Ikiremwa muntu kimeze nka malayika cyahanutse kiva mu ijuru kigwa ku butaka bw’igihugu cy’Ubwongereza. Icyo kiremwa gisa cyane n’umuntu cyaguye gifite amababa ameze nk’aya malaika mu ma saha ya saa saba n’iminota mirongo itanu (13h50)

Nk’uko urubuga boredpanda rubivuga ngo uyu malaika asa cyane n’ibiremwa muntu, abantu bameze n’abapolisi ariko bambaye imyambaro isanzwe n’amadarubindi atagaragaza mu maso ( lunettes de soleil) baba hungishije nk’umurabyo ku buryo ntawamenye aho barigitiye, abaturage bakaba bemeza ko byabaye nka filme.

Igiteye urijijo ni uburyo ikiremwa nk’icyo gishobora kugwa ku butaka, abantu bakaba bibaza aho cyavuye mu kirere bamwe bemeza ko cyavuye mu ijuru, abandi bati malaika ntashobora kugwa ngo abonwe n’abantu kuko aba ari umwuka, bityo impaka zibe zirabaye.



Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


