Shinzo Abe wahoze ari minisitiri w’Intebe w’u Buyapani kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Nyakanga yarashwe ubwo yariyagiye kwiyamamaza mu Mujyi wa Nara.
Radio na Televiziyo bya leta, NHK, byavuze ko Abe w’imyaka 67 yarashwe n’umuntu wari witwaje imbunda amuhereye mu mugongo kubw’amahirwe ntiyahita apfa akaba arimo gukurikiranwa n’abaganga.
Umugabo wamurashe w’imyaka 41, usanzwe ari umuturage wo mu Muji wa Nara, yahise atabwa muri yombi abwira polisi ko atari yishimiye Abe gusa yashakaga kumwica.
Dore ko byari byifashe mu mafoto

Abe yari yaramukanye akanyamuneza

Avuga ijambo mbere yo kuraswa


Hasi nyuma yo kuraswa

Ahakorwe icyaha urebeye mu ndege


Ukekwa yahise afatwa



Indege yahise iza kumutwara

Abashinzwe gushakisha ibimenyetso bya gihanga bahise bahagera





