Igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko kivanye mu bihugu bigize ishami rya Loni rishinzwe guteza imbere uburezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO).
Iki gihugu gishinja UNESCO kurwanya leta ya Israel gifitanye umubano na Leta Zunze ubumwe za Amerika
Ibyo bije bikurikira ibindi bikorwa byagiye biba birimo ko iki gihugu cyahagaritse inkunga cyageneraga uyu muryango guhera mu mwaka w’2011 ubwo yemereraga leta ya Palestine kuba umunyamuryango wawo nkuko bigaragara kuri RFI.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Umuyobozi w’uyu muryango Madamu Irina Bokova yavuze ko ababajwe n’uyu mwanzuro wa Amerika.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ntakirutimana Deus/Bwiza.com


