Impamvu niyemeje kurwanya akarengane ni uko nanjye narenganye – Umunyamakuru Niyonambaza

Sangiza iyi nkuru

Umunyamakuru Asumani Niyonambaza washinze ikinyamakuru Rugari avuga imwe mu mpamvu yatumye ashinga iki kinyamakuru yari ukugirango agihe umurongo wo kurwanya akarengane kubera ko ngo nawe yarenganye yitwa Interahamwe n’umwicanyi.

Asumani Niyonambaza amaze igihe kirekire mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, kuko arimazemo imyaka isaga 20 ariko akaba amaze imyaka 16 ashinze ikinyamakuru Rugari.

Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Niyonambaza yasobanuye impamvu yatumye ashinga ikinyamakuru, asobanura ko ari ukurwanya akarengane, ndetse yigarukaho ubwe ku karengane yagiriwe kimwe n’abandi Banyarwanda muri rusange kuva mbere y’intambara.

Umva ikiganiro kirambuye hano hasi

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *