a-2.jpg

Ibikorwa by’imyidagaduro byemerewe gufungura mu byiciro, abafana bemererwa kujya kuri stade

Sangiza iyi nkuru

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Mutarama 2022, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari nayo ya mbere muri uyu mwaka, yemeje ko ibitaramo by’umuziki, nka concert n’utubyiniro n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro bizafungura mu byiciro ariko RDB ari yo izatanga uburenganzira hashingiwe ku isesengura rizakorwa, ndetse abafana bakaba bemerewe kureba imikino kuri za stade no ku bibuga by’imikino hagendewe ku mabwiriza ya minisiteri ya siporo. Byumvikane neza ko ibyo byose byemerewe abarangije kwikingiza Covid-19 ariko.

Soma imyanzuro yose y’inama y’abaminisitiri hano hasi

a-2.jpg

b.jpg

c-2.jpg

d-2.jpg

e.jpg

f.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *