Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke

Sangiza iyi nkuru

Impuguke mu by’imibanire yo muri Nigeria, Blessing Okoro avuga ko abagore bubatse ingo bagakwiriye gushimira inshoreke z’abagabo babo kuko ari zo zitumye ingo zimwe zikomeje kuramba.

Okoro avuga ko abagore bashatse iyo bamenye ko umugabo afite inshoreke, bituma batirara, ahubwo nabo bakora ibintu bitandukanye kugira ngo ari bo begukana imitima y’abagabo babo n’ubundi baba bareguriwe.

Uyu mugore nk’uko Naijanews ibitangaza, ati ” Iyo hataba inshoreke, ingo nyinshi ziba zarasenyutse kera.”

Imvugo ya Okoro yakiriwe mu buryo butandukanye, bamwe barabishyigikira, abandi babitera utwatsi.

Uwitwa Funmi Adenike ati ” Niyo mpamvu ahubwo abagabo badakemura ibibazo bafite ibibazo biri mu ngo zabo kuko baba babikemuriye hanze. Benshi muri bo ntibanasaba gatanya. Babonye aho bakemurira ibibazo.”

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke
    Inshoreke ntizakagombye gushimirwa kuko ,umugore mukuru iyo amaze kumenya ko umugabo we afite inshoreke ntiyagera kwishimira, kwizera no guteganyiriza who hazaza kuko aba avuga ko isaha n’isaha umugabo azagenda kd ko azajya imitungo umugore yaruhiye.bigatuma atazigamira umuryango ndetse n’ejo hazaza h’abana ntihateganywe.binatuma kd umuryango w’umugore utakariza ikizere umukwe wabo,

  2. Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke
    Inshoreke ntizakagombye gushimirwa kuko ,umugore mukuru iyo amaze kumenya ko umugabo we afite inshoreke ntiyagera kwishimira, kwizera no guteganyiriza who hazaza kuko aba avuga ko isaha n’isaha umugabo azagenda kd ko azajya imitungo umugore yaruhiye.bigatuma atazigamira umuryango ndetse n’ejo hazaza h’abana ntihateganywe.binatuma kd umuryango w’umugore utakariza ikizere umukwe wabo,

  3. Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke
    Inshoreke ntizakagombye gushimirwa kuko ,umugore mukuru iyo amaze kumenya ko umugabo we afite inshoreke ntiyagera kwishimira, kwizera no guteganyiriza who hazaza kuko aba avuga ko isaha n’isaha umugabo azagenda kd ko azajya imitungo umugore yaruhiye.bigatuma atazigamira umuryango ndetse n’ejo hazaza h’abana ntihateganywe.binatuma kd umuryango w’umugore utakariza ikizere umukwe wabo,

  4. Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke
    Inshoreke ntizakagombye gushimirwa kuko ,umugore mukuru iyo amaze kumenya ko umugabo we afite inshoreke ntiyagera kwishimira, kwizera no guteganyiriza who hazaza kuko aba avuga ko isaha n’isaha umugabo azagenda kd ko azajya imitungo umugore yaruhiye.bigatuma atazigamira umuryango ndetse n’ejo hazaza h’abana ntihateganywe.binatuma kd umuryango w’umugore utakariza ikizere umukwe wabo,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *