img_20210709_185141.jpg

Manzi Thierry yerekeje ku mugabane w’u Burayi (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Myugariro Manzi Thierry wari Kapiteni wa APR FC, yafashe rutemikirere yerekeza muri Georgia mu ikipe ye nshya ya FC Dila Gori yo mu cyiciro cya mbere muri kiriya gihugu.

Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa gatanu ni bwo Manzi yahagurutse i Kanombe aho yari aherekejwe n’inshuti n’umuryango we yerekeza i Burayi.

Ni nyuma ya Lague Byiringiro na we wahagurutse ejo ku wa Kane yerekeza mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi.

Manzi Thierry yaje muri APR FC 2019 avuye mu ikipe ya Rayon Sports akaba yaramaze imyaka ibiri mu ikipe y’ingabo z’igihugu akaba yarayibereye kapiteni kuva yayigeramo.

img_20210709_185141.jpg

img_20210709_185137.jpg

img_20210709_185134.jpg

9g8a2943-768x547.jpg

9g8a2964-768x532.jpg

Amafoto: @APR FC


Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *