Ahishakiye Jean Bosco, ni umusore w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Nkomane, Akarere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo, akaba avuga ko aba mu Gatsata, mu Karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, yafashwe ku manywa y’ihangu n’abaturage bo mu gace ka Kiruhura, mu Murenge wa Kigali, bamushinja kwiba imyenda aho yari yanitse mu gipangu cy’umuturage afatanyije na bagenzi be bahise bacika.
Uyu musore nta Ndangamuntu yari afite cyangwa ikindi cyangombwa kimuranga, ntazi Akagari n’Umudugudu cyangwa se Isibo atuyemo mu Gatsata. Avuga ko yari kumwe n’abandi basore Batanu nubwo bo bahise biruka barabura. Ubwo na we yageragezaga gucika habuzeho gato yarahanutse ku mukingo ufite metero zigera mu 10, bamwe bakavuga ko yari guhira yitura muri Kaburimo agahita apfa.
Umva ibyo yatangarije Bwiza Tv mbere y’uko abashinzwe umutekano bamushyikiriza Polisi. REBA VIDEO



6 Responses
Kigali: Umusore yafashwe acyekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yarapfuye
BRATUZONZE BOGAHERA KERETSE UGIYE AFATWA AGIYE AHITA ARASWA
Kigali: Umusore yafashwe acyekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yarapfuye
BRATUZONZE BOGAHERA KERETSE UGIYE AFATWA AGIYE AHITA ARASWA
Kigali: Umusore yafashwe acyekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yarapfuye
Amabandi yasaze icyakwereka hano kimisagara , Gitega Rwezamenyo na Rwampara
Kigali: Umusore yafashwe acyekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yarapfuye
Amabandi yasaze icyakwereka hano kimisagara , Gitega Rwezamenyo na Rwampara
Kigali: Umusore yafashwe akekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yari apfuye
muri ikigihe cyicyorezo abayobozi b’inzego zibanze bari gutanga ibyangombwa byinzira kubatabikwiriye.
ex: umunu uhabwa ibyangombwa byuko acuruza ibiribwa kd na ibyangombwa by’ubucuruzi agira cg na ipatate yishyura.uwo nago aba acuruza.ariho polic ihera ivuga ko hari ababeshya aho bari kujya.
Kigali: Umusore yafashwe akekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yari apfuye
muri ikigihe cyicyorezo abayobozi b’inzego zibanze bari gutanga ibyangombwa byinzira kubatabikwiriye.
ex: umunu uhabwa ibyangombwa byuko acuruza ibiribwa kd na ibyangombwa by’ubucuruzi agira cg na ipatate yishyura.uwo nago aba acuruza.ariho polic ihera ivuga ko hari ababeshya aho bari kujya.