1-717x1024.jpg

Ingendo zijya mu Turere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara ziremewe

Sangiza iyi nkuru

Leta y’u Rwanda yatangaje ko ingendo ziva n’izijya mu turere wa Bugesera, Gisagara, na Nyanza zakomorewe ariko zishyirwa ku masaha yihariye aho zibujijwe kuva saa moya z’ijoro kugera saa kumi za mu gitondo.

Itangazo ryasohowe n’ibiro bya minisitiri w’intebe rigaragaza ko ibi byemezo bizatangira kubahirizwa guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Werurwe 2021, zikazongera kuvugururwa nyuma y’ibyumweru bibiri hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.

1-717x1024.jpg

expprygw8amxyzj.jpg

kk-4.jpg

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *