Kuri uyu wa Gatanu, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha 13 birimo iby’iterabwoba yagaragaye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho yagombaga kuvuguruza umwanzuro w’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanze ko arekurwa by’agateganyo, ariko kuri iyi nshuro bwa mbere yagaragaye mu rukiko mu mwambaro w’imfungwa w’ibara ry’iroza.
Nyuma yo kumva impande zombi, ubushinjacyaha n’abunganira uregwa, urukiko rwanzuye ko ruzatangaza umwanzuro warwo ku itariki 02 Ukwakira.
Amafoto:








4 Responses
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto
Urabona ko iyi myenda imukwiye njeza kuruta bya bikoti bimeze nk’ibya Museveni byo gukuriramo.
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto
Nkawe ubwo uba uzanye Museveni mu by’U Rwanda gute? Ngo ibikoti b,imeze nk,ibya Museveni ? Wasanga no mu gisekuru k,iwanyu nta wurayingayinga 1/2 cya Museveni! Mujye mumenya kwisanzura mu bitekerezo ariko mu nashyire mu gaciro
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto
Nkawe ubwo uba uzanye Museveni mu by’U Rwanda gute? Ngo ibikoti b,imeze nk,ibya Museveni ? Wasanga no mu gisekuru k,iwanyu nta wurayingayinga 1/2 cya Museveni! Mujye mumenya kwisanzura mu bitekerezo ariko mu nashyire mu gaciro
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto
Urabona ko iyi myenda imukwiye njeza kuruta bya bikoti bimeze nk’ibya Museveni byo gukuriramo.