Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura

Sangiza iyi nkuru

Ikigo Bloomberg Definitiv Ltd cyerekana ko ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro kugeza mu mpera z’Ugushyingo uyu mwaka, mu gihe irya Uganda ari ryo ryazamuye agaciro cyane mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.

Iyi mibare yerekana ko ishilingi rya Uganda ryazamuye agaciro ku gipimo cya 2.45% ugeranyije n’idolari rya Amerika rifatwa nk’ifaranga fatizo, mu gihe irya Tanzania ryo ryazamuye agaciro ku kigero cya 0.76%.

Irya Kenya ryatakaje agaciro ku kigero cya 2.93%, riraza ku mwanya wa 11 ku rutonde rwa Afurika, iry’u Rwanda ryo rikaba ryaratakaje agaciro ku kigero cya 3.48%, rikaza ku mwanya wa 12 kuri uyu mugabane.

Ifaranga rya Kwacha rikoreshwa muri Zambia ni ryo ryazamuye agaciro cyane kuri uyu mugabane, rikaba riri ku kigero cya 19.64%. Hakurikiraho irya Mozambique n’irya Angola.

Soma Izindi Nkuru

26 Responses

  1. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.

  2. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.

  3. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.

    1. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
      Byoze biterwa n’ubuyobozi bubanye nabi n’abaturanyi

    2. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
      Byoze biterwa n’ubuyobozi bubanye nabi n’abaturanyi

  4. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.

  5. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  6. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  7. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  8. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  9. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  10. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  11. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  12. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  13. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  14. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre

  15. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    NIBYO BAKWIYE KUDUTABARA CG LETA IGATANGA INKUNGA (SUBVENTION)KURI BURI MURYANGO (FAMILLE)

  16. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    NIBYO BAKWIYE KUDUTABARA CG LETA IGATANGA INKUNGA (SUBVENTION)KURI BURI MURYANGO (FAMILLE)

  17. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Biracyaza ahubwo, reta ihugiye mukwigwizaho imitungo ititaye kungaruka izarizo zose

  18. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Biracyaza ahubwo, reta ihugiye mukwigwizaho imitungo ititaye kungaruka izarizo zose

  19. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Amanyarwanda asigaye ameze nkama Zaire ya Mobutu. Ugura ikintu nyuma yicyumweru wasubirayo ugasanga cyazamutse. Ama $$$ yo azamuka burimunsi.

  20. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Amanyarwanda asigaye ameze nkama Zaire ya Mobutu. Ugura ikintu nyuma yicyumweru wasubirayo ugasanga cyazamutse. Ama $$$ yo azamuka burimunsi.

  21. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ndumiwe pe niba araha bigeze lmana itube hafi

  22. Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
    Ndumiwe pe niba araha bigeze lmana itube hafi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *