Perezida Magufuli yitandukanyije na Jahya Jammeh amwita umunyagitugu
Abakuru b’ibihugu bitandukanye batangiye kugaragaza ko badashyigikiye ubutegetsi bw’igitugu no kwikubira bwa Jahya Jammey wanze kurekurira Adam Barrow wamutsinze mu mutora y’umukuru w’igihugu. Umwuka ututumba mo intambara ukomeje kuba mwinshi mu burengerazuba bw’Afurika mu nkengero z’igihugu cya Gambia kiri kuyoborwa n’abakuru b’ibihugu babiri umwe ari imbere mu gihugu undi we abarizwa muri Senegal. Abinyujijije ku […]
Ikarita yerekana aho ibisasu 20,000 bya perezida Obama byashegeshe
Mu gihe perezida w’Amerika Barack Obama ari gusaza manda ze ebyiri agenerwa n’amategeko nk’uko yari yazitorewe, ikinyamakuru cya the independent cyashyize ahagaragara ikarita yerekana uko uyu mwirabura wayoboye Amerika mu myaka icumi uhereye muri 2008 yagiye atera ibindi bihugu mu ntambara zo yabigabyeho The independent yerekanye ko Obama na leta yari ayoboye babashije kurekurira ku […]
Abanyarwanda bazaba barama imyaka 70 y'ubukuru muri 2030
Byatangajwe muri raporo y’umuryango w’Abibumbye agashami gashinzwe ubukungu n’imibereho y’abaturage, iyi raporo yasohotse ku wa 17 Mutarama 2017 igaragaza ko Abanyarwanda bazaba bafite ikizere cy’ubuzima kingana n’imyaka 70 y’ubukuru mu mwaka wa 2030. Amahirwe yo kurama imyaka mwinshi ku baturage batuye mu gihugu cy’u Rwanda cyitezweho kuzamukaho imyaka 20 kikava ku myaka 50 kikagera ku […]
Amwe mu mategeko yo muri Bibiliya atagikoreshwa (igice cya mbere)
Muri Bibiliya yera hagaragaramo amategeko menshi ndetse ashobora no kuba arenga 300. Gusa Bibiliya idusaba gukurikiza amategeko 10 kuko ariyo ibyiza byose bishingiraho. Ijambo ry’Imana rivuga ko iyo wishe rimwe mu mategeko yayo uko ari 10 uba uyacumuye yose. Dore amwe mu mategeko yakoreshwaga ku gihe cy’Abaroma ariko kuri ubu akaba atagikoreshwa nubwo akigaragara muri […]
Musanze: Ruswa igira ingaruka ku mitangire ya serivisi n’iterambere —ACP Mutezinare Bertin
Ibi ni bimwe mu bitangazwa na Assistant Commissioner of Police (ACP) BĂ©rtin Mutezintare, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, mu nama polisi y’igihugu yagiranye kuwa 17 Mutarama 2017 n’ abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Karere ka Musanze bagera kuri 293 ku bubi bwa ruswa n’uruhare rwabo mu kuyikumira no kuyirwanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki […]
Kigali: Abazunguzayi barahigwa, Singapore bagahembwa
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama 2017, nibwo umujyi wa Kigali wongeye gushimangira amabwiriza yawo yo guca abazunguzayi mu muhanda, anabagenera ibihano, bo n’abakiriya babo. Bamwe mu banyarwanda ntibemeranya nayo, cyane ko hari ibihugu ubu bucuruzi bukorwa bukabiteza imbere. Mu gihugu cya Singapuru umucuruzi wo mu muhanda yegukanye igihembo cy’isi mu bucuruzi bw’ibiryo, […]
Urukundo rwa Perezida Obama n'umugore we rwabaye ishuri ku banyamahanga
Perezida w’Amerika ucyuye igihe Barack Obama akomeje kugaragariza umugore we Michelle Obama urukundo rudasanzwe nyuma y’imyaka itari micye bamenyanye ndetse bakabana nk’umugabo n’umugore. Ibi byagaragaye muri iki cyumweru ku magambo uyu Perezida Obama yandikiye umugore we abinyujije ku rubuga rwa Twitter ubwo yari yizihije isabukuru ye y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Perezida Obama yerekanye ko nta muntu […]
Gushimuta no kwica abantu zabateye ibyuma mu maso, ni bimwe mu byo Imbonerakure zishinjwa
Urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, ruzwi ku izina ry’Imbonerakure ngo rukomeje kugira imbaraga ari na ko rukorana bya hafi n’inzego z’ubutasi mu kugaba ibitero ku batavuga rumwe n’ubutegetsi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane na Human Rights Watch. Uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu ufite icyicaro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wavuze […]
Umukino w’amacenga hagati ya M23 n’igisirikare cya Uganda
Mu Ugushyingo 2016, nibwo ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Gen Sultani Makenga yatorotse inkambi muri Uganda agasubira muri Congo, ubwoba bwatashye Leta ya Congo nayo isaba abasirikare bayo kuryamira amajanja. Ubwo inkuru yari imaze kuba kimomo ahantu hose, nibwo igisirikare cya Uganda cyagize icyo kibivugaho, umuvugizi w’igisirkare cya Uganda avuga ko ari ibinyoma. Lt […]
Amafoto: Umugore wambaye ubusa afashe ku bugabo bwa Perezida Trump yateje agasaku
Amafoto y’umugore wambaye ubusa igice cyo hejuru afashe ku gice cy’ibanga cya Perezida Trump yateje urujijo mu gihugu cya Esipanye. Uyu ni umwe mu bagore bigaragambya bamagana Perezida Trump muri iki gihugu, aho ngo yabanje kurwana n’abarinda ikibumbano cya Perezida Trump kiri mu nzu ndangamurage wa kiriya gihugu mu mujyi wa Madrid. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza […]
Patrice Lumumba yarishwe n’umurambo we urazimangatanywa ngo utazateza ibibazo – Ubuhamya
“ Nacagaguye umurambo wa Lumumba nkwinika muri acide. Mu ijoro rya kinyafurika, twabanje gusinda ngo tugire akanyabugabo. Twatandukanyije imirambo. Icyari gikomeye cyabaye kuyicagaguramo ibice n’urukezo mbere yo kuyishyira muri acide. Ni nk’aho nta kintu cyasigaye, usibye amenyo macye. Noneho umunuko! Nakarabye inshuro 3 ariko nkomeza kumva nanduye nk’igihararumbo .” Ubu ni ubuhamya bw’Umubiligi GĂ©rard Soete […]
Hon. Francois Kanimba yarahiriye umwanya muri EALA
Kuri uyu wa Gatatu inteko Ishinga amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA, yakiriye indahiro ya minisitiri w’ubucuruzi n’ibikorwa bya EAC mu Rwanda, Francois kanimba nk’umwe mu bagize iyi nteko ariko afite izindi nshingano bita mu Cyongereza(Ex-officio) akazaba ahagarariye inyungu z’u Rwanda. Uyu mudepite mushya yarahiriye nk’uko biteganywa n’ingingo ya 5 y’amahame agenga iyi nteko mu […]
Man U yahigitse Real Madrid ku mwanya wa mbere mu kwinjiza amafaranga menshi 2015/2016
Nyuma y’imyaka 11 yose ikipe ya Real Madrid iyoboye urutonde rw’amakipe afite amafaranga menshi muri Champions league, ikipe ya Manchester United yamaze guhigika iyi kipe kuri uyu mwanya. Ikipe ya Man U ije ku mwanya wa mbere n’amafaranga angana na Miliyoni 689 z’Amayero zingana na Miliyoni $736 Z’idolari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AFP ivuga ko iyi kipe […]
Minisitiri w’Ingabo yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Bubirigi mu Rwanda
Kuwa 18 Mutarama 2017, Ambasaderi w’u Bubirigi mu Rwanda, Nyakubahwa Arnout Pauwels ari kumwe n’Umujyanama wa Ambasade mu bya gisirikare mu Rwanda, Lt Col Alain Lambert, bakiriwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Gen James Kabarebe ku cyicaro cya Minisiteri ku Kimihurura. Aba ba dipolomate baganiriye na Nyakubahwa Gen Kabarebe ku bibazo bijyanye n’ubutwererane hagati y’ibihugu […]
Imyiteguro y'amatora y'umukuru w'igihugu irarimbanyije — NEC
Byibuze 95% by’Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora bamaze kwiyandikisha ku mafishi y’itora, abenshi bakaba barifashishije internet na telephone bakoresheje ubutumwa bugufi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC). Kuva mu Ugushyingo umwaka ushize, iyi komisiyo yasabye abazatora kuvugurura amakuru yabo agendanye n’amatora ku biro by’irangamimerere ndetse isaba abo amakuru yabo nk’aya […]
Beyonce ari gutegura imyigaragambyo nyuma yo kurahira kwa Perezida Trump
Itsinda ry’abahanzikazi b’abagore biganjemo abafite inkomoko ku yindi migabane muri Amerika riyobowe na Beyonce ryatangaje ko nyuma y’umunsi umwe Perezida Trump arahiriye kuyoborra Amerika hazaba igikorwa gisa n’imyigaragambyo mu bice bitandukanye muri Amerika, iyi myigaragambyo ikaba izanakorwa ku yindi migabane iriho abakunzi b’aba bahanzikazi batandukanye. Beyonce yatangaje ko ibi bizakorwa hagamijwe kwamagana ibikorwa bibi byaranze […]
Ubwicanyi bwo kuva 2015 i Burundi, bwaba butaniye he n’imirambo yo muri Rweru yari iboheye inyuma?
Mu mwaka wa 2014, nibwo hagaragaye imirambo igera kuri 40 mu kiyaga cya Rweru iri mu mazi y’u Burundi, icyo gihe burayigarama ahubwo bugashaka kuyigereka ku Rwanda mu gihe narwo rwatangazaga ko ntaho ruhuriye nayo. Iyo mirambo yarerembaga imwe iri mu mifuka, abishwe bamwe bari baboheye amaboko inyuma, bashyizwe ku ngoyi. Mu Ukwakira 2014, ubwo […]
“Abana bacu dukwiye kubatoza umuco bazakurana” Jeannette Kagame
Umufasha wa perezida wa repubulika y’u Rwanda, madamu Jeannette Kagame yasabye ababyeyi n’abarezi bo mu Rwanda gutanga uburere buzatuma abana bakura bagaragaza ko barezwe neza. Ibi madamu Jeannette Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 18 Mutarama 2017 ubwo yashiraga ibiye ry’ifatizo ahazubakwa ikigo mbonezamikurire cy’abana kiri mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Kivumu, akagali ka Kirambi. […]
Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ku mpinduka ziherutse kuba muri UPDF no kuri Muhoozi Project
Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba ku nshuro ya mbere yagize icyo atangaza ku mpinduka zitunguranye ziherutse gukorwa mu gisirikare cya Uganda, avuga ko yishimiye umwanya yahawe wo kuba umujyanama wa se akaba na perezida, Yoweri Museveni, ndetse yongeraho ko ibyabaye bitamutunguye. Uyu muhungu wa perezida Museveni yagaragaje ko afitiye icyizere abayobozi bashya baherutse gushyirwa mu myanya […]