Isabukuru ya nyina wa Diamond na Tanasha: Ibyamamare byitabiriye, udushya, amafoto n'amashusho

Sangiza iyi nkuru

Uwa 7 Nyakanga 2019, wari umunsi w’ibyishimo bihuriranye kuri Diamond Platinumz wizihize isabukuru y’umubyeyi we, Sabura Kasimu  n’umukunzi Tanasha Donna. Ibi birori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye, cyane abahanzi bakorera umuziki mu nzu ya Wasafi.

Se wa Diamond, Abdul Juma ari mu bitabiriye ibi birori by’umukazana n’uwahoze ari umugore we. Abandi bitabiriye harimo Harmonize na Mbosso bahuriye muri WCB, Amber Lulu, Sallam SK, Jokate Mwegelo, Shilole.

Muri ibi birori byabereye mu cyumba cya Mlimani City mu murwa wa Dar es Salam, habaye udushya dutandukanye.

Diamond yakoze ku nda ya Tanasha Donna, yemereza mu ruhame ko atwite. Umwana Tanasha atwite azaba ari uwa kane wa Diamond.

Kuba Abdul Juma yitabiriye ibirori bya Sanura Kasimu baratandukanye na byo byavuzweho cyane. Kuva kera, Diamond na nyina bavuze ko Abdul yabataye ubwo bari bakiri abakene muri Tandale.

Umuhanzi Gigy Money yanze gusoma umukunzi we ku mugaragaro. Amashusho agaragaza uyu mukobwa utari umunyatanzania ashaka gusoma Gigy ariko we aramwitegereza ngo arebe uko bigenda.

Amafoto:

e3fb0cef1bf6d2025ca8a3d4bf69d010
Diamond na Tanasha

818f9e47776f2b4caaca6f48ee5bef77

IMG 20190708 105833
Abereka ko Tanasha ari hafi kumubyarira umwana wa kane
IMG 20190708 105503
Baziye muri V8
IMG 20190708 105239
Ubwo bageraga ahabera ibirori
IMG 20190708 105144
Amber Lulu ni uku yaje
IMG 20190708 104905
Harmonize na we yitabiriye
IMG 20190708 104722
Ni Abdul Juma cyangwa se ‘Big Lion’
IMG 20190708 104632
Mu cyumba cya Mlimani City, ahabereye ibirori
IMG 20190708 105006
Jokate Mwegelo

IMG 20190708 105610IMG 20190708 104453

Amashusho:

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *