Umusore w’ibigango utamenyekanye amazina, bivugwa ko acunga umutekano (bouncer) mu kabari kamwe ko mu Mujyi wa Kigali, yagaragaye mu mashusho akubita umukobwa utamenyekanye amazina, akanamuterura agakubita hasi mu buryo bubabaje, akanamukubita umugeri. Amashusho yashyizwe kuri Twitter n’uwitwa Eric Madiba, agaragaza uwo musore w’ibigango akubita urushyi rwihanukiriye umukobwa, agahita yikubita hasi. Nyuma yo ku mukubita hasi, ahita amukubita umugeri ubundi agaterura uruhande rwo hejuru, agakubita hasi, umutwe w’uwo mukobwa ukukubita hasi ndetse bikumvikana. Abandi bantu bumvikana bajujura ariko nta n’umwe utabara uyu mukobwa wari utacyambaye inkweto. Reba Videwo: https://twitter.com/ericmadibaa/status/1539726838792339456 Uwashyize aya mashusho kuri Twitter, yashyizeho ubutumwa agira ati “ This very sad



4 Responses
Kigali: Umusore w’ibigango yagaragaye afata umukobwa agaterura agatura hasi mu buryo bubabaje (Reba video)
Birababaje RIB ibikoreho
Kigali: Umusore w’ibigango yagaragaye afata umukobwa agaterura agatura hasi mu buryo bubabaje (Reba video)
Birababaje RIB ibikoreho
Kigali: Umusore w’ibigango yagaragaye afata umukobwa agaterura agatura hasi mu buryo bubabaje (Reba video)
Ubwo bafite ibyo bapfa ubutabera bukore akazi kabwo
Kigali: Umusore w’ibigango yagaragaye afata umukobwa agaterura agatura hasi mu buryo bubabaje (Reba video)
Ubwo bafite ibyo bapfa ubutabera bukore akazi kabwo