Meya Lukwago yabonywe ‘arabya indimi’ ku mabuno ya Winnie Nwagi

Sangiza iyi nkuru

Meya w’Umujyi wa Kampala, Erias Lukwago Ssalongo yagaragaye yarangariye amabuno y’umuhanzikazi Winnie Nwagi bari bahuriye mu birori.

Nwagi n’ubusanzwe ugira inyuma hashotorana yari mu bahanzi bari baje gususurutsa abari bitabiriye ibirori bya nyuma yo kurahira kwa Lukwago.

Abari aho babibonye ko Meya Lukwago yari yarangariye amabuno gusa bimwe mu bitangazamakuru muri Uganda bivuga ko ” amazi yari yamwuzuye akanwa.”

Blizz iti ” Lukwago yari hafi guta imbobi ubwo yitegerezaga uko Nwagi yizunguza mu gihe yaririmbaga.”

Uyu mugabo w’imyaka 51 afite abana batandatu. Ubusanzwe ntakunze kuvugwa mu gukururana n’abagore. Azwi cyane mu mpaka z’amategeko na politiki.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *