Uganda yohereje Abanyarwanda 58

Leta ya Uganda kuri uyu wa 27 Mutarama 2022 yohereje Abanyarwanda 58 bari bafungiwe bitemewe n’amategeko muri kasho z’urwego rw’igisirikare rushinzwe iperereza, CMI. Aba Banyarwanda barimo abagabo 47, abagore 6 n’abana 5 bageze mu Rwanda banyuze ku mupaka wa Kagitumba. Boherejwe nyuma y’uruzinduko rw’Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri […]

CAR: Brig. Gen. Ngiruwonsanga yasuye ingabo z’u Burundi

fkfubgax0amzanw.jpg

Brigadier-General Ngiruwonsanga Jean Baptiste uyoboye ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu karere ka Grimari muri Repubulika ya Centrafrika (CAR), kuri uyu wa 26 Mutarama 2022, yasuye ingabo z’u Burundi. Gen. Ngiruwonsanga unayoboye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri CAR, yaganiriye n’uyoboye ingabo z’u Burundi mu birindiro bya Grimari, mu Ntara ya […]

Umuturage yasabye Makuza kwambara nk’umukene agiye gusaba serivisi, akareba ibyo azahabonera

Umuturage witwa Bisoso Mukamwiza kuri Twitter, yasabye Makuza Bernard wagize imyanya ikomeye mu butegetsi bw’ u Rwanda, ko yazambara nk’umusaza ukennye, akagira akarere agana, ashaka serivisi z’ubutaka, akareba uko zitangwa, ibintu yavuze ko bizatuma yumirwa. Mukamwiza n’abandi batari bake kuri Twitter batanze ibitekerezo ku byo Makuza yari yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter, ashima abamuhaye […]

Gicumbi: Abahoranaga inzara kubera igunduka ry’ubutaka barashimira Perezida Kagame

mukadiho_donata_ari_mu_murima_we_w_ingano_avuga_ko_ari_ubwa_mbere_bazihinze_muri_aka_gace_kabo.jpg

Abaturage b’umudugudu wa Kagarama,akagari ka Rugerero mu murenge wa Mukarange mu karere ka Gicumbi bakorewe amaterasi mu rwego rwo kurwanya isuri yabatwariraga ubutaka no kubafasha kongera umusaruro, barashimira Perezida Kagame bavuga ko yabakuye habi mu nzara yasaga n’iyahabaye akarande kubera ubutaka bwagundukaga uhinze agasarura ututamutungiye umuryango,kuri ayo materasi bagateraho n’ubwatsi bw’amatungo yabo n’umukamo ukiyongera bakanywa […]

Mu kwezi gutaha umutoza w’Amavubi azab yamenyekanye-Muhire Henry

Umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Muhire Henry, yatangaje ko mu kwezi gutaha umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi azaba yamenyekanye,dore ko amasezerano ya Mashami azarangirana mukwezi gutaha. Mu kiganiro umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Muhire Henry, yagiranye na RBA , yavuze ko mu kwezi gutaha kwa Gashyantare umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru […]

Le Rwanda interdit aux personnes non vaccinĂ©es d’accĂ©der aux espaces publics

Le gouvernement du Rwanda a Ă©tendu l’interdiction des personnes non vaccinĂ©es Ă  tous les lieux publics. “Tous les citoyens et rĂ©sidents rwandais sont tenus de se faire vacciner complètement afin d’accĂ©der aux espaces publics et aux Ă©vĂ©nements”, lit-on dans le communiquĂ© publiĂ© après la rĂ©union du cabinet d’hier. Auparavant, le gouvernement avait Ă©mis des mandats […]

Abagore baciye inyuma abagabo babo b’abakuru b’ibihugu

five.jpg

Gucana inyuma hagati y’abashakanye uyu munsi usanga ari imwe mu mpamvu ituma ingo nyinshi zisenyuka hirya no hino ku Isi. Kuba umwe mu bashakanye yaca inyuma undi ntabwo bisaba kuba atunze byinshi cyangwa bikeya; uwo ari we wese yacibwa inyuma n’uwo bashakanye cyangwa bakundana. Biragoye kwiyumvisha uburyo perezida uyobora igihugu ashobora gucibwa inyuma n’umugore we […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera apolisi barenga 4,000 barimo ba Ofisiye bakuru

Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’inzego zishinzwe umutekano w’u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi 4,592 barimo ba Ofisiye bakuru. Iteka ry’Umukuru w’Igihugu rizamura mu ntera aba bapolisi ryemejwe n’inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku wa Gatatu tariki ya 26 Mutarama. Mu bazamuwe mu ntera harimo ba Ofisiye bakuru bane bari bafite ipeti […]

Basore mushake abagore bafite ubwiza nka 15%-Pasiteri wo muri Kenya

Umupasiteri wo muri Kenya, James Ng’ang’a, yagiriye inama abagabo kudashaka abagore beza cyane kuko nibabikora batazigera bagira amahoro y’umutima kuko abagabo benshi, bazaba bahanze ijisho ibyo bizungerezi bashatse. Pasiteri Ng’ang’a mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragara yicaye imbere y’abakirisitu, avuga ko abagabo badakwiriye kurenza ku bwiza bwa 15%. Videwo yashyizwe hanze n’uwitwa Mutinda @brianmutinda, […]

Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko

akeza-.jpg

Muka Se w’umwana w’imyaka itanu y’amavuko witwa Akeza Rutiyomba Elsie uherutse kuboneka mu kigega cy’amazi yapfuye, Mukanzabarushimana Marie Chantal yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Mukanzabarushimana hamwe n’umukozi we wo mu rugo witwa Nirere Dative bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu mwana, rwabaye tariki ya 14 Mutarama 2022. […]

Iby’ingenzi ku mutwe Dan Na Ambassagou wo muri Mali

fj9swz4xoaed0lf.jpg

Mu bibazo bikomeye bihangayikishije Repubulika ya Mali harimo umutekano wo mu gice cy’amajyaruguru ukomeje guhungabanywa n’imitwe y’iterabwoba yiganjemo igendera ku matwara akomeye y’idini ya Isilamu kuva mu mwaka w’2012. Ibi bibazo byatumye Leta ya Mali igirana amasezerano n’u Bufaransa, mu 2013 bwohereza ingabo zijya kwifatanya nayo mu gucungira abaturage umutekano, ibikorwa zakomereje mu karere kose […]

Ibintu 5 ukwiye kumenya ku biri kuba n’ibishobora kuba hagati ya Ukraine n’u Burusiya

russian-empire-in-1913.gif

Abanyamuryango n’abafatanyabikorwa ba NATO, batinya ko u Burusiya bushobora gutera bunyuze ku butaka, bakomeje gushyigikira Kiev bohereza muri Ukraine izindi ngabo n’ibikoresho bya gisirikare. Ihuriro rivuga ko iki gikorwa cyaryo ari igisubizo cy’ukuntu u Burusiya nabwo bukomeje kongera ingabo n’ibikoresho ku mupaka wa Ukraine. Moscou ivuga ko ibikorwa byayo ari ngombwa kugira ngo yizere umutekano […]

Part-time ICT Support Officer at Concern Worldwide Rwanda

Concern Worldwide Rwanda is seeking to hire a part-time ICT Support Officer who will assist in all ICT related matters, monitor and maintain ICT related systems and computer network infrastructure. S/he will be responsible for installing and configuring ICT related systems, diagnosing hardware and software faults, and solving technical and software applications related challenges on […]

Cabinet meeting replaces Dr Sabin, former RBC boss

The cabinet on Wednesday, January 27, appointed Prof. Claude Mambo Muvunyi as the new Director General for Rwanda Biomedical Centre (RBC). Muvunyi is a senior lecturer at the University of Rwanda where he specialises in Microbiology and Infectious Diseases at the College of Medical and Health Sciences. He replaces Dr Sabin Nsanzimana, who was on […]

IGP Munyuza in Lesotho

The Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza is in Lesotho on invitation from the Commissioner of Police Lesotho Mounted Police Service. On Wednesday 26th January, he held a bilateral meeting with his counterpart, Commissioner Holomo Molibeli. IGP Munyuza was accompanied by Rwanda’s High Commissioner to South Africa, Amb. Eugene Kayihura, who is also accredited […]

ADF yashinze ibindi birindiro nyuma yo gusenyerwa na UPDF-FARDC

Umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) uravugwaho gushinga ibindi birindiro nyuma y’aho ibyo wari ufite bisenywe n’ingabo z’iki gihugu (FARDC) zifatanyije n’iza Uganda (UPDF). Umuryango uharanira inyungu z’abaturage (civil society) ukorera mu Ntara ya Ituri watangarije ActualitĂ© ko ADF yahunze ibitero bya UPDF na FARDC muri Teritwari […]

Umunyarwandakazi ukora kuri NTV mu gahinda n’uburakari

Umunyamakuru ufite inkomoko mu Rwanda, ukora kuri Televiziyo NTV muri Uganda, Uwamahoro Lynda uzwi nka Lynda Ddane, ari mu gahinda n’uburakari bukomoka ku kuba umukunzi we, DJ Bryan, bamaze igihe bagirana ibihe byiza, batandukanye nabi cyane, inshuti zikahagoboka. Mu myaka ibiri ishize ubwo Uganda yaranzwe no kuba muri Guma mu Rugo, Lynda Ddane na Dj […]

Kigali: Umusore yahanganye n’abapolisi, yanga kurira imodoka yabo

Umusore bigaragara ko akiri muto mu myaka yagaragaye mu Kagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru w’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ahangana n’abapolisi batatu bageragezaga kumwuriza imodoka yabo ijyamo abatubahirije amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 kugira ngo bajye guhanwa, ariko we atabishaka. Mu mashusho dukesha BTN TV ivuga ko iyi nkuru yabaye tariki […]

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ari mu ruzinduko muri Lesotho

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu gihugu cya Lesotho aho yagiye gusura Polisi y’iki gihugu. Ni uruzinduko yatangiye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Mutarama rukazageza tariki ya 29. Yagiye muri uru ruzinduko ku butumire bwa mugenzi we uyobora Polisi ya Lesotho, Commissioner of […]

Amerika iravuga ko habura icyumweru Iran ikaba yibitseho igisasu cya kirimbuzi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko habarurwa igihe kigera ku cyumweru kugirango igihugu cya Iran kibe cyabonye igisasu cya kirimbuzi nk’uko byemejwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Antony Blinken kuwa Mbere. Biravugwa mu gihe hari ukutavuga rumwe hagati y’abahanga ba Amerika n’ibihugu by’inshuti ku kuntu Iran yashobora kwihuta gukora iki gisasu n’icyahita gikorwa. Nyamara, kuva […]

Ibikorwa by’imyidagaduro byemerewe gufungura mu byiciro, abafana bemererwa kujya kuri stade

a-2.jpg

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Mutarama 2022, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari nayo ya mbere muri uyu mwaka, yemeje ko ibitaramo by’umuziki, nka concert n’utubyiniro n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro bizafungura mu byiciro ariko RDB ari yo izatanga uburenganzira hashingiwe ku isesengura rizakorwa, ndetse abafana bakaba bemerewe kureba imikino kuri […]