Ikigo gikuru cy’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000 rwiteguye kwinjira mu gisirikare cy’igihugu.
Uru rubyiruko rwiyandikishije nyuma yo kubihamagarirwa na Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi, warusabye kwinjira mu gisirikare kugira ngo rufashe abasirikare bagisanzwemo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano wo mu burasirazuba.
Minisitiri w’ingabo, Gilbert Kabanda ubwo yari mu nama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Tshisekedi tariki ya 25 Ugushyingo 2022, yagize ati: “Kugeza uyu munsi, ikigo cya Kitona kimaze kwakira intoranywa 8000 kandi bigaragara cyane ko abandi baraza ku bwinshi.”
Tshisekedi yahamagariye urubyiruko kwinjira mu gisirikare ku bwinshi mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 wari ukomeje kurusha imbaraga ingabo za Leta, uzirukana mu bice byinshi muri teritwari ya Rutshuru, intara ya Kivu y’Amajyaruguru.




8 Responses
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Mwibutse gushaka ingabo aruko mwatewe umuyobozi muzima ntatangaza kukarubanda umubare wingabo.
Ndabasetse mutoze abajura benshi ejo bizabananira kubagenzura .ubwo nubwoba gusa mufite Surtani Makenga yariteguye reka abazengereze ejo aragusanga kinshasa sabinama Joseph Kabila we arabazi neza mureku rwango mubona mahoro
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Mwibutse gushaka ingabo aruko mwatewe umuyobozi muzima ntatangaza kukarubanda umubare wingabo.
Ndabasetse mutoze abajura benshi ejo bizabananira kubagenzura .ubwo nubwoba gusa mufite Surtani Makenga yariteguye reka abazengereze ejo aragusanga kinshasa sabinama Joseph Kabila we arabazi neza mureku rwango mubona mahoro
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Pole sana vidjana mufunzwe vizuri mna ingia kwakazi nzuri bali gouvernrement yenu ina ubaguzi na Rushwa .
Wawa fundishe na kupenda inshi yenu musidje mukadjitu mbukize kwashimu yaubaguzi
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Pole sana vidjana mufunzwe vizuri mna ingia kwakazi nzuri bali gouvernrement yenu ina ubaguzi na Rushwa .
Wawa fundishe na kupenda inshi yenu musidje mukadjitu mbukize kwashimu yaubaguzi
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
abakongomani ninjiji pe ubundise mwinjije 8000 bibijura sha noneho mwikozehope
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
abakongomani ninjiji pe ubundise mwinjije 8000 bibijura sha noneho mwikozehope
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Nta kabila nta makenga bose nibamwe, naho abomwita abajura ibyaye ikibi irakirigatira.
Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000
Nta kabila nta makenga bose nibamwe, naho abomwita abajura ibyaye ikibi irakirigatira.