Ikarita yerekana aho ibisasu 20,000 bya perezida Obama byashegeshe

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe perezida w’Amerika Barack Obama ari gusaza manda ze ebyiri agenerwa n’amategeko nk’uko yari yazitorewe, ikinyamakuru cya the independent cyashyize ahagaragara ikarita yerekana uko uyu mwirabura wayoboye Amerika mu myaka icumi uhereye muri 2008 yagiye atera ibindi bihugu mu ntambara zo yabigabyeho
The independent yerekanye ko Obama na leta yari ayoboye babashije kurekurira ku indi bihugu ibisasu bigera ku bihumbi 20 bitewe n’impamvu zabaga zitandukanye
Bimwe mu bihugu byagarutsweho nk’ibyo Obama yashegeshe cyane ni Sryia, Iraq, Afghanistan na Libye kwa Kadaffi

Ikarita yerekana aho Obama yashegeshe
Ikarita yerekana aho Obama yashegeshe

Iyi karita igaragaza ko perezida Obama yaba ari umwe mu bakuru b’Amerika barashe ku bindi bihugu cyane, mu mwaka wa 2016 hinyine habaruwe ibisasu birenga 3000 ugereranyije kubyarashwe mu bihugu by’amahanga y’Amerrika.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Obama akijya ku butegetsi yari yaserenyije Abanyamerika ko azashyira iherezo kuri zimwe mu ntambara iki gihugu cyari kimazemo iminsi nk’intambara ya Iraq, uretse izi ntambara Obama yanakoze agasha ubwo yihimuraga ku cyihebe Osama Bin Raden cyari cyarazengereje Amerika akakica
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *