Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma

Sangiza iyi nkuru

Abantu benshi bakunze gukoresha impapuro ziswe iz’isuku bivugwa ko zagenewe kwihanagura mu kibuno nyuma yo kwiherera. Kuba zitwa iz’isuku mu mitwe y’abazikoresha byabaye icyizere ko nta kibazo zatera.

Umuganga Dr. Olufunmilayo wo muri bimwe mu bitaro byo muri Nigeria avuga ko gukoresha izi mpapuro bifite ingaruka ku buzima bw’uzikoresha.

Uyu mugore ukunze kugira inama abantu ku buzima akoresheje Twitter, yavuze ko gukoresha impapuro nyuma yo kwituma bitera ibibazo bikurikira:

1. Bishobora kwangiriza mu kibuno
2. Bitwara igihe n’amafaranga
3. Bishobora gutuma ikibuno gisigara kinuka kandi gisa nabi
4. Bishobora gutera ubwandu bw’inkari (urinary infection)
5. Kwanduza imyenda y’imbere hazamo ibizinga cyangwa rimwe na rimwe umwanda ukayijyamo.

Uyu muganga agira inama abantu gukoresha amazi nka bumwe mu buryo bwo kwisukura butagira ingaruka mbi ku buzima bwabo.

Mu Rwanda, abantu benshi bizwi ko bakoresha impapuro bisukura nyuma yo kwituma. Gusa na none biterwa n’amikoro kuko hari abagura iziva mu nganda mu gihe abandi baca mu makayi n’ibitabo bitagikoreshwa. Ibi byeze mu banyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, aho mu rwego rwo gutsinda uru rupapuro barwita amazina atandukanye bitewe n’aho ishuri riherereye. Muri ayo mazina harimo: ibati, ikori n’andi.

Hari n’abakoresha ibyatsi cyane mu cyaro cyangwa se ibyo bita kwikuruza (gukuba ikibuno ku kintu).

Abakoresha amazi biganjemo abayisilamu nk’uko biri mu muco w’idini. Na none hari abandi batari mu idini rya Islam bakoresha amazi (kwitawaza).

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ntago urahura numugore mwiza cg umukobwa mwiza yakuramo ikariso ukagirango yaraboze bitewe nukwihehesha papiyejenike / toilet paper amabyi asigara ku kubiri byanze bikunze.

  2. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ntago urahura numugore mwiza cg umukobwa mwiza yakuramo ikariso ukagirango yaraboze bitewe nukwihehesha papiyejenike / toilet paper amabyi asigara ku kubiri byanze bikunze.

  3. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ukoma urusyo akoma n’ingasire.Yaba toilet paper cyangwa “kwitawaza”,byombi bitera ibibazo by’isuku.Ariko kuli ge,ibibi birarutana.Abantu bitawaza,ni gake cyane bakaraba n’isabune.Bakoresha amazi gusa.Bisobanura ko basigarana Microbes mu ntoki,bakagenda banduza abo basuhuje bose.Conclusion: Kwitawaza ni bibi cyane kurusha toilet paper.
    Abakoresha toilet paper nta muntu banduza.

  4. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ukoma urusyo akoma n’ingasire.Yaba toilet paper cyangwa “kwitawaza”,byombi bitera ibibazo by’isuku.Ariko kuli ge,ibibi birarutana.Abantu bitawaza,ni gake cyane bakaraba n’isabune.Bakoresha amazi gusa.Bisobanura ko basigarana Microbes mu ntoki,bakagenda banduza abo basuhuje bose.Conclusion: Kwitawaza ni bibi cyane kurusha toilet paper.
    Abakoresha toilet paper nta muntu banduza.

  5. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Umva munyema iyo ugiye kwitawaza ukoresha akaboko kibumoso naho iyo usuhuza ukoresha akaboko kiburyo ibyo uvuga rero ubanza utabizi

  6. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Umva munyema iyo ugiye kwitawaza ukoresha akaboko kibumoso naho iyo usuhuza ukoresha akaboko kiburyo ibyo uvuga rero ubanza utabizi

  7. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ninjye rwose si numva ukuntu umuntu yajya Ahora yikora mukibuno kdi Tuba dufata kubintu bitandukanye ubundise ukoresheje toilet paper wajya kuryama cg no kugirana gahun

  8. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Ninjye rwose si numva ukuntu umuntu yajya Ahora yikora mukibuno kdi Tuba dufata kubintu bitandukanye ubundise ukoresheje toilet paper wajya kuryama cg no kugirana gahun

  9. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Aho uratubeshye aho nzi hose bakoresha amazi haba hari n’isabune ibyo ntutubitendeho kuko isuku y’abasilamu kazi ntaho ihuriye nita abakristu uzajye no kwa muganga urabaza bazakubwira nikangahe bagira abagore kozaimyanya yabo y’ibanga harinusahireye cinema ari bajye Mubarak bagenzi banyu babasilamukazi
    Gusa njye nakongeraho ko ubikoresheje byombi aribyo sawa hanabusa na toilet paper nurangiza uciceho utuzi bizakurinda Uganda winukira nikita nabandi

  10. Menya impamvu udakwiriye gukoresha impapuro wihanagura nyuma yo kwituma
    Aho uratubeshye aho nzi hose bakoresha amazi haba hari n’isabune ibyo ntutubitendeho kuko isuku y’abasilamu kazi ntaho ihuriye nita abakristu uzajye no kwa muganga urabaza bazakubwira nikangahe bagira abagore kozaimyanya yabo y’ibanga harinusahireye cinema ari bajye Mubarak bagenzi banyu babasilamukazi
    Gusa njye nakongeraho ko ubikoresheje byombi aribyo sawa hanabusa na toilet paper nurangiza uciceho utuzi bizakurinda Uganda winukira nikita nabandi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *