Inyubako ya Pasteur Bizimungu iri ku Kacyiru yibasiwe n’inkongi y’umuriro

Sangiza iyi nkuru

Inyubako ya Pasteur Bizimungu iherereye ku kacyiru yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ariko nta bintu byinshi byangiritse.

cpkcqx5wcaaohpo-cbdd3

Iyi nzu ya Pasteur Bizimungu wahoze ari perezida w’u Rwanda iherereye munsi y’aho ambasade y’u Buholandi ikorera, yahiye igice cyayo kibikwamo ibikoresho, ariko ishami rya polisi rishinzwe kurwanya inkongo rihagerera igihe riratabara nta byinshi birangirika.

Biravugwa ko kugeza ubu hataramenyekana icyaba cyateje iyo nkongi.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *