Mbappe ari hejuru ya Cristiano na Messi- Mourinho

Sangiza iyi nkuru

Uwahoze ari umutoza w’Ikipe ya Manchester United, Jose Mourinho atangaza ko muri iki gihe umukinnyi wa Paris Saint Germain, Kylian Mbappe ari ku rwego rwo hejuru mu gaciro ugereranyije na Messi ndetse na Cristiano Ronaldo.

Mourinho avuga ibi ashingiye ku kuba ibyo Mbappe akora ibitangaza ku myaka ye micye.

Aganira na BEin Sports yagize ati “ Ibyo akora ku myaka ye bituma aba umukinnyi uhenze ugereranyije na Messi ndetse na Cristiano. Ku mukinnyi nka Mbappe, si ngombwa kwibaza ngo azaba ameze ate mu myaka itanu,10  iri imbere. Kugeza ubu aratangaje.”

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Mourinho  avuga ko ugereranyije imyaka ya Messi (31), Cristiano (34), Neymar (27) wasanga Mbappe ari we ufite akamaro cyane nko kubagura  abakinnyi.

 

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *