Ikigo cyakanguriye abakozi bacyo kwikinisha

Sangiza iyi nkuru

Ikigo cyo muri Suwede cyitwa Erika Lust Films cyahamagariye abakozi bacyo bagera kuri 36 kujya bakora iki gikorwa mu gihe babonye akaruhuko kuko ngo ari uburyo bwiza buzajya bubafasha kwiyumva neza bagatanga umusaruro ushimishije mu kazi kabo.

Iki kigo gisanzwe kizwiho gutunganya filimi z’urukozasoni, guhamagarira abakozi bacyo kujya bikinisha uhereye muri Gicurasi uyu mwaka.

Umuyobozi w’iki kigo, Erika Lust yagize ati “Mpa agaciro abakozi banjye kandi nzi ko iyo biyumva neza, babasha gukora akazi neza. Rero kubera nzi ko nta kindi cyabafasha kwiyumva batyo, nabubakiye ahantu h’ibanga bazajya bisunga igihe bashaka kwikinisha bisanzuye.”

Aba bakozi bose bemererwa iminota igera kuri 30 buri munsi yo kuba bakwikinisha aho umuyobozi wacyo cyanitiriwe witwa Erika Lust, yamaze kubaka ahantu hagenewe gukora icyo gikorwa ashimangira ko gifasha abakozi kuzamura umusaruro w’ibyo bakora.

Ikinyamakuru The Local kivuga ko muri Suwede ubusanzwe kwikinisha inkiko zemeje ko atari icyaha.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Ikigo cyakanguriye abakozi bacyo kwikinisha
    Mutokeshe ibyo bishitane bitazagera ino mu Rwanda. Mwibukeko Sodomu na Gomora Harimburwa, aricyocyaha ndengakamere cyari kiriyo cyarazonze abantu.

  2. Ikigo cyakanguriye abakozi bacyo kwikinisha
    Mutokeshe ibyo bishitane bitazagera ino mu Rwanda. Mwibukeko Sodomu na Gomora Harimburwa, aricyocyaha ndengakamere cyari kiriyo cyarazonze abantu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *