Kuri uyu wa 30 Kamena 2020, hateranye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ifata ibyemezo birimo gukura Akarere ka Rubavu muri Gahunda ya Guma mu Rugo.
Mu bindi byemezo Inama y’Abaminisitiri yafashe harimo ko: ingendo mu Karere ka Rusizi zirabujijwe usibye amakamyo atwara ibicuruzwa, uduce two muri Rusizi no mu mujyi wa Kigali tumaze iminsi twarashyizwe muri Guma mu Rugo, twakomeza kuyigumamo ndetse ko moto zizakomeza gutwara abagenzi uretse muri Rusizi no mu duce twa Kigali twashyizwe muri Guma mu Rugo.
Ibyemezo by’iyi nama byose





6 Responses
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ibi bintu birimo kwikunda gukabije! ni gute inama za Leta zihora zikorwa umunsi ku wundi , Hotel zikaba zakira abantu mu nama hanyuma Insengero zikangirwa gufungura? bivuze ko umusanzu zitanga mu kubaka Igihugu udashimwa? Friday y’icyumweru gishize sibwo inteko ya RPF yateranye abantu buzuye salle, ibi si byo.
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ibi bintu birimo kwikunda gukabije! ni gute inama za Leta zihora zikorwa umunsi ku wundi , Hotel zikaba zakira abantu mu nama hanyuma Insengero zikangirwa gufungura? bivuze ko umusanzu zitanga mu kubaka Igihugu udashimwa? Friday y’icyumweru gishize sibwo inteko ya RPF yateranye abantu buzuye salle, ibi si byo.
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ibi bintu birimo kwikunda gukabije! ni gute inama za Leta zihora zikorwa umunsi ku wundi , Hotel zikaba zakira abantu mu nama hanyuma Insengero zikangirwa gufungura? bivuze ko umusanzu zitanga mu kubaka Igihugu udashimwa? Friday y’icyumweru gishize sibwo inteko ya RPF yateranye abantu buzuye salle, ibi si byo.
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ibi bintu birimo kwikunda gukabije! ni gute inama za Leta zihora zikorwa umunsi ku wundi , Hotel zikaba zakira abantu mu nama hanyuma Insengero zikangirwa gufungura? bivuze ko umusanzu zitanga mu kubaka Igihugu udashimwa? Friday y’icyumweru gishize sibwo inteko ya RPF yateranye abantu buzuye salle, ibi si byo.
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ntacyo bitwaye mugihe icyorezo kigihari ntampanvu yo gufungura Insengero kuko kubera Impamvu gusengera murugo nabyo Imana ibiha umugisha, iyo hari Impamvu z’ibyorezo , abafite izindi nyungu nko kwaka amaturo nibo bunva byacitse , mugihe aba Islam Intumwa y’Imana muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha )yavuze ko niba hari icyorezo timukave mungo kugeza ubwocyizashiraho kandi isengesho ryo mumbaga rigira agaciro cyane abantu begeranye,aho intumwa ivuga ngo istauuh (mwegerane )mugihe cyo gusenga
Inama y’Abaminisitiri yakuye Akarere ka Rubavu muri Guma mu Rugo
Ntacyo bitwaye mugihe icyorezo kigihari ntampanvu yo gufungura Insengero kuko kubera Impamvu gusengera murugo nabyo Imana ibiha umugisha, iyo hari Impamvu z’ibyorezo , abafite izindi nyungu nko kwaka amaturo nibo bunva byacitse , mugihe aba Islam Intumwa y’Imana muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha )yavuze ko niba hari icyorezo timukave mungo kugeza ubwocyizashiraho kandi isengesho ryo mumbaga rigira agaciro cyane abantu begeranye,aho intumwa ivuga ngo istauuh (mwegerane )mugihe cyo gusenga