Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

N’ubwo hari abipfuka mu maso ngo ibyo muvuga ni ibishitani, biravugwa kandi binahangayikisha ingo nyinshi ni nayo mpamvu biba ari byiza gubisobanukirwa.
Hari ibibazo 10 abasombi b’iki kinyamakuru bagiye babaza, ariko buri munsi hazajya hasubizwa kimwe guturuka uyu munsi kugeza birangiye
1.Ese abagore bose baranyaranyara kimwe?
Igisubizo ni Oya.
Abagore ntibanyara kimwe kuko abagore batandukanye nk’uko abantu muri rusange batandukanye. Kunyara k’umugore biterwa n’ibintu byinshi:
-Kuba yarakunnye akagwiza birafasha mu kuzana neza amavangingo
-Imirire ye cyangwa imiterere y’umubiri
-Umugabo uzi Kunyaza
-Kuba umugore afite amahoro mu mutima we, mu rugo ndetse akundanye n’umugabo we.
-Ntibyoroshye kunyaza umugore urakaye cyangwa uhorana intimba
-Uburyo umugore yateguwemo, kunyaza ni rugongo.
-kunyaza ni ukubyimenyereza: niba umugore atanyaye uyu munsi ntibivuga ko adashobora kunyara
-Hari abanyara banyoye inzoga, hari n’abanyara banyoye icyayi cy’ikawa,…
-Hari abatanyara batarabyara, nyuma yo kubyara bakayazana ukagirango ni isoko
-Hari abatabasha kunyara bakiri abakobwa, bamara gushaka batekanye amavangingo akaza ku bwinshi
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Gusa icyo twakubwira, ntuzihebe ngo njyewe wapi, oya ushobora kuba amazi uyafite pe ariko umugabo wawe akaba atazi kuyashaka, ushobora kandi unayafite ariko akaba ari make cyane utabasha kuyabona, gutosa amashuka si byo bisobanura ko unyara.
Ikibazo cya kabiri n’igisubizo cyacyo, mu nkuru y’ejo.
Tanga igitekerezo cyawe cyangwa icyo wongera kuri, ufite ikibazo twandikire kuri kamikazigentille08@gmail.com, Watsapp 0785058200.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *