MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga

Sangiza iyi nkuru

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Gaspard Twagirayezu, arasobanura impamvu hagiye guhindurwa uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga.

Uyu muyobozi avuga ko amanota yose azabarwa mu buryo bumwe mu gihe ubusanzwe buri cyiciro cyabaga gifite uburyo bwacyo amanota atangazwamo.

Yagize ati ” Twahinduye uburyo amanota yajyaga abarwa. Ubundi ubusanzwe abo mu mashuri abanza babaga bafite uburyo bwabo, icyiciro rusange, A’ level nabo bafite ubwabo. Twabaga dufite uburyo burenga butanu.”

Twagirayezu avuga ko muri izi mpinduka, babishyize kuri scale (igipimo) imwe ariko akavuga ko NESA na MINEDUC bazabitangaho ibisobanuro kuri iki cyemezo, avuga ko ” Kiri muri interest (inyungu) z’abana bacu.”

Soma Izindi Nkuru

The Ben ari mu bitaro

April 16, 2026

6 Responses

  1. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
    Ariko habuze umuntu wumugano utekerereza uburezi?
    Njye numva abantu bose bakoze mu Burezi (strategic level) bagombaga gushyikirizwa RIB

    1. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
      Hhhhhh ubona barakoze ikihe cyaha ko hari ibyaha bisaza bityo RIB ikaba ntaho yahera ?

    2. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
      Hhhhhh ubona barakoze ikihe cyaha ko hari ibyaha bisaza bityo RIB ikaba ntaho yahera ?

  2. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
    Ariko habuze umuntu wumugano utekerereza uburezi?
    Njye numva abantu bose bakoze mu Burezi (strategic level) bagombaga gushyikirizwa RIB

  3. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
    Education buri gihe ihorana akavuyo

  4. MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
    Education buri gihe ihorana akavuyo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *