila ararengana si we wamufotoye.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Goya, Bantu nkabo birirwa biyambura ubusa bajye babahana kweli. Naho Anila ararengana si we wamufotoye.
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Zana ayo mafoto
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Zana ayo mafoto
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nyene kwifotoza niwe yohanwa kuko yubahutse akurungikira ifoto nkizo umugabo wabandi
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nyene kwifotoza niwe yohanwa kuko yubahutse akurungikira ifoto nkizo umugabo wabandi
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Ntakundi nine niho is igeze gusa ntitwabura kubyibazahoda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Ntakundi nine niho is igeze gusa ntitwabura kubyibazahoda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
oya Judith nabihanirwe kuko nagakoko kamabara nayo Anila ivyo yakoze ari mukuri kandi ndamusaba gusengerumugabo we kugirango ashobore gusimbuka imitego mibi yubulaya ubutaha !!
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
oya Judith nabihanirwe kuko nagakoko kamabara nayo Anila ivyo yakoze ari mukuri kandi ndamusaba gusengerumugabo we kugirango ashobore gusimbuka imitego mibi yubulaya ubutaha !!
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
oya Judith nabihanirwe kuko nagakoko kamabara nayo Anila ivyo yakoze ari mukuri kandi ndamusaba gusengerumugabo we kugirango ashobore gusimbuka imitego mibi yubulaya ubutaha !!
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
oya Judith nabihanirwe kuko nagakoko kamabara nayo Anila ivyo yakoze ari mukuri kandi ndamusaba gusengerumugabo we kugirango ashobore gusimbuka imitego mibi yubulaya ubutaha !!
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Kabisa uwomukobwa nabihanigwe yakoze amaroregwa
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Kabisa uwomukobwa nabihanigwe yakoze amaroregwa
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Baba babuze ibyo bakora
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Baba babuze ibyo bakora
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Oya nibisanzwe abantu bakundanye ntacyo batakora ahubwo uwomugore yararengereye ntaba yarahise ashyira kukarubanda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Oya nibisanzwe abantu bakundanye ntacyo batakora ahubwo uwomugore yararengereye ntaba yarahise ashyira kukarubanda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Oya nibisanzwe abantu bakundanye ntacyo batakora ahubwo uwomugore yararengereye ntaba yarahise ashyira kukarubanda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Oya nibisanzwe abantu bakundanye ntacyo batakora ahubwo uwomugore yararengereye ntaba yarahise ashyira kukarubanda
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Nonese arahanirwa iki kongewe ntacyo mbona
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Ntakundi isi niho igeze
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
Ntakundi isi niho igeze
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
UWO MUGORE NAHANWE YAKOZE AMAKOSA YO KUYAMAMAZA
Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda
UWO MUGORE NAHANWE YAKOZE AMAKOSA YO KUYAMAMAZA