akeza-.jpg

Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko

Sangiza iyi nkuru

Muka Se w’umwana w’imyaka itanu y’amavuko witwa Akeza Rutiyomba Elsie uherutse kuboneka mu kigega cy’amazi yapfuye, Mukanzabarushimana Marie Chantal yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.

Mukanzabarushimana hamwe n’umukozi we wo mu rugo witwa Nirere Dative bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu mwana, rwabaye tariki ya 14 Mutarama 2022.

Akeza yasanzwe yapfiriye muri iki kigega mu rugo rwa Mukanzabarushimana mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, aho yari yaraye ubwo yari yasuye se umubyara basanzwe batabana.

Mu gihe hibazwaga uko uyu mwana yaba yageze muri iki kigega, urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi aba babiri, runemeza ko rufite impamvu ifatika yo kubakekaho iki cyaha.

Akeza Elsie yashyinguwe tariki ya 18 Mutarama, mu marira menshi y’abo mu muryango. Urupfu rwe kandi rwababaje benshi mu babonye amafoto ye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga.
akeza-.jpg

Soma Izindi Nkuru

46 Responses

  1. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Uwabigizemo uruhare wese azabibazwe ,Kandi bibaye byiza bazongera bakabyara Kandi kana

    1. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
      Gusa nyine ubugome buracyariho kibona umuntu wumubyeyi agirura umuziranege ishyari bikagera ho america cyakora yatumye uwomukozi guhaha afire agahunda yokumwica nonec yarasazwe arwaye kowumva yamutu nye akamubwirako ara njya kwamugaga ntakundi iyomwijuru izabimubaba

    2. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
      Gusa nyine ubugome buracyariho kibona umuntu wumubyeyi agirura umuziranege ishyari bikagera ho america cyakora yatumye uwomukozi guhaha afire agahunda yokumwica nonec yarasazwe arwaye kowumva yamutu nye akamubwirako ara njya kwamugaga ntakundi iyomwijuru izabimubaba

  2. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Uwabigizemo uruhare wese azabibazwe ,Kandi bibaye byiza bazongera bakabyara Kandi kana

  3. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  4. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  5. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  6. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  7. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  8. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Rwose ntijazagire amarangamutima azagirirwa uwamwishe kdi na mukase bamukomeze kuko ashinzwe kumurinda .

  9. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  10. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  11. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  12. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  13. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  14. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  15. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  16. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  17. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  18. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Imamvu ifatika nukobamwishe ahubwonibabihanirwe kandi babihanirwebyacyane
    Mukaseniyamukundaga rib niyoyokutubwizukuri uretseyuko nukuri kurigaragaza

  19. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu

  20. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu

  21. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu

  22. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Bazabibazwe kuko ntakazi imana yabahaye kokuyifasha gucyura abantu bayo abantu batagira umutima waki muntu

  23. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Umunyabyaha ahunga ntawe umwirukanye.icyo nabonye cyo amaraso y’inzirakarengane akurikirana uwayakoze ibaze nawe aho yagiye amaze gukora amahano yabuze amahoro akajya ahamagara ubutitsa.ese koko abaye yamukundaga nkuko bivugwa umukoze yamuhamagara ataramenya niba aguyemo ate agakupa phone ngo agiye guhamaga se w’umwana?nyuma yo gukurikiranwa n’ubutabera ndiwe nasaba isi yose imbabazi kuko yahungabanije benshi.RIP AKEZA.

  24. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Umunyabyaha ahunga ntawe umwirukanye.icyo nabonye cyo amaraso y’inzirakarengane akurikirana uwayakoze ibaze nawe aho yagiye amaze gukora amahano yabuze amahoro akajya ahamagara ubutitsa.ese koko abaye yamukundaga nkuko bivugwa umukoze yamuhamagara ataramenya niba aguyemo ate agakupa phone ngo agiye guhamaga se w’umwana?nyuma yo gukurikiranwa n’ubutabera ndiwe nasaba isi yose imbabazi kuko yahungabanije benshi.RIP AKEZA.

  25. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Muzatubwire uko uwo mugire yireguye hamwe nuwo mukozi we kuko basa nkaho babiziranyeho

  26. Muka Se wa Akeza Elsie yagejejwe mu rukiko
    Muzatubwire uko uwo mugire yireguye hamwe nuwo mukozi we kuko basa nkaho babiziranyeho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *