Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Mbanje kubifuriza umwaka mushya muhire na Noheli nziza, nanjye ndashaka umukunzi kuko imyaka ndabona irimo kugenda imbana myinshi.

Nibyo koko hari igihe imyaka idushuka, kuko nanjye kuva mu myaka 23 kugera muri 28 abasore nabenze ni benshi pe. Nirebaga mu ndorerwamo nkabona ari njyewe mukobwa mwiza ariko ubu ngize imyaka 34 ariko nkeneye umukunzi cyane.

Numvaga nkeneye kubanza kurya isi, ariko se ni iki nakoze, ahubwo se ni iki nungutse, numvaga ngomba kubanza nkatembera ariko se natemberehe hehe? numvaga ngomba kubanza gutendeka abasore benshi bakazajya bansohokana tukajya ku mazi n’ahandi heza ariko se ahonagiye nihe? bwari ubwana.

Abandi bakobwa tungana ubu bafite ingo zikomeye, naho njye ndacyarindagira. Nize amashuri yisumbuye mbanza gukora kaminuza nyikomeza nyuma.

Ubu ndimo kwicuza, nashakishije amafaranga amanywa n’ijoro ariko se byaruta kuba mfite umuryango, hari n’igihe mbona ikintu kiza nkakigura ariko nkumva ndacyanze kuko mbura umbwira ko ari kiza, kimbereye cyangwa kindyoheye.

Ndabashimiye, uwumva twahuza asige nimero ye muri comments kandi ufite gahunda, abakeneye urukundo rwo mu mashuka bambabarire ntabwo ariyo nzira ndimo. Ndi Valentine/ Gisozi.

Soma Izindi Nkuru

58 Responses

  1. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me on 0788503589,tuvugane. I’m serious

    1. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
      NITWA JEAN DE DIEU MBA I MUSANZE NINAHO NKORERA.HARIBYICI BYADUTUGA,IBIHE BYOSE NIBA KOKO UFITE GAHUNDA.WAHAMAHA 0787895815.

    2. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
      NITWA JEAN DE DIEU MBA I MUSANZE NINAHO NKORERA.HARIBYICI BYADUTUGA,IBIHE BYOSE NIBA KOKO UFITE GAHUNDA.WAHAMAHA 0787895815.

  2. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me on 0788503589,tuvugane. I’m serious

  3. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    vie+256770868284

  4. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    vie+256770868284

  5. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ntugasaze udashatse kirazira.

  6. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ntugasaze udashatse kirazira.

  7. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ntugasaze udashatse kirazira.
    Tel:+256770868284

  8. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ntugasaze udashatse kirazira.
    Tel:+256770868284

  9. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hari umukobwa naterese arambenga. Uwo mukobwa yanabenze abantu benshi. None nawe ubwo wabenze benshi hagarara uruheremo sha. Nicyo cyabashobora.

  10. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hari umukobwa naterese arambenga. Uwo mukobwa yanabenze abantu benshi. None nawe ubwo wabenze benshi hagarara uruheremo sha. Nicyo cyabashobora.

  11. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hari benshi babenze abasore bitewe no kubanza kurya iraha ariko nagirango nkubwire nti abashakanye iyo babanye neza ntawabarusha kurya iraha. Gusa Bibaho mubuzima ko umuntu yibeshya ku buzima akabibona nyuma . Inama nakugira kandi nzima nuko

  12. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hari benshi babenze abasore bitewe no kubanza kurya iraha ariko nagirango nkubwire nti abashakanye iyo babanye neza ntawabarusha kurya iraha. Gusa Bibaho mubuzima ko umuntu yibeshya ku buzima akabibona nyuma . Inama nakugira kandi nzima nuko

  13. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Kabisa ibyo uvuze nukuri nibeshyi nzi byabaye ho +56788892034

  14. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Kabisa ibyo uvuze nukuri nibeshyi nzi byabaye ho +56788892034

  15. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ncuti yanjye gerageza njye ndizera ko nzakubera byose
    Nimero yanjye ni 0785636676

  16. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ncuti yanjye gerageza njye ndizera ko nzakubera byose
    Nimero yanjye ni 0785636676

  17. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Utegure umwanya duhure jandi ntugatinye maze tuzaganire
    Tel 0785636676

  18. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Utegure umwanya duhure jandi ntugatinye maze tuzaganire
    Tel 0785636676

  19. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hi Valentine ,rwose ntawakugaya iyo myaka ibaho ariko byose ntakiruta kugira umuryango ubwo rero twaganira ‘contact yanjye 0788539132.

  20. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hi Valentine ,rwose ntawakugaya iyo myaka ibaho ariko byose ntakiruta kugira umuryango ubwo rero twaganira ‘contact yanjye 0788539132.

  21. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Varantine mwiriweneza umukobwa yego isiradushuka nikoyabaye sinaguseka kuko nanjye nagize ibitecyerezo biciriritse nkibyo gusa iyo umenye aho ikosariri ukikosora icyizere cyubuzima cyiragaruka 0783824902 winsiga kd tujyana sinkusezeye ahubwotuzasubire

  22. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Varantine mwiriweneza umukobwa yego isiradushuka nikoyabaye sinaguseka kuko nanjye nagize ibitecyerezo biciriritse nkibyo gusa iyo umenye aho ikosariri ukikosora icyizere cyubuzima cyiragaruka 0783824902 winsiga kd tujyana sinkusezeye ahubwotuzasubire

  23. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri “meetic.rencfac@gmail.com”.

  24. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri “meetic.rencfac@gmail.com”.

  25. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri iyo email nkugire inama nanjye icyo kibazo nahuye nacyo kandi kirakemuka

  26. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri iyo email nkugire inama nanjye icyo kibazo nahuye nacyo kandi kirakemuka

  27. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri iyo email nkugire inama nanjye icyo kibazo nahuye nacyo kandi kirakemuka

  28. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Nyandikira kuri iyo email nkugire inama nanjye icyo kibazo nahuye nacyo kandi kirakemuka

  29. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hello Valentine? Nibyiza kuba watanze ikibazo ufite none ukeneye ko tuvugana number yanjye 0787336663

  30. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Hello Valentine? Nibyiza kuba watanze ikibazo ufite none ukeneye ko tuvugana number yanjye 0787336663

  31. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    NDUMVA TUGANA MPAMAGARE0783322314

  32. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    NDUMVA TUGANA MPAMAGARE0783322314

  33. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me 0788649437

  34. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me 0788649437

  35. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me on 0781807752

  36. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Call me on 0781807752

  37. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ndumva haricyo nagufasha mamavgara kuri 0788936582

  38. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Ndumva haricyo nagufasha mamavgara kuri 0788936582

  39. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    nanjyenanze KANDIDATIRE arko ndi umukene peee.!!!!.

  40. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    nanjyenanze KANDIDATIRE arko ndi umukene peee.!!!!.

  41. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    07883333997

  42. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    07883333997

  43. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Niwowe nari ntegereje 0785506699.

  44. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Niwowe nari ntegereje 0785506699.

  45. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Valentine niba wumva URI serious nyandikira kuri iyi email: joelmporanzi9@gmail.com or 0783264743 mba Kigali Ni naho nkorera mfite 33years

  46. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Valentine niba wumva URI serious nyandikira kuri iyi email: joelmporanzi9@gmail.com or 0783264743 mba Kigali Ni naho nkorera mfite 33years

  47. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Valentine niba wumva URI serious nyandikira kuri iyi email: joelmporanzi9@gmail.com or 0783264743 mba Kigali Ni naho nkorera mfite 33years

  48. Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
    Valentine niba wumva URI serious nyandikira kuri iyi email: joelmporanzi9@gmail.com or 0783264743 mba Kigali Ni naho nkorera mfite 33years

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *