Inyubako nshya ya P-Square- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Abasore b’impanga (Peter Okoye na Paul Okoye) baririmba mu njyana ya R&B babicishije ku rukuta rwabo rwa Instagram, aba basore bakomoka muri Nigeria bashyize hanze amafoto y’inzu yab0 nshya.
Iyi nzu nshya y’aba basore, iherereye mu mujyi wa Lagos mu gace ka Banana Island, iyi nzu ngo ikaba ari nk’impano bigeneye y’imyaka 35 y’amavuko bujuje bombi mu mpera z’umwaka ushize. Bavutse ku wa 18 Ugushyingo 1981.
d2
Peter yagize ati: “Amasengesho yanjye muri iki gitondo ni ay’uko Imana yaha umugisha buri umwe wese muri mwe. Amen”.
Paul nawe ati: “Kure, buri umwe wese utakwifuriza intsinzi mu buzima”.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Aba basore bamaze kuba abaherwe ku mugabane wa Afurika by’umwihariko mu mwaka wa 2015, nibwo batangaje ko baguze inzu ya kabiri muri Amerika.
d4
Mu mwaka wa 2012, nibwo baguze inzu yabo ya mbere muri Amerika, mu mujyi wa Atlanta naho iya kabiri bayigura muri Georgia. Batangaza ko ibyo byose babigeraho kubera gukora cyane.
AMAFOTO:
d3 d5 d6
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Théoneste@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *