Ikigo Bloomberg Definitiv Ltd cyerekana ko ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro kugeza mu mpera z’Ugushyingo uyu mwaka, mu gihe irya Uganda ari ryo ryazamuye agaciro cyane mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.
Iyi mibare yerekana ko ishilingi rya Uganda ryazamuye agaciro ku gipimo cya 2.45% ugeranyije n’idolari rya Amerika rifatwa nk’ifaranga fatizo, mu gihe irya Tanzania ryo ryazamuye agaciro ku kigero cya 0.76%.
Irya Kenya ryatakaje agaciro ku kigero cya 2.93%, riraza ku mwanya wa 11 ku rutonde rwa Afurika, iry’u Rwanda ryo rikaba ryaratakaje agaciro ku kigero cya 3.48%, rikaza ku mwanya wa 12 kuri uyu mugabane.
Ifaranga rya Kwacha rikoreshwa muri Zambia ni ryo ryazamuye agaciro cyane kuri uyu mugabane, rikaba riri ku kigero cya 19.64%. Hakurikiraho irya Mozambique n’irya Angola.



26 Responses
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Byoze biterwa n’ubuyobozi bubanye nabi n’abaturanyi
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Byoze biterwa n’ubuyobozi bubanye nabi n’abaturanyi
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ariko ibyo bavuga nibyo p kuko n’ibintu bigaragarira buriwese ahubwo barebe uko bagarurira agaciro ifaranga ryacu biteye ubwoba tugendeye kubiciro byarazamutse cyane bikabije ntaho tugana kandi ngo dushaka iterambere.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ntabwo byoroshye,bikomeje yamera nk’ama-zaïre
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
NIBYO BAKWIYE KUDUTABARA CG LETA IGATANGA INKUNGA (SUBVENTION)KURI BURI MURYANGO (FAMILLE)
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
NIBYO BAKWIYE KUDUTABARA CG LETA IGATANGA INKUNGA (SUBVENTION)KURI BURI MURYANGO (FAMILLE)
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Biracyaza ahubwo, reta ihugiye mukwigwizaho imitungo ititaye kungaruka izarizo zose
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Biracyaza ahubwo, reta ihugiye mukwigwizaho imitungo ititaye kungaruka izarizo zose
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Amanyarwanda asigaye ameze nkama Zaire ya Mobutu. Ugura ikintu nyuma yicyumweru wasubirayo ugasanga cyazamutse. Ama $$$ yo azamuka burimunsi.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Amanyarwanda asigaye ameze nkama Zaire ya Mobutu. Ugura ikintu nyuma yicyumweru wasubirayo ugasanga cyazamutse. Ama $$$ yo azamuka burimunsi.
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ndumiwe pe niba araha bigeze lmana itube hafi
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ndumiwe pe niba araha bigeze lmana itube hafi
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ese buriya biterwa niki!?
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ese buriya biterwa niki!?