Polisi y’u Burundi kuri uyu wa 12 Werurwe 2021 yasohoye videwo y’ikiganiro cy’iminota 5 cy’uwitwa Lieutenant Rutabayiro Eric uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, akaba yarahungiye mu Burundi kuko atagishaka gukora aka kazi.
Lt. Rutabayiro uvuga ururimi rw’Ikirundi (twarushyize mu Kinyarwanda), yagize ati: “Ndi hano mu gihugu cy’u Burundi kuko nituye mpunze u Rwanda. Nituye kuri Zone Bwiza tariki 31 z’ukwa Gatatu 2019, nciye ku Kanyaru, mfite pasiporo, ndinjira bisanzwe byemewe n’amategeko hanyuma ngeze mu Bujumbura nditura.”
Yakomeje avuga ko icyo gihe yagiye mu Burundi nk’umwarimu w’umukino wa Kung-Fu, ajya kwitabira umuhango wo kuzamura abantu mu ntera. We ngo yari umwe mu bagombaga gutanga umudari. Gusa ngo Leta y’u Rwanda yari yamuhaye gahunda yo kuneka. Ati: “Nari ntegetswe gukora misiyo yo kuneka mu gihugu cy’u Burundi, ndayanga, nitura mu gihugu cy’u Burundi.”
Lt. Rutabayiro avuga ko yinjiye mu gisirikare cy’u Rwanda mu 1995, akorera igisirikare muri Kongo, hanyuma yinjira mu rwego rw’iperereza mu mwaka w’2003. Ngo ubutasi yabukoreye mu bihugu birimo Uganda, Kenya, u Bushinwa na Kongo.
Ku musozo w’iyi videwo, Lt. Rutabayiro yavuze ko adashaka gusubira mu Rwanda, ahubwo ngo ashaka kuba mu Burundi cyangwa se akohereza mu buhungiro mu kindi gihugu kandi akarindirwa umutekano, ntihagire umuhungabanyiriza umutekano.
Videwo ya Lt Rutabayiro hano
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV




20 Responses
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Yewe, Abarundi muba mwabuze icyo mukora. Uwo urabona yaba intasi ate? N’umukinnyi nyine w’umusitari. Uwo murabona Urwanda Urwanda rwamukoresha iki? Ese kuki mutamenyera iby’Urwanda? Urwanda rwakoresha na Ndayishimiye ubwe kumenya iby’ubutegetsi bwe. Ntabwo Urwanda rukeneye gukoresha iyo sarigoma, rufite abarundi benshi rwakoresha runakoresha gusumba iyo indiscipline. Uwo ibyagisirikare azi ni iyo siporo akora nyine.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyu ni indiscipline mbi yirirwaga ishuka abakobwa inaha ibatera amada yarangiza ikabatererana. Ahubwo yatorotse ibirego yarafite byinshi byabo yahemukiye.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Sha nanjye uyu muzi aba kugisozi yirirwa yinjiza abakobwa muri ghetto mbega umujama we gusa yari super star wa tetoige nyinshi
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Sha nanjye uyu muzi aba kugisozi yirirwa yinjiza abakobwa muri ghetto mbega umujama we gusa yari super star wa tetoige nyinshi
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Sha nanjye uyu muzi aba kugisozi yirirwa yinjiza abakobwa muri ghetto mbega umujama we gusa yari super star wa tetoige nyinshi
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Sha nanjye uyu muzi aba kugisozi yirirwa yinjiza abakobwa muri ghetto mbega umujama we gusa yari super star wa tetoige nyinshi
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyu ni indiscipline mbi yirirwaga ishuka abakobwa inaha ibatera amada yarangiza ikabatererana. Ahubwo yatorotse ibirego yarafite byinshi byabo yahemukiye.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uwo yababeshye kwari umu rundi ndumiwe uyu muzi kivugiza kuva muri 1993 none yabaye umurundi kwigisha imodoka muri tapi rouge i nyamirambo abivuyemo sukubabeshya ndumiwe Lt. yayibonye ryari ahubwo buri wese yakwiha iranka kuko abarundi baroroshye kubaragira komeza wahure inyana icyushaka baguhe.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyo ni civilian rwose benshi turamuzi arimo gushaka amaramuko
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyo ni civilian rwose benshi turamuzi arimo gushaka amaramuko
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uwo yababeshye kwari umu rundi ndumiwe uyu muzi kivugiza kuva muri 1993 none yabaye umurundi kwigisha imodoka muri tapi rouge i nyamirambo abivuyemo sukubabeshya ndumiwe Lt. yayibonye ryari ahubwo buri wese yakwiha iranka kuko abarundi baroroshye kubaragira komeza wahure inyana icyushaka baguhe.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Yewe, Abarundi muba mwabuze icyo mukora. Uwo urabona yaba intasi ate? N’umukinnyi nyine w’umusitari. Uwo murabona Urwanda Urwanda rwamukoresha iki? Ese kuki mutamenyera iby’Urwanda? Urwanda rwakoresha na Ndayishimiye ubwe kumenya iby’ubutegetsi bwe. Ntabwo Urwanda rukeneye gukoresha iyo sarigoma, rufite abarundi benshi rwakoresha runakoresha gusumba iyo indiscipline. Uwo ibyagisirikare azi ni iyo siporo akora nyine.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Kwe escro nkuyu ababeshya mubuhe buryo keretse iyo Lt. niba yarayibonye mukwigisha imodoka muri tapi rouge cg kwanga umwana we yabyaranye nu muvandimwe ahubwo isabire icyo ushaka.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Kwe escro nkuyu ababeshya mubuhe buryo keretse iyo Lt. niba yarayibonye mukwigisha imodoka muri tapi rouge cg kwanga umwana we yabyaranye nu muvandimwe ahubwo isabire icyo ushaka.
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
hhhhh lieutenant ntago bayha ubonets bashinganahe mw
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
hhhhh lieutenant ntago bayha ubonets bashinganahe mw
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
hhhhh lieutenant ntago bayha ubonets bashinganahe mw
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
hhhhh lieutenant ntago bayha ubonets bashinganahe mw
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyumugabo ndamuzi twabanye Kibuye muri Bn 31 yinjiye igisirikare cyurwanda 98 atoroka 2000,ark mbereyaho 97 igihe abana binyange baterwaga nabacengezi niho yigaga,iwabo ni kivugiza ubuse Koko Urwanda ntirwamutuma ahubwo navuge ibyakeneye bamwihere
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’
Uyumugabo ndamuzi twabanye Kibuye muri Bn 31 yinjiye igisirikare cyurwanda 98 atoroka 2000,ark mbereyaho 97 igihe abana binyange baterwaga nabacengezi niho yigaga,iwabo ni kivugiza ubuse Koko Urwanda ntirwamutuma ahubwo navuge ibyakeneye bamwihere