Ibi bitwibutsa ko kugira icyo ukora bidasaba kuba umaze igihe ku butegetsi- Dr Kayumba

Sangiza iyi nkuru

Impuguke muri politiki akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba avuga ko kuba Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yahawe Igikombe cy’Amahoro cyitiriwe Nobeli, ari ikimenyetso cy’uko kugira icyo ubutegetsi bukora.

Dr Abiy Ahmed ni we watangajwe ko ari wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel muri uyu mwaka wa 2019.

Abiy yatsindiye iki gihembo cyane cyane kubera umuhate we mu kubanisha igihu cye na Erithrea byari bimaze imyaka 20 mu ntambara.

Avuga kuri ibi ku rubuga rwe rwa Twitter, Dr Kayumba avuga ko kuba Dr Abiy Ahmed yahabwa iki gihembo kandi atamaze igihe kinini ayobora Ethiopia.

Ati “  Kuba Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yatsindira igikombe cya Nobel, ibi bitwibutsa ko kugira icyo ukora bidasaba kumara igihe kirekira ku butegetsi ahubwo politiki yabo.”

Akomeza agira ati “ Ibi nanone guharanira inzira z’amahoro, ko atari ubugwari ahubwo ko  ari imbaraga.”

Capture 5

Dr Abiy Ahmed yatowe kuwa wa Kabiri tariki ya 27 Werurwe 2018. Yahawe iki gihembo ahanini no kuzahura umubano hagati ya Ethiopia na Eritrea ndetse no kuba umuhuza mu bibazo bya Sudani.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Ni umwe mu bagbo bubashywe kuri uyu mugabane wa Afurika.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *